Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ibyakozwe n’Intumwa

Ibice

Ibirimo

  • 1

    • Ibyandikiwe Tewofili (1-5)

    • Muzambera abahamya mugere mu turere twa kure cyane tw’isi (6-8)

    • Yesu azamuka akajya mu ijuru (9-11)

    • Abigishwa bateranaga bunze ubumwe (12-14)

    • Matiyasi atoranywa ngo asimbure Yuda (15-26)

  • 2

    • Abigishwa bahabwa umwuka wera kuri Pentekote (1-13)

    • Disikuru ya Petero (14-36)

    • Abantu benshi bumva disikuru ya Petero bakagira icyo bakora (37-41)

      • Abantu 3.000 babatizwa (41)

    • Abakristo bakoranaga mu bumwe (42-47)

  • 3

    • Petero akiza umuntu wari waramugaye kandi wasabirizaga (1-10)

    • Petero yigishiriza ku Ibaraza rya Salomo (11-26)

      • ‘Imana izasubiza mu buryo ibintu byose’ (21)

      • Umuhanuzi umeze nka Mose (22)

  • 4

    • Petero na Yohana bafatwa (1-4)

      • Umubare w’abagabo bizeye ugera ku 5.000 (4)

    • Bashyikirizwa Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (5-22)

      • “Ntidushobora kureka kuvuga” (20)

    • Basenga basaba ubutwari (23-31)

    • Abigishwa basangiraga ibyo bafite (32-37)

  • 5

    • Ananiya na Safira (1-11)

    • Intumwa zikora ibitangaza byinshi (12-16)

    • Zifungwa kandi zigafungurwa (17-21a)

    • Zongera kugezwa imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (21b-32)

      • “Tugomba kumvira Imana aho kumvira abantu” (29)

    • Inama ya Gamaliyeli (33-40)

    • Kubwiriza ku nzu n’inzu (41, 42)

  • 6

    • Hatoranywa abagabo barindwi ngo bahabwe inshingano (1-7)

    • Sitefano ashinjwa gutuka Imana (8-15)

  • 7

    • Sitefano yiregurira imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (1-53)

      • Mu gihe cya ba sogokuruza (2-16)

      • Abisirayeli bayoborwa na Mose. Abisirayeli basenga ibigirwamana (17-43)

      • Imana ntiba mu nsengero zubatswe n’abantu (44-50)

    • Sitefano aterwa amabuye (54-60)

  • 8

    • Sawuli atangira gutoteza abigishwa (1-3)

    • Filipo abwiriza ubutumwa bwiza i Samariya (4-13)

    • Petero na Yohana boherezwa i Samariya (14-17)

    • Simoni agerageza kugura umwuka wera (18-25)

    • Umunyetiyopiya wari umukozi w’ibwami (26-40)

  • 9

    • Sawuli ajya i Damasiko (1-9)

    • Ananiya yoherezwa ngo afashe Sawuli (10-19a)

    • Sawuli abwiriza ibyerekeye Yesu i Damasiko (19b-25)

    • Sawuli ajya i Yerusalemu (26-31)

    • Petero akiza indwara Ayineya (32-35)

    • Dorukasi wagiraga ubuntu azurwa (36-43)

  • 10

    • Koruneliyo yerekwa (1-8)

    • Petero yerekwa ko inyamaswa zejejwe (9-16)

    • Petero ajya kwa Koruneliyo (17-33)

    • Petero abwiriza ubutumwa bwiza abanyamahanga (34-43)

      • “Imana ntirobanura” (34, 35)

    • Abanyamahanga bahabwa umwuka wera kandi bakabatizwa (44-48)

  • 11

    • Petero abwira intumwa ibijyanye n’umurimo yakoze (1-18)

    • Barinaba na Sawuli bari muri Antiyokiya ya Siriya (19-26)

      • Abigishwa batangira kwitwa Abakristo (26)

    • Agabo ahanura ko hazabaho inzara (27-30)

  • 12

    • Yakobo yicwa. Petero afungwa (1-5)

    • Petero afungurwa mu buryo bw’igitangaza (6-19)

    • Umumarayika akubita Herode (20-25)

  • 13

    • Barinaba na Sawuli baba abamisiyonari (1-3)

    • Babwiriza muri Shipure (4-12)

    • Pawulo yigisha muri Antiyokiya ho muri Pisidiya (13-41)

    • Ubuhanuzi buvuga ko abanyamahanga bagombaga kubwirizwa (42-52)

  • 14

    • Abantu benshi bo muri Ikoniyo bizera ariko intumwa zigatotezwa (1-7)

