Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Indirimbo ya Salomo

Ibice

1 2 3 4 5 6 7 8

Ibirimo

  • UMUKOBWA W’UMUSHULAMI KWA SALOMO (1:1–3:5)

    • 1

      • Indirimbo nziza cyane (1)

      • Umukobwa (2-7)

      • Abakobwa b’i Yerusalemu (8)

      • Umwami (9-11)

        • “Tuzagucurira imirimbo ya zahabu” (11)

      • Umukobwa (12-14)

        • ‘Umukunzi wanjye ameze nka parufe ihumura neza’ (13)

      • Umushumba (15)

        • “Sheri, uri mwiza. Uri mwiza pe!”

      • Umukobwa (16, 17)

        • “Mukunzi wanjye, uri mwiza kandi uteye ubwuzu” (16)

    • 2

      • Umukobwa (1)

        • “Jye mbona meze nk’akarabyo ko mu gasozi”

      • Umushumba (2)

        • ‘Umukobwa nakunze ameze nk’akarabo keza’

      • Umukobwa (3-14)

        • ‘Ntimukangure urukundo rwanjye kugeza igihe ruzumva rubyishakiye’ (7)

        • Amagambo yavuzwe n’umushumba (10b-14)

          • “Bwiza bwanjye, haguruka uze tugende” (10b, 13)

      • Basaza b’umukobwa (15)

        • “Nimudufatire izo ngunzu”

      • Umukobwa (16, 17)

        • “Umukunzi wanjye ni uwanjye kandi nanjye ndi uwe” (16)

    • 3

      • Umukobwa (1-5)

        • ‘Nijoro natekereje umukunzi wanjye’ (1)

  • UMUSHULAMI I YERUSALEMU (3:6–8:4)

    • 3

      • Abakobwa b’i Siyoni (6-11)

        • Imyiyereko ya Salomo

    • 4

      • Umushumba (1-5)

        • “Mukobwa nakunze, uri mwiza pe!” (1)

      • Umukobwa (6)

      • Umushumba (7-16a)

        • ‘Mugeni wanjye ni ukuri wantwaye umutima’ (9)

      • Umukobwa (16b)

    • 5

      • Umushumba (1a)

      • Abagore b’i Yerusalemu (1b)

        • ‘Musinde urukundo!’

      • Umukobwa (2-8)

        • Avuga iby’inzozi yarose

      • Abakobwa b’i Yerusalemu (9)

        • “Umukunzi wawe arusha iki abandi basore?”

      • Umukobwa (10-16)

        • “Mu 10.000 ni we ugaragara kurusha abandi bose” (10)

    • 6

      • Abakobwa b’i Yerusalemu (1)

      • Umukobwa (2, 3)

        • “Ndi uw’umukunzi wanjye, kandi nawe ni uwanjye” (3)

      • Umwami (4-10)

        • “Uri mwiza nk’umujyi ushimishije” (4)

        • Amagambo yavuzwe n’abagore (10)

      • Umukobwa (11, 12)

      • Umwami (n’abandi) (n’abandi) (13a)

      • Umukobwa (13b)

      • Umwami (n’abandi) (13c)

    • 7

      • Umwami (1-9a)

        • “Mukobwa nihebeye, mbega ukuntu uri mwiza!” (6)

      • Umukobwa (9b-13)

        • “Ndi uw’umukunzi wanjye, kandi nawe aranyifuza” (10)

    • 8

      • Umukobwa (1-4)

        • “Iyaba wari nka musaza wanjye” (1)

  • UMUSHULAMI AGARUKA, BIKAGARAGAZA KO ARI INDAHEMUKA (8:5-14)

    • 8

      • Basaza b’umukobwa (5a)

        • ‘Uriya ni nde uzamuka yegamiye umukunzi we?’

      • Umukobwa (5b-7)

        • “Urukundo rukomeye nk’urupfu” (6)

      • Basaza b’umukobwa (8, 9)

        • “Niba ameze nk’urukuta, . . . niba ameze nk’umuryango, . . .” (9)

      • Umukobwa (10-12)

        • “Ndi urukuta” (10)

      • Umushumba (13)

        • ‘Reka numve ijwi ryawe’

      • Umukobwa (14)

        • “Ngwino wihuta nk’ingeragere”