Izindi ngingo

Uru ruhererekane rurimo ingingo zitandukanye hakubiyemo n’izigaragara ku ipaji ibanza y’urubuga rwa jw.org. Izo ngingo na videwo zizagufasha gushyira mu bikorwa inama z’ingirakamaro ziboneka muri Bibiliya maze ukwizera kwawe kurusheho gukomera.

KOMEZA KUBA MASO

Imbuga nkoranyambaga zishobora kwangiza umwana wawe—Uko Bibiliya yafasha ababyeyi

Bibiliya ishobora gufasha ababyeyi kurinda abana babo akaga gaterwa n’imbuga nkoranyambaga.

KOMEZA KUBA MASO

Ubugome burushaho kwiyongera hirya no hino ku isi—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Menya impamvu hirya no hino ku isi habaho urugomo.

KOMEZA KUBA MASO

Kuki abantu batakigira ikinyabupfura?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Muri iki gihe ikinyabupfura kigenda gishira kuruta mbere hose. Bibiliya idusobanurira impamvu abantu bataye umuco kandi ni yo yonyine ishobora kudufasha tukagira ikinyabupfura.

Ubuhinduzi bwa Bibiliya bwongeye kuboneka

Reba inkuru ishishikaje y’ukuntu hari ubuhinduzi bwa Bibiliya bwari bwarabuze n’ukuntu bwongeye kuboneka nyuma y’imyaka irenga 200.

Uko Bibiliya ibona ibirebana n’umutekano w’abagore

Umutekano w’abagore ni ikintu Imana iha agaciro cyane. Menya impamvu ibitaho n’icyo izakora kugira ngo ikureho akarengane bahura na ko.

KOMEZA KUBA MASO

Intambara zizarangira ryari?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Vuba aha intambara zose zizashira. Bibiliya isobanura uko ibyo bizagenda.

Gufasha abandi byatuma urwanya irungu—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Reba ibintu bibiri bishobora gutuma ufasha abandi.

GUTUMIRA ABANTU MU RWIBUTSO

Yesu azavanaho ubugizi bwa nabi

Twagaragaza dute ko dushimira kubera ibintu byose Yesu yadukoreye n’ibyo azadukorera mu gihe kizaza?

GUTUMIRA ABANTU MU RWIBUTSO

Yesu azakuraho ubukene

Twagaragaza dute ko dushimira kubera ibyo Yesu yadukoreye n’ibyo azadukorera mu gihe kizaza?

GUTUMIRA ABANTU MU RWIBUTSO

Yesu azakuraho intambara

Twagaragaza dute ko dushimira Yesu kubera ibintu byose yadukoreye ndetse n’ibyo azadukorera mu gihe kizaza?

KOMEZA KUBA MASO!

Amafaranga akoreshwa mu ntambara arenga miriyari ibihumbi z’Amadolari—Ariko se mu by’ukuri ikiguzi cy’intambara kingana gite?

Menya impamvu umutungo kamere w’isi vuba aha utazongera gukoreshwa mu ntambara, ndetse n’uko intambara itazongera kugira ingaruka ku bantu.

Uko Bibiliya yagufasha kurwanya ikibazo cy’irungu—Gushaka incuti

Menya amahame abiri yo muri Bibiliya yagufasha kurwanya ikibazo cy’irungu.

KOMEZA KUBA MASO

Kuba abantu barushaho gutakariza icyizere abanyapolitike, Bibiliya ibivugaho iki?

Bibiliya itugira inama yo gushishoza mu gihe duhitamo umuntu twiringira kandi inatwereka igisubizo cyiringirwa cy’ejo hazaza.

KOMEZA KUBA MASO

Ese hashobora kubaho intambara y’isi yose?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya ntiyari yaravuze gusa iby’intambara zibaho muri iki gihe, ahubwo inagaragaza uko zizarangira.

Uko Imana yita ku bafite ubumuga bwo kutumva

Abantu bafite ubumuga bwo kutumva bo hirya no hino ku isi, gahunda Imana yashyizeho yo kwigisha abantu yabagiriye akamaro. Reka uko ikorwa.

