Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

UMUNARA W’UMURINZI No. 3 2018 | Ese Imana ikwitaho?

ESE IMANA IKWITAHO?

Iyo habayeho ibiza, cyangwa abantu bagahura n’ibibazo cyangwa se bagapfusha ababo, bashobora kwibaza niba Imana ibibona cyangwa niba ibitaho. Bibiliya igira iti:

“Amaso ya Yehova ari ku bakiranutsi, kandi amatwi ye yumva ibyo basaba binginga; ariko igitsure cya Yehova kiri ku bakora ibibi.”​—1 Petero 3:12.

Iyi gazeti y’Umunara w’Umurinzi igaragaza ukuntu Imana itwitaho n’icyo irimo ikora kugira ngo ikureho imibabaro yose duhura na yo.

 

“Ubu koko Imana yari iri he?”

Ese wigeze uhura n’ikibazo gikomeye maze ukibaza niba Imana ikwitaho?

Ese Imana irakureba?

Ni iki kitwemeza ko Imana itwitaho?

Ese Imana irakumva?

Imana ni yo yonyine ishobora kumenya neza amakuru agena uko tuba duteye, kandi ikamenya neza ibyatubayeho mu buzima byatumye tugira imico dufite ubu.

Ese Imana yishyira mu mwanya wawe?

Bibiliya ivuga ko Imana itureba, ikatwumva kandi ikishyira mu mwanya wacu.

Ese imibabaro ni igihano gituruka ku Mana?

Ese Imana ijya iteza abantu indwara cyangwa andi makuba kugira ngo ibahane kubera ibyaha bakoze?

Ni nde uduteza imibabaro?

Bibiliya igaragaza impamvu eshatu zituma abantu bababara.

Imana igiye gukuraho imibabaro yose

Twabwirwa n’iki ko Imana iri hafi kuvanaho imibabaro yose n’akarengane?

Kumenya ko Imana ikwitaho bigufitiye akamaro

Ibyanditswe bituma twizera amasezerano y’Imana y’uko izakuraho ibibi byose.

Imana yumva imeze ite iyo ibonye ubabaye?

Iyi mirongo y’Ibyanditswe itwereka uko Imana yumva imeze iyo ibonye tubabara.