Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2018

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2018

Rigaragaza igazeti ingingo yasohotsemo

UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA

ABAHAMYA BA YEHOVA

  • 1918—Hashize Imyaka Ijana, Ukw.

  • Bavandimwe mufite inshingano, muvane isomo kuri Timoteyo, Mata

  • Bitanze babikunze muri Madagasikari, Mut.

  • Bitanze babikunze muri Miyanimari, Nya.

  • Disikuru zatumye ubutumwa bwiza bukwirakwira (Irilande), Gas.

  • Mwe Bakristo mugeze mu za bukuru, Yehova aha agaciro ubudahemuka bwanyu, Nze.

  • Ni iyihe mpano twaha Yehova? (gutanga impano), Ugu.

  • Uko imbuto z’Ubwami zabibwe (Porutugali), Kan.

  • Umusaruro wabaye mwinshi! (Ukraine), Gic.

BIBILIYA

  • Icyo wakora ngo kwiga Bibiliya birusheho kukugirira akamaro kandi bigushimishe, Nya.

IBIBAZO BY’ABASOMYI

  • Abagiraneza Yesu yavuze bari ba nde? Ugu.

  • Ese umugabo n’umugore batashakanye baramutse baraye mu nzu bonyine, bashyirirwaho urubanza? Nya.

  • Kuki Abahamya bagaragaza intumwa Pawulo afite uruhara? Wer.

  • Kuki bitemewe ko inyandiko zacu zishyirwa ku mbuga nkoranyambaga? Mata

  • Kuki ibisobanuro bya Zaburi ya 144:12-15 byahinduwe? Mata

  • Ni mu buhe buryo intumwa Pawulo ‘yajyanywe mu ijuru rya gatatu’ no “muri paradizo”? (2Kr 12:2-4), Uku.

IBICE BYO KWIGWA

  • Abakristo bose basabwa kubatizwa, Wer.

  • Abakunda gutanga bagira ibyishimo, Kan.

  • Babyeyi, mufashe abana banyu kugira ngo babatizwe? Wer.

  • Dukeneye guterana inkunga kurusha mbere hose, Mata

  • Ese ubona itandukaniro mu bantu? Mut.

  • Ese usobanukiwe neza ibintu byose? Kan.

  • Ese uzi Yehova nk’uko Nowa, Daniyeli na Yobu bari bamuzi? Gas.

  • Ese wihatira kugira imitekerereze nk’iya Yehova? Ugu.

  • “Gura ukuri kandi ntukakugurishe,” Ugu.

  • Hahirwa abakorera “Imana igira ibyishimo,” Nze.

  • Igihano kigaragaza urukundo rw’Imana, Wer.

  • Imana ishobora byose, ariko yita ku bandi, Nze.

  • Impamvu tugomba ‘gukomeza kwera imbuto nyinshi,’ Gic.

  • Iringire Yehova maze ubeho, Ugu.

  • Jya ukorana na Yehova buri munsi, Kan.

  • Jya uvugisha ukuri, Ukw.

  • Jya wemera ko Amategeko y’Imana n’amahame yayo atoza umutimanama wawe, Kam.

  • Jya wigana Yehova Imana itera inkunga abagaragu bayo, Mata

  • Jya wigana Yehova, wite ku bandi kandi ubagaragarize ineza, Nze.

  • Jya wigisha ukuri, Ukw.

  • Jya wubaha “icyo Imana yateranyirije hamwe,” Uku.

  • Komeza kuba umuntu w’umwuka! Gas.

  • Komeza kugira amahoro yo mu mutima mu gihe ibintu bihindutse, Ukw.

  • Korera Yehova, Imana itanga umudendezo, Mata

  • Kuba umuntu w’umwuka bisobanura iki? Gas.

  • Kuki tugomba kugira ibyo duha Imana kandi ifite byose? Mut.

  • Kwakira abashyitsi birakenewe kandi birashimisha, Wer.