Ni iki Bibiliya ivuga ku kibazo cy’irungu kigenda kirushaho kwiyongera?

Menya icyafasha abantu bafite irungu kugira ibyishimo.

KOMEZA KUBA MASO

Uko Bibiliya yagufasha kubona ihumure mu mwaka wa 2024

Bibiliya ishobora kugufasha kubaho neza no kugira ibyiringiro by’igihe kizaza.

KOMEZA KUBA MASO

Umwaka wa 2023 waranzwe n’ibibazo—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya isobanura neza icyo ibintu byabaye mu mwaka wa 2023 bisobanura.

Ni iki cyagufasha kurwanya ikibazo cy’irungu?

Reba amahame abiri yo muri Bibiliya yagufasha guhangana n’ikibazo cy’irungu.

KOMEZA KUBA MASO

Kuki hariho urwangano rwinshi?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Sobanukirwa impamvu urwango rwiyongereye muri iki gihe n’icyo Imana izakora kugira ngo irukureho.

Ni iki Bibiliya ivuga ku ibura ry’amazi riri hirya no hino ku isi?

Ubwami bw’Imana buzakora ibintu byose ubutegetsi bw’abantu bwananiwe gukora, ni ukuvuga ko buzanakemura ikibazo cy’amazi.

KOMEZA KUBA MASO

Kuki abantu badashobora kubana amahoro?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Menya impamvu eshatu zituma abantu badashobora guhagarika intambara.

Uko Huldrych Zwingli yashakishije ukuri ko muri Bibiliya

Mu kinyejana cya 16, Zwingli yasobanukiwe inyigisho nyinshi z’ukuri ko muri Bibiliya kandi yafashije abandi gukora nk’ibyo yakoze. Ibyamubayeho n’ibyo yizeraga bitwigisha iki?

KOMEZA KUBA MASO

Ni nde uzakiza abasivili?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya yari yarahanuye ko Imana ‘izakuraho intambara kugeza ku mpera z’isi.’ Izabikora ite?

KOMEZA KUBA MASO

Ese Harimagedoni izatangirira muri Isirayeli?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Ibintu igitabo cy’Ibyahishuwe kivuga kuri Harimagedoni, bidufasha kubona igisubizo cy’icyo kibazo.

Ese koko ukuri kuracyafite agaciro?

Bibiliya ishobora kugufasha kumenya ukuri n’ikinyoma n’ubwo muri iki gihe kubitandukanya bigora abantu.

GAHUNDA YIHARIYE

Ibibazo by’ubukungu—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Ese wari uzi ko Bibiliya ivuga ko hari ubutegetsi buzakemura ikibazo cy’ubukungu cyugarije isi, hakubiyemo n’ikibazo cy’ubusumbane mu by’ubukungu?

Abategetsi bamunzwe na ruswa—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Menya uko Ubwami bw’Imana buzashyiraho umuyobozi mwiza, wiringirwa kandi utarya ruswa.

GAHUNDA YIHARIYE

Ibibazo byugarije ibidukikije—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Menya icyo Ubwami bw’Imana buzakora ngo bukemure ikibazo cy’ibidukikije cyugarije isi.

Kwita ku buzima—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Menya icyo Ubwami bw’Imana buzakora ngo tuzagire ubuzima bwiza.

GAHUNDA YIHARIYE

Intambara—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Reba uburyo Ubwami bw’imana buzazana amahoro nyakuri n’umutekano ku isi.

Ni iki Bibiliya ivuga ku nzara iriho muri iki gihe?

Imana ntabwo ari yo iteza inzara mu isi ahubwo yaratuburiye ivuga ko hazabaho inzara.

Ni iki Bibiliya ivuga ku bantu birinda gukoresha ibikomoka ku nyamaswa?

