Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2009

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2009

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2009

Rigaragaza itariki y’igazeti ingingo yasohotsemo

ABAHAMYA BA YEHOVA

Abarangije mu ishuri rya Galeedi, 15/2, 1/9

Abibasiwe n’inkubi y’umuyaga muri Miyanimari, 1/3

Arishimye kandi arangwa n’icyizere nubwo ari umukene, 1/9

Babonye ‘mu maso ha Yehova’ harabagirana (abatumva), 15/8

Beteli y’i Brooklyn imaze imyaka 100, 1/5

Ese Abahamya ba Yehova ni idini ry’Abaporotesitanti? 1/11

Ese ushobora kwambuka ukajya i Makedoniya? 15/12

Icapiro rihambaye, 1/7

Ikiganiro mbwirwaruhame cyihariye, 1/4

Imbuto z’ukuri zigera mu biturage (Tuva mu Burusiya), 15/7

Jya wita ku bavandimwe na bashiki bacu batumva, 15/11

Kuki Abahamya badakoresha amashusho muri gahunda yabo yo gusenga? 1/2

Kwimukira ahantu hakenewe ababwiriza, 15/4, 15/12

“Mukomeze kuba maso” (Ikoraniro ry’intara), 1/3

Nashakishije umuntu nshyizeho umwete (Irilande), 1/3

Twishimiye kugutumira, 1/2

Ubutumwa bwiza mu ndimi 500, 1/11

Ubutunzi bwo mu kiyaga kinini kuruta ibindi byo muri Amerika yo hagati, 1/9

Umukobwa muto ariko ugira ubuntu bwinshi, 15/11

Urugendo twakoreye ku “mpera y’isi” (Repubulika ya Sakha), 1/6

Urugendo twakoze rukatwereka ibyo mu gihe cyashize, 1/12

Yavumbuye ubutunzi bwari buhishwe (Esitoniya), 15/8

BIBILIYA

Bakundaga Ijambo ry’Imana, 1/6

Bibiliya ifite amateka ashishikaje y’ukuntu yarokotse, 1/11

Ese ni ngombwa ko wiga Igiheburayo n’Ikigiriki? 1/11

Idufitiye akamaro, 1/6

Ihindura imibereho y’abantu, 1/2, 1/7, 1/8, 1/11

Imvugo z’ikigereranyo? 1/5

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Ibyahishuwe, igice cya I, 15/1

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Ibyahishuwe, igice cya II, 15/2

Kodegisi ya Vatikani, 1/10

Kuki hari igice cya Bibiliya cyanditswe mu Kigiriki? 1/4

Ni rizima no mu rurimi rwapfuye, 1/4

Uko batahuye ubutunzi bwo muri Bibiliya (Codex Ephraemi Syri rescriptus), 1/9

Uko wasobanukirwa Bibiliya, 1/7

Yageze ku Kirwa Kinini Gitukura (Madagasikari), 15/12

IBICE BYO KWIGWA

Abakiranutsi bazasingiza Imana iteka ryose, 15/3

Abamarayika ni “imyuka ikora umurimo wo gufasha abantu,” 15/5

Amasengesho yawe agaragaza ko uri muntu ki? 15/11

“Bakomeza gukurikira Umwana w’intama,” 15/2

Birakwiriye ko twese dusingiza Yehova, 15/3

Bonera ibyishimo mu murimo wo guhindura abantu abigishwa, 15/1

Dore umugaragu Yehova yishimira! 15/1

Duhatanire gukura mu buryo bw’umwuka, “Umunsi ukomeye w’Uwiteka uri bugufi,” 15/5

