Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2004

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2004

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2004

Itariki igaragaza inomero ingingo yasohotsemo

ABAHAMYA BA YEHOVA

Abahawe impamyabumenyi i Galeedi, 15/6, 15/12

“Abantu batajya bavugwa” baributswe, 1/9

Abasangwabutaka bo muri Megizike, 15/8

Amakoraniro “Duheshe Imana icyubahiro,” 15/1

Amakoraniro ‘Gendana n’Imana,’ 1/3

‘Ambuka uze udutabare’ (Boliviya), 1/6

Babaye indahemuka kandi barashikama (Polonye), 15/10

Babonera ibyishimo mu gutanga (impano), 1/11

Babwiriza mu buryo bufatiweho mu ifasi yo muri Megizike ikoresha Icyongereza, 15/4

Bagira neza mu gihe bikenewe, 1/6

Baratera imbere, 1/3

Basanga abantu ku kazi, 1/4

Bateranira ku “isi rwagati” (Ikirwa cya Pâques), 15/2

Birenze kuba umukino gusa (abana), 1/10

Ibaruwa yanditswe na Alejandra (Megizike), 1/10

Ibirwa bya Tonga, 15/12

Liberiya, 1/4

Umutimanama utabacira urubanza (yashubije telefoni), 1/2

Yabwiye abanyeshuri bigana ibyo yizera (Polonye), 1/10

‘Yatwigishije kubaha idini rye’ (u Butaliyani), 15/6

BIBILIYA

Bibiliya y’i Complutum, 15/4

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu Itangiriro—I, 1/1

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu Itangiriro—II, 15/1

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu Kuva, 15/3

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu Balewi, 15/5

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu Kubara, 1/8

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu Gutegeka kwa Kabiri, 15/9

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye muri Yosuwa, 1/12

Tumenye ubutunzi bwa Chester Beatty, 15/9

Ubuhinduzi “bwiza bitavugwa” (Traduction du monde nouveau), 1/12

‘Yagendaga akwirakwiza Ivanjiri’ (G. Borrow) 15/8

IBIBAZO BY’ABASOMYI

Abadayimoni mu gihe cy’Imyaka Igihumbi, 15/11

“Abatizera” (2Kr 6:14), 1/7

Abisirayeli bapfiriye umunsi umwe ni 23.000 cyangwa ni 24.000? (1Kr 10:8; Kb 25:9), 1/4

Byagenze bite, kandi se ni nde wari ugiye gupfa? (Kv 4:24-26), 15/3

Icyo Yubile yashushanyaga, 15/7

Imiti ikomoka ku maraso, 15/6

Impamvu abagabo b’Abisirayeli bashoboraga kurongora abanyagano, 15/9

Impamvu Yesu yemereye Toma ko amukoraho ariko akanga ko Mariya Magadalena amukoraho, 1/12

Kugira inda nini 1/11

Kuki Mikali yari atunze terafimu? (1Sm 19:13), 1/6

Kuki Yuda yagiranye imibonano mpuzabitsina n’umugore yatekerezaga yuko ari maraya? (It 38:15), 15/1

‘Mugurize abantu mudatekereza ko bazabishyura’ (Lk 6:35), 15/10

Ni gute Hanameli yagurishije Yeremiya umurima? (Yr 32:7), 1/3

Ni gute wateza agahinda umwuka wera? (Es 4:30), 15/5

Ni hehe inuma yakuye ikibabi? (It 8:11), 15/2

Ni ingamiya iyi tuzi, cyangwa urushinge uru badodesha? (Mt 19:24; Mr 10:25; Lk 18:25), 15/5