Menya niba kwirinda gukoresha ibikomoka ku nyamaswa ari bwo buryo bwiza bwo kurinda uyu mubumbe wacu.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku myuzure iri gusenya ibintu byinshi?

Reba icyo imyuzure iba hirya ho hino ku isi igaragaza.

KOMEZA KUBA MASO

Inzara yugarije isi iterwa n’intambara hamwe n’ihindagurika ry’ibihe—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya ntiduha inama zadufasha gusa ahubwo nanone ituma tugira ibyiringiro ko ejo hazaza ibintu bizahinduka bikaba byiza.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku bushyuhe bukabije bwugarije isi mu mpeshyi y’umwaka 2023?

Bibiliya isobanura ko Imana itazigera yemera ko abantu barimbura isi.

Ese Bibiliya ishobora kudufasha kwihanganirana?

Iyi mirongo bitwereka uko Bibiliya idushishikariza kuba abantu baharanira amahoro kandi bakubaha abantu bose.

KOMEZA KUBA MASO

Amafaranga akoreshwa mu bikorwa bya gisirikare yarenze miriyali 2.000 z’amadolari—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya yari yarahanuye ko ibihugu bikomeye byari guhangana bishaka kumenya igikomeye kurusha ikindi. Ibyo byari gutuma bikoresha amafaranga menshi.

Hasohotse Ivanjiri ya Matayo n’iya Yohana mu rurimi rw’amarenga rwo mu Budage

Ku itariki ya 18 Ukuboza 2021, hasohotse Ivanjiri ya Matayo n’iya Yohana mu rurimi rw’amarenga rwo mu Budage. Bwari ubwa mbere hahinduwe ibitabo byuzuye bya Bibiliya muri urwo rurimi.

KOMEZA KUBA MASO

Ese ubwenge bw’ubukorano buzafasha abantu cyangwa buzabateza ibibazo?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya isobanura impamvu tutakwizera neza niba ikoranabuhanga abantu bavumbura, rizakoreshwa mu bintu byiza gusa

Akamaro k’igitambo cya Yesu

Ni ibihe bintu bibiri by’ingenzi, Yesu yavuze byadufasha kugira ngo urupfu rwe rutugirire akamaro?

KOMEZA KUBA MASO

Intambara yo muri Ukraine igiye gutangira umwaka wa kabiri—Ni ibihe byiringiro Bibiliya itanga?

Menya ibyiringiro Bibiliya itanga by’uko intambara zitazongera kubaho.

KOMEZA KUBA MASO

Ibibazo by’indwara zo mu mutwe bigenda byiyongera cyane mu bakiri bato—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya itanga inama z’ingirakamaro zafasha abakiri bato guhangana n’ibibazo byo mu mutwe.

KOMEZA KUBA MASO

Umutingito ukaze wibasiye Turukiya na Siriya—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya itanga ibyiringiro n’ihumure ku bantu bagezweho n’umutingito wibasiye Turukiya na Siriya.

KOMEZA KUBA MASO

Isaha abahanga batekereza ko isi izarangirira yaragabanutse—Ni iki Bibiliya yo ibivugaho?

Nubwo Bibiliya na yo ivuga ko hazabaho imperuka y’isi, inatanga impamvu zituma dukomeza kurangwa n’icyizere.

KOMEZA KUBA MASO

Abahamya ba Yehova na jenoside yakorewe Abayahudi—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Abantu benshi bahangayikishwa nuko hashobora kuzongera kubaho ubwicanyi bumeze nka jenoside yakorewe Abayahudi.

KOMEZA KUBA MASO

Ese kubaho nta vangura rishingiye ku ibara ry’uruhu birashoboka?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Abantu babarirwa muri za miliyoni, barimo kwiga Bibiliya kugira ngo bamenye uko bagomba gufata bagenzi babo babubaha kandi babaha agaciro.

KOMEZA KUBA MASO

Kuki politike ituma abantu bacikamo ibice?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Ibibazo bya politike bituma abantu barushaho gucikamo ibice. Ariko Bibiliya yo igaragaza ko umuti ari umuyobozi ushobora gutuma abantu bose bunga ubumwe.