Ese amagambo ya Yesu agufasha kunonosora amasengesho yawe? 15/2

Ese uha agaciro icyo Yehova yakoze kugira ngo akurokore? 15/9

Ese uri ‘igisonga cy’ubuntu butagereranywa bw’Imana’? 15/1

Ese Yesu yigishije ibihereranye n’ibyiringiro by’ubuzima bw’iteka ku isi? 15/8

Hanga amaso igihembo, 15/3

“Ibicumuro byacu ni byo [Umugaragu wa Yehova] yaterewe icumu,” 15/1

Ibyiringiro by’ubuzima bw’iteka ku isi byongera kumenyekana, 15/8

Igisonga cyizerwa hamwe n’Inteko Nyobozi, 15/6

Inyigisho ziva ku Mana ni iz’agaciro katagereranywa, 15/9

Itoze kugira urukundo rudatsindwa, 15/12

Jya ugira “ishyaka ry’imirimo myiza,” 15/6

Jya ugira ishyaka ry’inzu ya Yehova, 15/6

Jya uha agaciro umwanya ufite mu itorero, 15/11

Jya unonosora amasengesho yawe binyuriye mu kwiyigisha Bibiliya, 15/11

Jya ureka amagambo ya Yesu agire icyo ahindura ku myifatire yawe, 15/2

Jya ureka amajyambere yawe agaragare, 15/12

Jya uvugana ukuri na mugenzi wawe, 15/6

Jya wigana Yesu, wigishe ubigiranye urukundo, 15/7

Jya wigana Yesu, wigishe ushize amanga, 15/7

Komeza kurangwa n’ibyishimo mu bihe bigoye, 15/12

Kuba indahemuka binezeza umutima wa Yehova, 15/4

Kuki twagombye gukurikira “Kristo”? 15/5

Mesiya ni we Imana izakoresha kugira ngo abantu bazabone agakiza, 15/12

Miryango y’Abakristo, nimwigane Yesu, 15/7

“Mubane amahoro n’abantu bose,” 15/10

“Mube maso,” 15/3

“Mugire ishyaka ryinshi mutewe n’umwuka,” 15/10

“Mugume mu rukundo rw’Imana,” 15/8

Mujye mwumvira nka Kristo kandi mugire ubutwari nk’ubwe, 15/9

Mukomeze kugira imitekerereze nk’iyo Kristo yari afite, 15/9

“Muri incuti zanjye,” 15/10

‘Nkurikira ube umwigishwa wanjye,’ 15/1

Rubyiruko, nimureke amajyambere yanyu agaragarire bose, 15/5

Tugire ikinyabupfura kuko turi abakozi b’Imana, 15/11

Tumenye Mose Mukuru, 15/4

Tumenye Yesu, we Dawidi Mukuru akaba na Salomo Mukuru, 15/4

Turusheho gukundana urukundo rwa kivandimwe, 15/11

Ubuzima bw’iteka ku isi ni ibyiringiro twahawe n’Imana, 15/8

Ubwenge bwa Yehova bugaragarira mu byo yaremye, 15/4

Uko amagambo ya Yesu atuma tugira ibyishimo, 15/2

Uko twabungabunga ubucuti muri iyi si itarangwamo urukundo, 15/10

Uko wabona ubutunzi ‘bw’ubwenge n’ubumenyi bwahishwe muri we mu buryo bwitondewe,’ 15/7

Urukundo rwa Kristo rutuma natwe turangwa n’urukundo, 15/9

Yobu yahesheje ikuzo izina rya Yehova, 15/4

IBINDI

Abakurambere ba Kiliziya, 1/7

Abamisiyonari babwirije mu Burasirazuba bwa Aziya bagarukiye he? 1/1

“Abana ba Zewu” (Ibyak 28:11), 1/3

Abanditsi barwanyaga Yesu bari bantu ki? 1/8

Abayahudi hamwe n’abayobozi babo bishe Yesu ‘babitewe n’ubujiji’ (Ibyak 3:17), 15/6

Amahoro muri iyi si ivurunganye, 1/7

Ba Yakobo bavugwa muri Bibiliya, 1/9

Baali n’ubusambanyi bw’akahebwe, 1/11

Ese ‘ushinze imizi kandi wubatswe ku rufatiro ruhamye’? 15/10

Ese Adamu na Eva babayeho koko? 1/9

Ese amadini yose ayobora abantu ku Mana? 1/6

Ese babonye inkuge ya Nowa? 1/7

Ese birakwiriye ko Abakristo bifatanya mu ntambara? 1/10

Ese imibereho yacu yagenwe mbere y’igihe? 1/4

Ese imibereho yawe yagenwe mbere y’igihe? 1/3

Ese iyo inda ivuyemo cyangwa umubyeyi agakubita igihwereye, umuntu yakwiringira ko uwo mwana azazuka? 15/4