‘Satani avuye mu ijuru’ (Lk 10:18), 1/8

Ubwato Pawulo yarimo bwarohamye i Melita? 15/8

Umubare 144.000 ugomba gufatwa uko wakabaye? 1/9

“Urukundo rutunganijwe” (1Yh 4:18), 1/10

IBICE BYIGWA

Abagaragu ba Yehova barishimye, 1/11

Abageze mu za bukuru bafitiye akamaro umuryango wacu w’abavandimwe, 15/5

Baratotezwa ariko barishimye, 1/11

Batwanga nta mpamvu, 15/8

“Databuja, twigishe gusenga” (Isengesho ntangarugero), 1/2

Duheshe Imana icyubahiro “n’akanwa kamwe,” 1/9

Emera kuyoborwa n’Imana ihoraho, 15/6

‘Genda unyure muri iki gihugu,’ 15/10

Gira ubutwari nka Yeremiya, 1/5

Gukomera kwa Yehova ntikurondoreka, 15/1

Gushyira mu gaciro ku birebana n’inzoga, 1/12

Ha agaciro impano y’ubuzima, 15/6

Hahirwa abahesha Imana ikuzo, 1/6

Ibyaremwe bitangaza icyubahiro cy’Imana, 1/6

Icyubahiro cya Yehova gihishurirwa abicisha bugufi, 1/8

“Ijwi ryabo ryasakaye mu isi yose,” 1/1

“Intwaro zose z’Imana,” 15/9

Irinde uburiganya, 15/2

‘Ishusho y’isi irashira,’ 1/2

‘Itegeko’ rya Yehova ntirihinyuka, 15/7

Jya ugendera mu nzira yo gukiranuka, 1/12

Jya wirinda “amajwi y’abandi,” 1/9

Komeza kuba indakemwa urinda umutima wawe, 15/2

‘Kora umurimo w’umubwirizabutumwa bwiza,’ 15/3

Kwita ku bageze mu za bukuru ni inshingano ireba Abakristo, 15/5

Mbese ufite impamvu zo kwizera Paradizo? 15/10

Mbese wemera ubufasha buturuka kuri Yehova? 15/12

Mbese wishimira “amategeko y’Uwiteka”? 15/7

‘Mubigisha kwitondera ibyo nababwiye byose,’ 1/7

‘Mugende muhindure abantu abigishwa,’ 1/7

“Mukomerere mu Mwami,” 15/9

“Mukundane urukundo rwa kivandimwe,” 1/10

Mushake Yehova, we ugenzura imitima, 15/11

Muterane inkunga, 1/5

Ni bande bahesha Imana icyubahiro muri iki gihe? 1/10

Nimucyo twese dutangaze icyubahiro cya Yehova, 1/1

Rubyiruko, mwaba mwiteganyiriza imibereho y’igihe kizaza? 1/5

Tujye tuvuga Ijambo ry’Imana dushize amanga, 15/11

Tujye twishingikiriza ku mwuka w’Imana mu gihe imimerere ihindutse, 1/4

Turananirwa ariko ntiducogora, 15/8

Turwanye umwuka w’isi igenda ihinduka, 1/4

Twihatire kugaragaza umuco wo kugira neza muri iyi si mbi, 15/4

Twitoze kubona ibyo kuba umuntu ukomeye nk’uko Kristo abibona, 1/8

Ubwoko bw’Imana bugomba gukunda kugira neza, 15/4

‘Umugaragu’ ukiranuka w’ubwenge, 1/3

‘Umugaragu ukiranuka’ yatsinze ikigeragezo! 1/3

Urubanza Yehova azasohoreza ku babi, 15/11

“Usohoze umurimo wawe,” 15/3

Yehova aduha ibyo dukeneye buri munsi (Isengesho ntangarugero), 1/2

Yehova arahebuje mu kugaragaza urukundo rudahemuka, 15/1

Yehova ni umutabazi wacu, 15/12

Yehova ni we ‘gihome kidukingira mu gihe cy’amakuba,’ 15/8

IBINDI

666—Gusobanura uyu mubare si ugupfa gufindafinda, 1/4

Abanabatisita, 15/6

Abagaragu b’Imana bameze nk’ibiti, 1/3

Abayobozi beza, 1/11

“Abiyoroshya bazatunga isi ho umurage,” 1/10

Aho twakura inama z’ingirakamaro, 15/8

Amasengesho hari icyo yakumarira? 15/6

Amasezerano y’Amahoro y’i Westphalie, 15/3

“Batsukiraho barambuka bafata i Kupuro,” 1/7

Ehudi, 15/3

Ibaruwa yandikiye Nowa, 1/7

Ibyishimo, 1/9

Ibyo ukeneye byo mu buryo bw’umwuka, 1/2

Icyizere cy’uko hazabaho amahoro, 1/1

Idini ni ryo muzi w’ibibazo? 15/2

“Imana y’ukuri n’ubugingo buhoraho” (1Yh 5:20), 15/10

Imikino ya kera, 1/5

Imimerere yo mu buryo bw’umwuka n’ubuzima bwiza, 1/2

Insyo zituma tubona umutsima, 15/9

Inyamaswa n’ikimenyetso cyayo, 1/4

Inyungu zo mu buryo bw’umwuka, 15/10

Isengesho ry’Umwami, 15/9

Kapadokiya, 15/7

“Kimwe mu bintu byakoranywe ubuhanga buhambaye kurusha ibindi” (igikarabiro), 15/1