KOMEZA KUBA MASO

Impamvu zatuma tugira ibyiringiro mu mwaka wa 2023—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Abantu benshi bakunda gutangira umwaka mushya bizeye ko ibintu bizagenda neza. Ubutumwa bwiza bwo muri Bibiliya bushobora gutuma ugira icyizere.

KOMEZA KUBA MASO

Umwaka wa 2022 waranzwe n’imivurungano—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya ni yo yonyine isobanura impamvu nyakuri y’ibirimo biba muri iki gihe.

KOMEZA KUBA MASO

Ese mu by’ukuri igikombe cy’isi gishobora gutuma abantu bunga ubumwe?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Byaragaragaye ko igikombe cy’isi kiba kitezweho ibirenze kuba ari umupira w’amaguru.

KOMEZA KUBA MASO

Ese ibihugu bishobora kwishyira hamwe bikarwanya ibiza?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya yari yarahanuye neza ibituma abantu batagira icyo bageraho.

Abahinduzi ba Bibiliya babiri bashubije Izina ry’Imana mu Isezerano Rishya

Kuki izina ry’Imana rigomba gusubizwa mu mwanya ryahozemo? Ese koko birakwiye?

Ihumure ku bapfushije

Iyo twapfushije, hari igihe twumva ko nta muntu wakwiyumvisha uko tumerewe. Icyakora Imana irabizi kandi ishobora kugufasha.

KOMEZA KUBA MASO

Ni nde muyobozi uzahitamo? Bibiliya ibivugaho iki?

Abayobozi beza na bo ubushobozi bwabo buba bufite aho bugarukira. Icyakora hari umuyobozi umwe wagaragaje ko ashoboye.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku kuba abanyapolitike baravuze ko Harimagedoni iri hafi kuba?

Ese iyi si n’abayituye bizarimburwa n’intwaro za kirimbuzi?

KOMEZA KUBA MASO

Bibiliya ivuga iki ku mapfa?

Ese iki kibazo cyugarije isi kizakemuka? Ese haba hari ibyiringiro by’ejo hazaza?

KOMEZA KUBA MASO

Ese Bibiliya yemera ko Abakristo bivanga mu ntambara?

Ese Abakritso bivanga mu ntambara baba bakurikiza amategeko ya Yesu?

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku bushyuhe bwinshi bwugarije isi?

Ese hari igihe gutura ku isi bizaba bitagishoboka?

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku rugomo rw’abantu bitwaje intwaro ruhangayikishije isi?

Ese hari ikizere cy’uko urugoma ruzashira?

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku kuba isi iri kwangirika

Hari umurongo umwe wo muri Bibiliya uvuga ibintu bitatu ku bijyanye n’ikibazo k’ibidukikije biri kwangirika kuri uyu mubumbe wacu.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku izamuka ry’ibiciro?

Kuki hariho ibibazo byinshi by’ubukungu? Bibiliya yadufasha ite?

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku birebana no kurasana gukorerwa mu mashuri?

Kuki ibintu nk’ibyo biteye ubwoba bibaho? Ese urugomo ruzashira?

KOMEZA KUBA MASO

Intambara yo muri Ukraine yateje ibura ry’ibiribwa ku isi

Bibiliya yari yarahanuye ko muri iki gihe, hari kubaho ibura ry’ibiribwa kandi inakubiyemo inama zadufasha kubyihanganira.

KOMEZA KUBA MASO

Abagera kuri miliyoni 6 bahitanywe na COVID: Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya yari yarahanuye ko hari kubaho indwara z’ibyorezo. Ariko iraduhumuriza ikanatubwira ko bizavaho burundu.

Ni iki Bibiliya yavuze ku birebana n’imitingito ikomeye?

Genzura imwe mu mitingito iherutse kuba mu myaka ya vuba kandi unamenye umuburo Bibiliya itanga ku bintu byenda kuba vuba aha.