Ese muri Isirayeli ya kera habaga abavumvu? 1/7

Ese Ponsiyo Pilato yari afite impamvu zo gutinya Kayisari? 1/1

Ese Satani abaho koko? 1/10

Ese ushobora kwizera ko hariho Umuremyi? 1/10

Ese utinya abapfuye? 1/1

Ese wagennye igihe cyo kwiyigisha Bibiliya? 15/10

Ese wifuza kugira ukwizera gukomeye? 1/5

Gusuka amavuta ku muntu byasobanuraga iki? 1/8

Hezekiya yubatse umuyoboro w’amazi, 1/5

Ibitangaza byose byo gukiza indwara, 1/5

Ibyabaye “ku ngoma y’Umwami Herode,” 1/12

Ibyo intumwa Pawulo yabwirije muri Efeso byatumye havuka akaduruvayo, 1/2

Ibyokurya bya Yohana “byari inzige n’ubuki bw’ubuhura” (Mat 3:4), 1/10

Icyigisho cy’Umuryango, 15/10

Idini ry’ukuri, 1/8

‘Igitabo cya Yashari’ n’‘igitabo cy’Intambara z’Uwiteka,’ 15/3

Igitangaza cyabaye kuri Pentekote, 1/9

Igiti gifite ‘ibibabi bituma,’ 1/3

Ikintu cyose kigenerwa igihe cyacyo, 1/3

Imvura, 1/1

Indwara y’ibibembe ivugwa muri Bibiliya, 1/2

Inyigisho esheshatu z’ibinyoma ku birebana n’Ubukristo, 1/11

Irinde imyuka mibi, 1/5

Isanduku y’isezerano yagiye he? 1/9

Izina ni ryo muntu, 1/2

Kongera kubyarwa, 1/4

Korinto, 1/3

Kuki abantu basoza isengesho bavuga ngo “amen”? 1/6

Kuki abantu batavuga rumwe ku bihereranye n’umwuka wera? 1/10

Kuraguza inyenyeri muri Isirayeli? 1/3

Lazaro azuka, 1/3

Ni irihe somo tuvana mu Migani 24:27? 15/10

Ni ryari Satani yirukanywe mu ijuru? 15/5

Rahabu, 1/8

Shemu, 1/10

“Tuzarya iki?” 1/8

Ubunani bushingiye ku mboneko z’ukwezi (Aziya), 1/12

Ubwicanyi bwakorewe mu kigo cy’ishuri, 1/12

Uko Paradizo yazimiye, 1/11

Uko Pawulo yarokowe na mwishywa we, 1/6

Umugabo wizeraga amasezerano y’Imana (Aburahamu), 1/7

Umurimo w’uburobyi mu nyanja ya Galilaya, 1/10

Umusore w’intwari (Dawidi), 1/1

“Umutware w’abarinzi b’urusengero,” 1/10

Umwami Dawidi yateje imbere umuzika, 1/12

Urimu na Tumimu byari iki? 1/6

Yagaragaje ubwenge (Abigayili), 1/7

Yanesheje ubwoba no gushidikanya (Petero), 1/10

Yavanye isomo ku makosa yakoze (Yona), 1/1

Yeremiya, 1/12

Yerusalemu yubatsweho uruzitiro rw’ibisongo, 1/5

Yize kugira imbabazi (Yona), 1/4

Yosiya, 1/2

Yowasi, 1/4

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

Amasengesho Imana yumva, 1/2

Bagabo, nimwigane urukundo rwa Kristo, 15/5

Ese idini ndimo ni jye waryihitiyemo, cyangwa ni ababyeyi banjye? 15/9

Ese nagombye gutanga amaturo angana iki? 1/8

Ese ukurikira “inzira iruta izindi zose” y’urukundo? 15/7

Ese waba warigeze kugira inshingano mu itorero rya gikristo? 15/8

Ese wagombye gutsimbarara ku mahitamo yawe? 15/2

Ese wemera ko Imana ikuvugisha buri munsi? 1/8

Gukorera ibintu hamwe bituma umuryango ugira amajyambere yo mu buryo bw’umwuka, 15/7

Gushinga abandi imirimo, 15/6

“Igihe cyo guceceka” 15/5

Imibereho y’umuryango, 1/11

Imihango y’ihamba, 15/2

Itayi, 15/5

Jya wemera ubufasha uhabwa kandi ushimire, ndetse utange ubivanye ku mutima, 15/7

