Ku wa Gatanu
‘IMANA NI YO YATWIGISHIJE GUKUNDANA’—1 ABATESALONIKE 4:9
MBERE YA SAA SITA
-
8:20 Videwo y’umuzika wihariye
-
8:30 Indirimbo ya 105 n’isengesho
-
8:40 DISIKURU ITANGWA N’UHAGARARIYE IKORANIRO: Kuki ‘urukundo rutazigera rushira’? (Abaroma 8:38, 39; 1 Abakorinto 13:1-3, 8, 13)
-
9:15 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Ntukiringire ibintu bitazaramba:
-
Ubutunzi (Matayo 6:24)
-
Kwishakira umwanya ukomeye no kuba ikirangirire (Umubwiriza 2:16; Abaroma 12:16)
-
Ubwenge bw’abantu (Abaroma 12:1, 2)
-
Imbaraga n’uburanga (Imigani 31:30; 1 Petero 3:3, 4)
-
-
10:05 Indirimbo ya 40 n’amatangazo
-
10:15 DARAME YO GUTEGA AMATWI: Yehova yakomeje kugaragaza urukundo rudahemuka (Intangiriro 37:1-36; 39:1–47:12)
-
10:45 Yehova akunda abakunda Umwana we (Matayo 25:40; Yohana 14:21; 16:27)
-
11:15 Indirimbo ya 20 n’ikiruhuko
NYUMA YA SAA SITA
-
12:25 Videwo y’umuzika wihariye
-
12:35 Indirimbo ya 107
-
12:40 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Jya ugaragaza urukundo rudashira nubwo waba . . .
-
Warakuriye mu muryango utagira urukundo (Zaburi 27:10)
-
Ukorana n’abantu batagira urukundo (1 Petero 2:18-20)
-
Wigana n’abanyeshuri bitwara nabi (1 Timoteyo 4:12)
-
Urwaye indwara idakira (2 Abakorinto 12:9, 10)
-
Uri umukene (Abafilipi 4:12, 13)
-
Urwanywa n’abagize umuryango (Matayo 5:44)
-
-
1:50 Indirimbo ya 141 n’amatangazo
-
2:00 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Ibyaremwe bigaragaza ko Yehova adukunda
-
Isanzure (Zaburi 8:3, 4; 33:6)
-
Isi (Zaburi 37:29; 115:16)
-
Ibimera (Intangiriro 1:11, 29; 2:9, 15; Ibyakozwe 14:16, 17)
-
Inyamaswa (Intangiriro 1:27; Matayo 6:26)
-
Umubiri w’umuntu (Zaburi 139:14; Umubwiriza 3:11)
-
-
2:55 “Yehova ahana uwo akunda” (Abaheburayo 12:5-11; Zaburi 19:7, 8, 11)
-
3:15 “Mwambare urukundo” (Abakolosayi 3:12-14)
-
3:50 Indirimbo ya 130 n’isengesho risoza