  • ‘Mujye mureka umucyo wanyu umurike’ biheshe Yehova ikuzo, Kam.

  • “Mwumve impanuro maze mube abanyabwenge,” Wer.

  • Mukomeze kugaragaza urukundo kuko rwubaka, Nze.

  • Mwigane umuco wo kwizera no kumvira Nowa, Daniyeli na Yobu bari bafite, Gas.

  • “Ni aho muri Paradizo!” Uku.

  • “Niba ibyo mubizi, murahirwa niba mubikora,” Nze.

  • Ni nde uhanze amaso? Nya.

  • Ni nde “uri ku ruhande rwa Yehova”? Nya.

  • Ni nde uyobora imitekerereze yawe? Ugu.

  • Ni nde wifuza ko akumenya kandi akakwemera? Nya.

  • Ni uruhe rukundo rutuma abantu bagira ibyishimo nyakuri? Mut.

  • “Ni we uha unaniwe imbaraga,” Mut.

  • Ntimugace imanza mushingiye ku bigaragarira amaso, Kan.

  • “Nzagendera mu kuri kwawe,” Ugu.

  • Rubyiruko, ese mufite intego zo gukorera Imana? Mata

  • Rubyiruko, murwanye Satani, Gic.

  • Rubyiruko, mushobora kugira icyo mugeraho mu buzima, Uku.

  • Rubyiruko, Umuremyi wanyu yifuza ko mugira ibyishimo, Uku.

  • Tumenye umwanzi wacu, Gic.

  • Turi aba Yehova, Nya.

  • Twiringire Umuyobozi wacu Kristo, Ukw.

  • Twunge ubumwe nk’uko Yehova na Yesu bunze ubumwe, Kam.

  • “Ubwami bwanjye si ubw’iyi si,” Kam.

  • Uko Urwibutso rudufasha kunga ubumwe, Mut.

  • Uko wabona umudendezo nyakuri, Mata

  • Yehova akunda ‘abera imbuto bihanganye,’ Gic.

IBINDI

  • Ese Amategeko ya Mose yakoreshwaga mu gukemura ibibazo? Mut.

  • Ese uzi aho isaha zigeze? (ibihe bya Bibiliya), Nze.

  • Igihe Sitefano yatotezwaga yakomeje gutuza, Ukw.

  • Yari kugira icyo akora akemerwa n’Imana (Rehobowamu), Kam.

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

  • Akamaro ko gusuhuzanya, Kam.

  • Amahoro—Wayabona ute? Gic.

  • Ibyishimo ni umuco dukomora ku Mana, Gas.

  • Kugwa neza ni umuco ugaragarira mu magambo no mu bikorwa, Ugu.

  • Kwihangana ni ugukomeza gutegereza ufite ikizere, Kan.

  • Tuge tugirira impuhwe abantu, Nya.

  • “Umukiranutsi azanezererwa Yehova,” Uku.

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

  • Kuri Yehova byose birashoboka (B. Berdibaev), Gas.

  • Nafashe umwanzuro, Yehova ampa imigisha (C. Molohan), Ukw.

  • Narahumurijwe mu mihangayiko yange yose (E. Bazely), Kam.

  • Navukiye mu bukene, none nsazanye ubukire (S. Herd), Gic.

  • Niyemeje kudacika intege (M. Danyleyko), Kan.

  • Yehova ntiyigeze antererana (E. Bright), Wer.

  • “Yehova yatugiriye neza” (J. Bockaert), Uku.

UMUNARA W’UMURINZI UGENEWE ABANTU BOSE

  • Ese Bibiliya iracyafite akamaro? No. 1

  • Ese Imana ikwitaho? No. 3

  • Igihe kizaza kiduhishiye iki? No. 2

NIMUKANGUKE!

  • Ibintu byagufasha kugira umuryango mwiza, No. 2

  • Uko wabona ibyishimo, No. 1

  • Uko wabona ihumure mu gihe wapfushije, No. 3