NIMUKANGUKE! No. 1 2020 | Ihumure ku bantu bahangayitse

Nubwo imihangayiko igenda irushaho kwiyongera, hari ibintu wakora kugira ngo uyigabanye.

Ese urahangayitse cyane?

Hari ibintu byinshi ushobora gukora bigatuma udaheranwa n’imihangayiko.

Imihangayiko ikabije iterwa n’iki?

Reba bimwe mu bintu bitera imihangayiko ikabije maze niba hari ibikugiraho ingaruka.

Imihangayiko ikabije ni iki?

Imihangayiko ntaho wayihungira. Reba ingaruka imihangayiko ikabije ishobora kugira ku buzima bwawe.

Uko warwanya imihangayiko

Reba amwe mu mahame yagufasha guhangana n’imihangayiko cyangwa kuyigabanya.

Imihangayiko iri hafi kurangira

Nta muntu wadukuriraho imihangayiko, ariko Yehova we yayidukuriraho.

“Umutima utuje utuma umubiri ugira ubuzima bwiza”

Amagambo yo mu Migani 14:30, agaragaza ko Bibiliya irimo inama zihora zihuje n’igihe.