Mbese abayobozi b’amadini bakwiriye kwivanga muri politiki? 1/5

Mbese amadini aragana he? 1/3

Mbese twagombye kwambaza abamarayika ngo badufashe? 1/4

Ni iki gituma ubuzima bugira intego nyakuri? 1/8

Rebeka, 15/4

Ubutegetsi bwiza, 1/8

Ubwami bw’Imana burategeka, 1/8

Ugusenga k’ukuri kwahanganye n’ubupagani (Efeso), 15/12

Wagombye kugira idini? 1/6

Wakwiringira amasezerano ya nde? 15/1

Wifuza kuzabaho iteka? 15/11

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

Guhangana n’imimerere yo gucika intege, 1/9

Guhangana n’imimerere yo gushidikanya, 1/2

Gutegereza, 1/10

Hanga amaso ingororano, 1/4

Ifunguro ry’Umwami rya Nimugoroba, 15/3

Igana kwizera kwa Aburahamu na Sara! 15/5

‘Ihema ry’umukiranutsi rizakomera’ (Img 14), 15/11

Ihumure ku bababaye, 15/2

Imimerere yawe ikubuza kugira icyo ugeraho? 1/6

Intego zo mu buryo bw’umwuka, 15/7

Kurera abana, 15/6

Kutivanga bibangamira urukundo? 1/5

Ni gute wahitamo hagati y’ikibi n’icyiza? 1/12

Rubyiruko—nimureke ababyeyi babafashe kurinda imitima yanyu! 15/10

‘Rwana intambara nziza yo kwizera,’ 15/2

Uko wagaragaza ko ukunda Imana, 1/3

“Umunyamakenga akorana ubwenge” (Img 13), 15/7

Umurage abana bagomba guhabwa, 1/9

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Icyemezo kidakuka cyo gushyigikira ubutegetsi bw’Imana (M. Žobrák), 1/11

Imibereho ikungahaye yaranzwe no kwigomwa (M. na R. Szumiga), 1/9

Inyigisho nagiye mpabwa mu buzima bwanjye bwose (H. Gluyas), 1/10

Kunyurwa gushingiye ku kubaha Imana byarankomeje (I. Osueke), 1/3

Mva mu buroko bubi nkajya mu misozi ya Alpes yo mu Busuwisi (L. Walther), 1/6

Nagize imibereho irangwa no kunyurwa n’ubwo nagize intimba (A. Hyde), 1/7

N’ubwo nari impumyi amaso yanjye yashoboye kureba! (E. Hauser), 1/5

Twabeshejweho n’imbaraga za Yehova (E. Haffner), 1/8

Twabonye imigisha ikungahaye kubera kugira umwuka w’ubumisiyonari (T. Cooke), 1/1

Twigomwe ibintu bike biduhesha imigisha myinshi (G. na A. Aljian), 1/4

Twiringiraga ko Yehova azatwitaho (A. Denz Turpin), 1/12

Yehova yatugaragarije ineza yuje urukundo (F. King), 1/2

KALENDARI

“Erega imirimo yawe ni iy’uburyo bwinshi!” 15/11

“Ibintu byinshi biva ku nyanja nyinshi,” 15/9

“Ibiti by’Uwiteka birahaga,” 15/1

‘Impeshyi n’urugaryi ntibizashira,’ 15/7

“Inzuzi zikome mu mashyi,” 15/5

“Ubwiza buruta ubw’imisozi,” 15/3

YEHOVA

Akwitaho, 1/7

“Erega imirimo yawe ni iy’uburyo bwinshi!” 15/11

‘Ibyo ushaka’ bikorwe mu isi, 15/4

Kwicisha bugufi, 1/11

Mbese atwitaho? 1/1

Mbese ushobora gutuma Imana yishima? 15/5

YESU KRISTO

Ibitangaza: byabayeho koko cyangwa ni ibihimbano? 15/7

Ivuka tugomba kwibuka, 15/12