Ubutegetsi bwamunzwe na ruswa buri hafi kuvaho

Reba impamvu eshatu zituma twiringira ko hazabaho ubutegetsi butazigera na rimwe burya ruswa.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku birebana no gusenga amashusho?

Ese Imana yaba yita ku kuba dukoresha amashusho cyangwa ibishushanyo mu gihe dusenga?

KOMEZA KUBA MASO.

Amadini n’intambara yo muri Ukraine—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Abayobozi b’amadini bo mu bihugu byombi, bakoresha ububasha bafite, bagakora ibitandukanye n’ibyo Yesu yigishije bashishikariza abayoboke babo kujya mu ntambara.

KOMEZA KUBA MASO

Ababarirwa muri za miriyoni bamaze guhunga bava muri Ukraine

Bibiliya igaragaza impamvu itera ubuhunzi ariko nanone inagaragaza umuti w’icyo kibazo.

Uburusiya bwateye Ukraine

Niba ari byo se, Bibiliya yaba yarahanuye uko bizarangira?

Ese Bibiliya ishobora kugufasha ugacika ku biyobyabwenge byakubase?

Inama enye zo muri Bibiliya zagufasha gucika ku biyobyabwenge.

Bibiliya ivuga iki ku ihindagurika ry’ibihe n’ejo hazaza?

Ese Imana yita kuri uyu mubumbe n’abawutuye?

Ese ibintu bizongera bisubire uko byahoze? Inama zo muri Bibiliya zagufasha zite nyuma y’iki cyorezo?

Amahame atandatu yo muri Bibiliya yadufasha gushyira mu gaciro no guhangana n’ibibazo bitandukanye nyuma y’icyorezo.

Ese amadini akwiriye kwivanga muri poritike?

Hirya no hino ku isi, hari abantu benshi bavuga ko ari abigishwa ba Kristo nyamara bivanga muri poritike. Ese birakwiriye?

Ese ubusumbane mu by’ubukungu buzashira?

Hari ubutegetsi bushobora gutegeka isi mu buryo butunganye kandi buzavanaho burundu ubukene n’ibibazo by’ubukungu.

Ese Bibiliya yagufasha guhangana n’ihindagurika ry’ibihe?

Inama zo muri Bibiliya zagufasha kwihangana mbere y’ibiza, mu gihe k’ibiza na nyuma ya byo.

Ese iterabwoba rizashira?

Mu gihe dutegereje ko ubwoba n’urugomo bivanwaho, hari ibintu bibiri Bibiliya idusaba gukora byafasha abantu guhangana n’ibibazo duterwa n’ibikorwa by’iterabwoba.

Ese isi iri hafi kurimbuka? Apocalypse ni iki?

Nubwo Bibiliya ivuga ko isi dutuyeho izahoraho iteka, hari isi ivugwaho ko izarimbuka.

Irinde amakuru y’ibinyoma

Amakuru ayobya, inkuru z’impimbano n’amakuru y’ibihuha birogeye kandi bishobora kuguteza akaga.

Igihe uwo wakundaga apfuye

Menya ibintu wakora bikagufasha guhangana n’agahinda.

Ese amahame yo muri Bibiliya agenga ikiza n’ikibi aracyafite agaciro?

Dore impamvu ebyiri zigaragaza ko amahame y’Imana agenga imyitwarire ari ay’ingenzi.

Uko wakwirinda guhangayika bikabije

Ni izihe nama n’imirongo yo muri Bibiliya byagufasha kugabanya imihangayiko?

Ibyiza biri imbere

Kuki amasezerano yo muri Bibiliya atandukanye n’ay’abantu?

Ese idini ryabaye uburyo bwo gushaka amafaranga?

Mu nsengero zimwe na zimwe, abenshi mu bayoboke ni abakene, ariko abayobozi bazo ni abakire cyane.

