UMUNARA W’UMURINZI No. 5 2016 | Ni he wavana ihumure?

Twese dukenera guhumurizwa, cyane cyane iyo duhuye n’ibibazo. Iyi gazeti igaragaza uko Imana iduhumuriza igihe duhuye n’ibibazo.

INGINGO Y'IBANZE

Twese dukenera guhumurizwa

Ni he wavana ihumure igihe wapfushije, urwaye, ufitanye ibibazo n’uwo mwashakanye cyangwa uri umushomeri?

INGINGO Y'IBANZE

Imana iduhumuriza ite?

Uburyo bune Imana ikoresha iduhumuriza.

INGINGO Y'IBANZE

Ihumure mu bihe by’akaga

Uko abantu babonye ihumure bari bakeneye.

TWIGANE UKWIZERA KWABO

‘Intambara ni iya Yehova’

Ni iki cyafashije Dawidi kunesha Goliyati? Inkuru ya Dawidi itwigisha iki?

Ese ibivugwa kuri Dawidi na Goliyati byabayeho koko?

Hari abantu bavuga ko ibivugwa muri iyo nkuru bitabayeho. Ese bafite impamvu yumvikana yo kubihakana?

BIBILIYA IHINDURA IMIBEREHO Y’ABANTU

Nari umurakare kandi ngira urugomo

Ni iki cyafashije umuntu wahoze ari umunyarugomo guhinduka?

Bibiliya ibivugaho iki?

Abantu bavuga ibintu bitandukanye ku byerekeye Ubwami bw’Imana. None se Bibiliya ibivugaho iki? Ushobora gutangazwa n’igisubizo itanga

Ibindi wasomera kuri interineti

Ese ninsenga Imana izansubiza?

Kugira ngo Imana isubize amasengesho yawe, ahanini biterwa nawe.