Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Igitabo cy’Umubwiriza

Ibice

1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12

Ibirimo

  • 1

    • Byose ni ubusa (1-11)

      • Isi ihoraho iteka ryose (4)

      • Ibintu bihora bibaho mu buzima (5-7)

      • Nta gishya kuri iyi si (9)

    • Ubwenge bw’abantu bufite aho bugarukira (12-18)

      • Kwiruka inyuma y’umuyaga (14)

  • 2

    • Salomo agenzura ibyo yagezeho(1-11)

    • Akamaro k’ubwenge bw’abantu (12-16)

    • Imirimo iruhije idafite icyo imaze (17-23)

    • Jya urya, unywe kandi wishimire umurimo ukora (24-26)

  • 3

    • Ikintu cyose gifite igihe cyagenewe (1-8)

    • Ishimire ubuzima kuko ari impano y’Imana (9-15)

      • Kubaho iteka ni icyifuzo kiba mu mutima w’umuntu (11)

    • Imana icira abantu bose urubanza rutabera (16, 17)

    • Abantu barapfa n’inyamaswa zigapfa (18-22)

      • Byose bisubira mu mukungugu (20)

  • 4

    • Gukandamizwa ni bibi kurusha urupfu (1-3)

    • Kubona ibijyanye n’akazi mu buryo bukwiriye (4-6)

    • Akamaro k’inshuti (7-12)

      • Abantu babiri baruta umwe (9)

    • Ubuzima bw’umwami bushobora kumupfira ubusa (13-16)

  • 5

    • Jya witwara neza ugiye imbere y’Imana (1-7)

    • Abakomeye bagenzura aboroheje (8, 9)

    • Ubutunzi ni ubusa (10-20)

      • Abakunda afaranga ntibajya bayahaga (10)

      • Ibitotsi by’umuntu ukorera abandi bimugwa neza (12)

  • 6

    • Umuntu ashobora kugira ibintu byinshi ariko ntabyishimire (1-6)

    • Ishimire ibyo ufite ubu (7-12)

  • 7

    • Kuvugwa neza, n’ibijyanye n’umunsi wo gupfa (1-4)

    • Gucyahwa n’umunyabwenge (5-7)

    • Iherezo ry’ikintu riruta intangiriro yacyo (8-10)

    • Akamaro k’ubwenge (11, 12)

    • Iminsi myiza n’iminsi mibi (13-15)

    • Jya wirinda gukabya (16-22)

    • Icyo umubwiriza yagezeho amaze gusuzuma ibintu bitandukanye (23-29)

  • 8

    • Ubutegetsi bw’abantu badatunganye (1-17)

      • Jya wumvira amategeko y’umwami (2-4)

      • Umuntu yagiye ategeka undi amugirira nabi (9)

      • Iyo igihano kidahise gitangwa (11)

      • Jya urya, unywe kandi wishime (15)

  • 9

    • Bose bagira iherezo rimwe (1-3)

    • Tujye twishimira ubuzima nubwo tugerwaho n’urupfu (4-12)

      • Abapfuye nta cyo bazi (5)

      • Mu Mva nta mirimo ikorerwayo (10)

      • Ibihe n’ibigwirira abantu (11)

    • Ubwenge si ko buri gihe bwishimirwa (13-18)

  • 10

    • Ubujiji buke butuma ubwenge buba imfabusa (1)

    • Abantu batagira ubwenge nta cyo bageraho (2-11)

    • Ibibazo abantu batagira ubwenge bahura na byo (12-15)

    • Abayobozi batagira ubwenge (16-20)

      • Akanyoni gashobora kumva ibyo wavuze maze kakajya kubivuga (20)

  • 11

    • Jya ukoresha uburyo ufite ukore ibyiza (1-8)

      • Naga umugati wawe hejuru y’amazi (1)

      • Jya utera imbuto kuva mu gitondo kugeza nimugoroba (6)

    • Jya witwara neza ukiri muto (9, 10)

  • 12

    • Jya wibuka Umuremyi, ubikore utarasaza (1-8)

    • Umwanzuro w’umubwiriza (9-14)

      • Amagambo y’abanyabwenge ameze nk’imihunda (11)

      • Ujye utinya Imana y’ukuri (13)