Igifubiko cy’inyuma
Muri Yesaya 40:11 hagira hati: “[Yehova] azita ku ntama ze nk’umwungeri. Azahuriza hamwe abana b’intama akoresheje ukuboko kwe, kandi azabatwara mu gituza cye.” Iyo witegereje akana k’intama umwungeri agateruye, ese wumva nawe wifuje kwegera Papa wo mu ijuru mu buryo nk’ubwo? Ariko se, ni gute wakwegera Yehova?