Kuki hari amasengesho Imana idasubiza? 1/1

Kwitwikira umutwe, 15/11

Kwiyiriza ubusa, 1/4

Mariya, 1/1

Mu gihe uwo mwashakanye akeneye kwitabwaho mu buryo bwihariye, 1/11

Mwirinde ibirangaza, 15/8

Ni gute ushobora kwihangana mu murimo wo kubwiriza? 15/3

Ni hehe wagombye kuzaba uri imperuka niba? 15/5

Ntuzigere wibagirwa Yehova 15/3

Tujye dutanga twishimye kandi tubikuye ku mutima, 15/11

Uko impano y’ubuseribateri yagushimisha, 15/6

Uko mwakoresha neza amafaranga, 1/8

Uko wafasha abana b’ingimbi n’abangavu kuzaba abantu bakuru, 1/5

Uko wahana abana bawe, 1/2

Umurimo w’Imana udutera ibyishimo nubwo dufite imirimo myinshi duhugiyemo, 15/12

Wakora iki mu gihe umuntu akugiriye nabi? 1/9

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Hashize imyaka mirongo icyenda ntangiye ‘kwibuka umuremyi wanjye’ (E. Ridgwell), 15/7

“Iyi ni yo nzira mube ari yo mukomeza” (E. Pederson by R. Pappas), 15/1

“Marayika w’Uwiteka abambisha amahema yo kugota abamwubaha” (C. Connell), 15/3

Mfite ibyishimo nubwo nahuye n’ingorane (E. Acosta), 1/6

Namenye intego y’ubuzima (G. Martínez), 15/9

Nubwo namugaye mfite ibyishimo (P. Gaspar), 1/5

Uko amakoraniro atatu yahinduye imibereho yanjye (G. Warienchuck), 15/10

Umuntu ntatungwa n’umugati gusa (J. Hisiger), 1/3

Yehova namwitura iki? (R. Danner), 15/6

YEHOVA

Agaragaza imico ye, 1/5

Dutinya Imana aho gutinya abantu, 1/3

Ese Imana igusezeranya ko uzaba umukire? 1/9

Ese Imana ijya ihinduka? 1/6

Ese Imana ijyana abana mu ijuru ngo bajye kuba abamarayika? 1/3

Ese Imana yemera ko abagabo bashaka abagore benshi? 1/7

Ese imibabaro itugeraho ni igihano cy’Imana? 1/6

Ese koko hari umuntu unyitaho? 1/6

Ese kwiyiriza ubusa ni byo bituma urushaho kwegera Imana? 1/4

Ese Yesu ni we Mana Ishoborabyose? 1/2, 1/4

Ikimenyetso kiruta ibindi kigaragaza ko Imana idukunda, 1/2

Imana ni nde? 1/2

Imana yonyine ni yo ishobora kurokora isi, 1/1

Ishaka ko ugira icyo ugeraho, 1/12

Izakuraho imibabaro, 1/12

Izirikana aho ubushobozi bwacu bugarukira, 1/6

Ni iki Yehova adusaba? 1/10

Ni mu buhe buryo Yesu ari umwe na Se? 1/9

Ntuzigere wibagirwa Yehova, 15/3

“Nzi imibabaro yabo” (Kuva 3:1-10), 1/3

Se w’impfubyi, 1/4

Umucamanza ukora ibikwiriye buri gihe, 1/1

Umucamanza utabera, 1/9

“Uwiteka Imana yanyu ndi uwera,” 1/7

Vatikani irashaka ko izina ry’Imana ritongera gukoreshwa ukundi, 1/4

Yehova aha agaciro abicisha bugufi, 1/8

Yehova yaduhaye uburenganzira bwo guhitamo 1/11

YESU KRISTO

Ese koko Yesu yasuwe n’abanyabwenge batatu akiri uruhinja? 1/12

Ese Yesu ni Imana Ishoborabyose? 1/2, 1/4

Ku bihereranye n’“imperuka,” 1/5

Ku bihereranye n’amasengesho Imana yumva, 1/2

Ku bihereranye n’ibyiringiro by’abantu, 1/8

Ku bihereranye n’imibereho y’umuryango, 1/11

Kuki Yesu yasenze Yehova amwita “Abba, Data”? 1/4

Kuki Yesu yogeje intumwa ze ibirenge? 1/1

Kuki Yozefu yatekereje guha Mariya urwandiko rwo kumusenda, kandi bari batarabana? 1/12

Ni iki cyatumye abasirikare b’Abaroma bifuza gutwara ikanzu ya Yesu? 1/7

Ni irihe barura ryatumye Yesu avukira i Betelehemu? 1/12

Ni mu buhe buryo Yesu ari umwe na Se? 1/9

Yesu atsinda ikigeragezo, 1/5

Yesu yashakaga kuvuga iki igihe yavugaga ko abanditsi n’Abafarisayo basa n’“imva zisize ingwa”? 1/11