UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA Nyakanga 2016

Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 29 Kanama-25 Nzeri 2016.

Bitanze babikunze muri Gana

Nubwo ababwiriza b’Ubwami bajya gukorera umurimo aho ababwiriza bakenewe cyane bahura n’ingorane nyinshi, babona imigisha myinshi.

Dushake Ubwami aho gushaka ibintu

Yesu yasobanuye impamvu tugomba kwirinda gukunda ubutunzi.

Kuki tugomba ‘gukomeza kuba maso’?

Hari ibintu bitatu bishobora gutuma tudakomeza kuba maso.

“Witinya. Jye ubwanjye nzagutabara”

Yehova yagaragaje ko ari incuti yizerwa mu bihe by’amakuba n’imihangayiko.

Dushimira Imana ko yatugiriye ubuntu butagereranywa

Ni ikihe gikorwa kiruta ibindi kigaragaza ubuntu butagereranywa Imana yagiriye abantu?

Bwiriza ubutumwa bwiza bw’ubuntu butagereranywa

‘Ubutumwa bwiza bw’ubwami’ bugaragaza bute ubuntu butagereranywa bw’Imana?

Ibibazo by’abasomyi

Kwegeranya inkoni ebyiri bivugwa muri Ezekiyeli igice cya 37 bisobanura iki?