Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2021

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2021

Rigaragaza igazeti ingingo yasohotsemo

UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA

ABAHAMYA BA YEHOVA

  • 1921—Hashize imyaka ijana, Ukw.

BIBILIYA

  • Inyandiko ya kera ishyigikira ite ibivugwa muri Bibiliya? Mut.

IBIBAZO BY’ABASOMYI

  • Ese Abahamya ba Yehova bakwiriye gukoresha imbuga za interinete zifasha abantu kubona abo bazabana? Nya.

  • Itegeko riboneka mu Balewi 19:16 rivuga ngo: “Ntugahagurukire kumena amaraso ya mugenzi wawe” risobanura iki, kandi se ritwigisha iki? Uku.

  • Kuki Abakristo bagombye kuba maso mu gihe bakoresha porogaramu zohereza ubutumwa? Wer.

  • Kuki Yesu yasubiyemo amagambo Dawidi yavuze muri Zaburi ya 22:1, igihe yari agiye gupfa? Mata

  • Ni iki Pawulo yashakaga kuvuga igihe yavugaga ati: “Napfuye ku byerekeye amategeko mbitewe n’amategeko”? (Gal 2:19), Kam.

IBICE BYO KWIGWA

  • Abavandimwe bakiri bato bakora iki ngo abandi babagirire ikizere? Wer.

  • Amasomo twavana ku “mwigishwa Yesu yakundaga,” Mut.

  • Dukorera Imana igira imbabazi nyinshi, Ukw.

  • Ese hari icyagusitaza ntukurikire Yesu? Gic.

  • Ese icyo gihe uzaba ufite ukwizera gukomeye? Ugu.

  • Ese uzakomeza gutegereza Yehova? Kan.

  • Fasha abigishwa ba Bibiliya babatizwe, Kam.

  • Igitabo cy’Abalewi kitwigisha uko twafata abandi, Uku.

  • Imbaga y’abantu benshi bo mu bagize izindi ntama basingiza Imana na Kristo, Mut.

  • Ishimire ibyo ugeraho mu murimo ukorera Yehova, Nya.

  • Jya ukunda Yehova n’abavandimwe bawe, Nze.

  • Jya wemera udashidikanya ko wabonye ukuri, Ukw.

  • Jya wigana umuco wa Yehova wo kwihangana, Nya.

  • Jya wishimira inshingano ufite, Kan.

  • Jya wishimira umwanya ufite mu muryango wa Yehova, Kan.

  • Jya wubaha abageze mu za bukuru bakomeje kuba indahemuka, Nze.

  • Jya wumva ijwi ry’umwungeri mwiza, Uku.

  • Komeza gushimira Yehova waduhaye Umwana we ngo adupfire, Mata

  • Komeza gutuza wiringire Yehova, Mut.

  • Komeza kurangwa n’ikizere mu murimo, Gic.

  • Komeza kwizera ko hariho Umuremyi, Kan.

  • Kwihana by’ukuri bisobanura iki? Ukw.

  • Mu gihe umuntu wo mu muryango wawe aretse gukorera Yehova, Nze.

  • Muge mwishimira imbaraga z’abakiri bato, Nze.

  • “Mugere ikirenge mu cye,” Mata

  • “Mugomba kuba abera,” Uku.

  • Mukomeze ‘kumwumvira,’ Uku.

  • Mukomeze kugaragarizanya urukundo rudahemuka, Ugu.

  • Mwebwe abamaze igihe gito mushakanye muge mushyira Yehova mu mwanya wa mbere, Ugu.

  • Mwirinde kurushanwa ahubwo muharanire amahoro, Nya.

  • Ni iki wakora ngo uhindure abantu abigishwa? Nya.

  • “Nimusogongere” mwibonere ukuntu Yehova agira neza, Kan.

  • Ntacyasitaza umukiranutsi, Gic.

  • Ntimugasitaze “aba bato,” Kam.

  • Ntugacogore! Ukw.

  • Nturi wenyine, Yehova ari kumwe nawe, Kam.

  • “Nzatigisa amahanga yose,” Nze.

  • Tuvane amasomo ku magambo ya nyuma Yesu yavuze akiri ku isi, Mata

  • Twitoze gukundana cyane, Mut.

  • Ubutware abasaza bafite mu itorero, Gas.

  • Uko abagize itorero bafasha abiga Bibiliya bakabatizwa, Wer.

  • Uko gusoma Bibiliya byagufasha kwihanganira ibibazo, Wer.

  • Uko wakomeza kugira ibyishimo mu bigeragezo, Gas.

  • ‘Umutware w’umugabo wese ni Kristo,’ Gas.

  • ‘Umutware w’umugore ni umugabo,’ Gas.

  • Urukundo rudufasha kwihanganira abatwanga, Wer.

  • Ushobora gucika imitego ya Satani, Kam.

  • Yehova aragukunda cyane, Mata

  • Yehova atugaragariza urukundo rudahemuka, Ugu.

  • Yehova aturinda ate? Wer.

  • Yehova azaguha imbaraga, Gic.

IBINDI

  • Byatewe n’uko yabasekeye! Gas.

  • Imisoro abantu bo mu gihe cya Yesu batangaga, Kam.

  • Umugi wa Nineve nyuma y’iminsi ya Yona, Ugu.

  • Urufunzo rwakoreshwaga mu gukora amato, Gic.

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

  • Ese ukorana neza n’abandi? Uku.

  • Icyo wakora ngo wongere kuba inshuti ya Yehova, Ukw.

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

  • Nafashe imyanzuro igaragaza ko nshyira Yehova mu mwanya wa mbere (D. Yazbek), Kam.

  • “Nigiye byinshi ku bandi!” (L. Breine), Gic.

  • Nshakisha intego y’ubuzima (M. Witholt), Ugu.

  • “Nsigaye nkunda umurimo wo kubwiriza” (V. Vicini), Mata

  • Nshimishwa no kuba narakoreye Yehova (J. Kikot), Nya.

  • Twitoje gukora ibyo Yehova adusabye byose (K. Logan), Mut.

  • Yehova ‘yagoroye inzira zanjye’ (S. Hardy), Gas.

UMUNARA W’UMURINZI UGENEWE ABANTU BOSE

  • Isi nziza iri hafi, No. 2

  • Kuki tugomba gusenga? No. 1

  • Wakora iki ngo uzabeho neza mu gihe kizaza? No. 3

NIMUKANGUKE!

  • Ese ukoresha neza bikoresho by’ikoranabuhanga? No. 2

  • Ese ukwiriye kwizera ko hariho Umuremyi? No. 3

  • Inama zagufasha kugira ubuzima bwiza n’ibyishimo, No. 1