Ibintu birindwi byagufasha gutegura amafunguro afite isuku n’intungamubiri

Ubuzima ni impano. Tugaragaza ko dushimira uwabuduhaye, twita ku buzima bwacu n’ubw’abagize imiryango yacu. Dore ibyagufasha kubigeraho.

Ni nde uzatuma isi yongera kuba nziza?

Hari abahanga mu bumenyi bw’ibidukikije bavuga ko ibikorwa by’abantu bituma amoko y’ibinyabuzima bimwe bicika hano ku isi, kandi bikangiza urusobe rw’ibinyabuzima kurusha mbere hose.

Icyo wakora ngo wirinde icyorezo

Muri iki gihe k’icyorezo wakora iki ngo udacika intege, ukomeze gutuza kandi ukomeze gukorera Yehova?

Uko Bibiliya yafasha abagabo bahangayitse

Guhangayika biri kugenda byiyongera muri ibi ‘bihe biruhije bigoye kwihanganira.’ None se niba uhangayitse Bibiliya ishobora kugufasha?

Icyo wakora ngo uhangane n’umunaniro uterwa n’icyorezo

Iyo tutawurwanyije dushobora kugenda ducika intege buhorobuhoro, tukagera nubwo twumva tudakeneye kwirinda icyorezo cya COVID-19.

Ese akarengane kazashira?

Bibiliya igaragaza ko ubutabera nyakuri buturuka ku Mana kubera ibona ko nta muntu uruta undi.

Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’isi nshya ivuguruye yasohotse mu Cyesipanyoli

Bishoboka bite ko abahinduzi bahindura Bibiliya mu rurimi rw’Icyesipanyoli gikoreshwa ku isi hose kandi n’ijambo rimwe ubwaryo rishobora kugira ibisobanuro byinshi?

Icyo wakora mu gihe urwaye

Ni izihe nama Bibiliya itanga zagufasha mu gihe urwaye?

Uko wahangana n’ubukene

Amafaranga umuntu yabonaga iyo agabanutse bishobora kumuhangayikisha, ariko inama ziboneka muri Bibiliya zishobora kumufasha.

Ni iki cyagufasha kwirinda kunywa inzoga nyinshi?

Dore inama eshanu zagufasha kwirinda kunywa inzoga nyinshi niba byarakunaniye.

Inama zafasha abahohoterwa n’abo bashakanye

Jya wibuka ko atari ikosa ryawe kandi ko utari wenyine.

Icyo wakora mu gihe wumva ufite irungu

Iyo ufite irungu, kugira ikizere k’ejo hazaza n’ibyishimo bisa n’ibidashoboka. Ariko si byo.

Ese Yohana Umubatiza yabayeho koko?

Umuhanga mu by’amateka witwa Josèphe yemeraga ko Yohana Umubatiza yabayeho. Ubwo rero natwe ntitwabishidikanyaho.

Ibimenyetso bifatanya bya kera byabaga bimeze bite?

Kuki ibimenyetso bifatanya bya kera byari iby’ingenzi cyane kandi se abami n’abategetsi babikoreshaga bate?

Ese ibyo Bibiliya ivuga ku Bayahudi bajyanywe mu bunyage i Babuloni ni ukuri?

Ese ubushakashatsi butari ubwo muri Bibiliya bwemeza ko ibyo Imana yari yaravuze ku Bayahudi bajyanywe mu bunyage ari ukuri?

Igishushanyo cyo muri Egiputa ya kera kerekana ko inkuru yo muri Bibiliya ari ukuri

Menya ukuntu igishushanyo cyo muri egiputa ya kera kerekana ko inkuru yo muri Bibiliya ari ukuri.

Imana yahaye Abisirayeli Amategeko ajyanye n’isuku mbere yuko abandi bayamenya

Abisirayeli bakomeje kugira ubuzima bwiza kuko bumviye amategeko bahawe n’Imana ku bijyanye n’isuku.

Ibitera indwara yo kugira amaraso make, ibimenyetso byayo n’uko ivurwa

Ibitera indwara yo kugira amaraso make iteye ite? Ese ishobora kuvurwa igakira?