    • Intumwa bazita amazina y’imana zo mu mujyi wa Lusitira (8-18)

    • Pawulo bamutera amabuye ariko akarokoka (19, 20)

    • Bakomeza amatorero (21-23)

    • Basubira muri Antiyokiya ho muri Siriya (24-28)

  • 15

    • Muri Antiyokiya haba impaka ku birebana no gukebwa (1, 2)

    • Bajyana ikibazo i Yerusalemu (3-5)

    • Abasaza n’intumwa bahurira hamwe (6-21)

    • Ibaruwa y’inteko nyobozi (22-29)

    • Amatorero yatewe inkunga n’ibaruwa yohererejwe (30-35)

    • Pawulo na Barinaba batandukana (36-41)

  • 16

    • Pawulo atoranya Timoteyo (1-5)

    • Iyerekwa ry’umuntu wari i Makedoniya (6-10)

    • Lidiya w’i Filipi aba umwigishwa wa Yesu (11-15)

    • Pawulo na Silasi bafungwa (16-24)

    • Umurinzi wa gereza n’abo mu rugo rwe babatizwa (25-34)

    • Pawulo asaba abacamanza gusaba imbabazi (35-40)

  • 17

    • Pawulo na Silasi bari i Tesalonike (1-9)

    • Pawulo na Silasi bari i Beroya (10-15)

    • Pawulo ari muri Atene (16-22a)

    • Pawulo yigishiriza kuri Areyopago (22b-34)

  • 18

    • Pawulo abwiriza i Korinto (1-17)

    • Asubira muri Antiyokiya ho muri Siriya (18-22)

    • Pawulo ajya i Galatiya n’i Furugiya (23)

    • Apolo wari umuhanga yigishwa (24-28)

  • 19

    • Pawulo ari muri Efeso. Bamwe bongera kubatizwa (1-7)

    • Pawulo abwiriza kandi akigisha (8-10)

    • Yageze kuri byinshi n’ubwo umudayimoni yashatse kumubangamira (11-20)

    • Muri Efeso haba imvururu (21-41)

  • 20

    • Pawulo ajya i Makedoniya no mu Bugiriki (1-6)

    • Utuko azurwa i Tirowa (7-12)

    • Ava i Tirowa akajya i Mileto (13-16)

    • Pawulo ahura n’abasaza bo muri Efeso (17-38)

      • Kubwiriza ku nzu n’inzu (20)

      • “Gutanga bihesha ibyishimo” (35)

  • 21

    • Ajya i Yerusalemu (1-14)

    • Agera i Yerusalemu (15-19)

    • Pawulo yumvira inama abasaza bamugiriye (20-26)

    • Mu rusengero haba imvururu, Pawulo agafatwa (27-36)

    • Pawulo yemererwa kugira icyo abwira abantu (37-40)

  • 22

    • Pawulo yiregurira imbere y’abantu (1-21)

    • Pawulo akoresha ubwenegihugu bw’Abaroma (22-29)

    • Abagize Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi baterana (30)

  • 23

    • Pawulo yiregurira imbere y’Urukiko rw’Ikirenga rw’Abayahudi (1-10)

    • Umwami akomeza Pawulo (11)

    • Bacura umugambi wo kwica Pawulo (12-22)

    • Pawulo yoherezwa i Kayisariya (23-35)

  • 24

    • Ibirego baregaga Pawulo (1-9)

    • Pawulo yiregurira imbere ya Feligisi (10-21)

    • Pawulo afungwa imyaka ibiri (22-27)

  • 25

    • Pawulo aburanira imbere ya Fesito (1-12)

      • “Njuririye Kayisari!” (11)

    • Fesito agisha inama Umwami Agiripa (13-22)

    • Pawulo ajyanwa imbere ya Agiripa (23-27)

  • 26

    • Pawulo yiregurira imbere ya Agiripa (1-11)

    • Pawulo asobanura uko yabaye Umukristo (12-23)

    • Uko Fesito na Agiripa bitwaye bamaze kumva Pawulo (24-32)

  • 27

    • Pawulo ajya i Roma (1-12)

    • Umuhengeri umenagura ubwato (13-38)

    • Ubwato bumeneka (39-44)

  • 28

    • Bajya ku kirwa cya Malita (1-6)

    • Papa wa Pubiliyo akira indwara (7-10)

    • Bagera i Roma (11-16)

    • Pawulo avugana n’Abayahudi i Roma (17-29)

    • Pawulo abwirizanya ubutwari mu gihe cy’imyaka ibiri (30, 31)