Ibyataburuwe mu matongo bigaragaza ko Umwami Dawidi yabayeho

Hari abavuga ko umwami wa Isirayeli witwaga Dawidi atabayeho ko inkuru ivuga ibye ari inkuru y’impimbano. Ariko se uretse kuba avugwa muri Bibiliya, ni iki abahanga mu byataburuwe mu matongo bavumbuye?

Inyandiko za kera zandikishijwe intoki ziriho izina ry’Imana

Reba ibihamya bigaragaza ko izina ry’Imana biboneka mu “Isezerano Rishya.”

Gahunda yagufasha gusoma Bibiliya

Iyi gahunda yo gusoma Bibiliya izagufasha waba ushaka kuyisoma buri munsi, cyangwa ushaka kuyisoma mu mwaka umwe cyangwa niba ugitangira kuyisoma.

Ubuzima bwabayeho bute?

Kuki abazi ibya siyansi benshi batemera ko ubuzima bwabayeho biturutse ku bwihindurize?

Uko wabona imirongo muri Bibiliya

Ibitabo 66 ni byo biri muri Bibiliya nyinshi. Izina ry’igitabo rikurikiwe n’igice hanyuma umurongo.

Bahaga agaciro Bibiliya

William Tyndale na Michael Servetus bashyize ubuzima bwabo mu kaga kugira ngo barwanirire ukuri ko muri Bibiliya.

Bahaga agaciro Bibiliya: Umusogongero (William Tyndale)

Ibyo yakoze bigaragaza ko yakundaga Bibiliya kandi no muri iki gihe biradufasha.

KOMEZA KUBA MASO

KOMEZA KUBA MASO

Imbuga nkoranyambaga zishobora kwangiza umwana wawe—Uko Bibiliya yafasha ababyeyi

Bibiliya ishobora gufasha ababyeyi kurinda abana babo akaga gaterwa n’imbuga nkoranyambaga.

KOMEZA KUBA MASO

Ubugome burushaho kwiyongera hirya no hino ku isi—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Menya impamvu hirya no hino ku isi habaho urugomo.

KOMEZA KUBA MASO

Kuki abantu batakigira ikinyabupfura?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Muri iki gihe ikinyabupfura kigenda gishira kuruta mbere hose. Bibiliya idusobanurira impamvu abantu bataye umuco kandi ni yo yonyine ishobora kudufasha tukagira ikinyabupfura.

KOMEZA KUBA MASO

Intambara zizarangira ryari?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Vuba aha intambara zose zizashira. Bibiliya isobanura uko ibyo bizagenda.

KOMEZA KUBA MASO!

Amafaranga akoreshwa mu ntambara arenga miriyari ibihumbi z’Amadolari—Ariko se mu by’ukuri ikiguzi cy’intambara kingana gite?

Menya impamvu umutungo kamere w’isi vuba aha utazongera gukoreshwa mu ntambara, ndetse n’uko intambara itazongera kugira ingaruka ku bantu.

KOMEZA KUBA MASO

Kuba abantu barushaho gutakariza icyizere abanyapolitike, Bibiliya ibivugaho iki?

Bibiliya itugira inama yo gushishoza mu gihe duhitamo umuntu twiringira kandi inatwereka igisubizo cyiringirwa cy’ejo hazaza.

KOMEZA KUBA MASO

Ese hashobora kubaho intambara y’isi yose?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya ntiyari yaravuze gusa iby’intambara zibaho muri iki gihe, ahubwo inagaragaza uko zizarangira.

KOMEZA KUBA MASO

Uko Bibiliya yagufasha kubona ihumure mu mwaka wa 2024

Bibiliya ishobora kugufasha kubaho neza no kugira ibyiringiro by’igihe kizaza.

KOMEZA KUBA MASO

Umwaka wa 2023 waranzwe n’ibibazo—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya isobanura neza icyo ibintu byabaye mu mwaka wa 2023 bisobanura.

KOMEZA KUBA MASO

Kuki hariho urwangano rwinshi?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Sobanukirwa impamvu urwango rwiyongereye muri iki gihe n’icyo Imana izakora kugira ngo irukureho.

KOMEZA KUBA MASO

Kuki abantu badashobora kubana amahoro?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Menya impamvu eshatu zituma abantu badashobora guhagarika intambara.

KOMEZA KUBA MASO

Ni nde uzakiza abasivili?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya yari yarahanuye ko Imana ‘izakuraho intambara kugeza ku mpera z’isi.’ Izabikora ite?

KOMEZA KUBA MASO

Ese Harimagedoni izatangirira muri Isirayeli?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Ibintu igitabo cy’Ibyahishuwe kivuga kuri Harimagedoni, bidufasha kubona igisubizo cy’icyo kibazo.

KOMEZA KUBA MASO

Inzara yugarije isi iterwa n’intambara hamwe n’ihindagurika ry’ibihe—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya ntiduha inama zadufasha gusa ahubwo nanone ituma tugira ibyiringiro ko ejo hazaza ibintu bizahinduka bikaba byiza.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku bushyuhe bukabije bwugarije isi mu mpeshyi y’umwaka 2023?

Bibiliya isobanura ko Imana itazigera yemera ko abantu barimbura isi.

KOMEZA KUBA MASO

Amafaranga akoreshwa mu bikorwa bya gisirikare yarenze miriyali 2.000 z’amadolari—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya yari yarahanuye ko ibihugu bikomeye byari guhangana bishaka kumenya igikomeye kurusha ikindi. Ibyo byari gutuma bikoresha amafaranga menshi.

KOMEZA KUBA MASO

Ese ubwenge bw’ubukorano buzafasha abantu cyangwa buzabateza ibibazo?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya isobanura impamvu tutakwizera neza niba ikoranabuhanga abantu bavumbura, rizakoreshwa mu bintu byiza gusa

KOMEZA KUBA MASO

Intambara yo muri Ukraine igiye gutangira umwaka wa kabiri—Ni ibihe byiringiro Bibiliya itanga?

Menya ibyiringiro Bibiliya itanga by’uko intambara zitazongera kubaho.

KOMEZA KUBA MASO

Ibibazo by’indwara zo mu mutwe bigenda byiyongera cyane mu bakiri bato—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya itanga inama z’ingirakamaro zafasha abakiri bato guhangana n’ibibazo byo mu mutwe.

KOMEZA KUBA MASO

Umutingito ukaze wibasiye Turukiya na Siriya—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya itanga ibyiringiro n’ihumure ku bantu bagezweho n’umutingito wibasiye Turukiya na Siriya.

KOMEZA KUBA MASO

Isaha abahanga batekereza ko isi izarangirira yaragabanutse—Ni iki Bibiliya yo ibivugaho?

Nubwo Bibiliya na yo ivuga ko hazabaho imperuka y’isi, inatanga impamvu zituma dukomeza kurangwa n’icyizere.

KOMEZA KUBA MASO

Abahamya ba Yehova na jenoside yakorewe Abayahudi—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Abantu benshi bahangayikishwa nuko hashobora kuzongera kubaho ubwicanyi bumeze nka jenoside yakorewe Abayahudi.

KOMEZA KUBA MASO

Ese kubaho nta vangura rishingiye ku ibara ry’uruhu birashoboka?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Abantu babarirwa muri za miliyoni, barimo kwiga Bibiliya kugira ngo bamenye uko bagomba gufata bagenzi babo babubaha kandi babaha agaciro.

KOMEZA KUBA MASO

Kuki politike ituma abantu bacikamo ibice?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Ibibazo bya politike bituma abantu barushaho gucikamo ibice. Ariko Bibiliya yo igaragaza ko umuti ari umuyobozi ushobora gutuma abantu bose bunga ubumwe.

KOMEZA KUBA MASO

Impamvu zatuma tugira ibyiringiro mu mwaka wa 2023—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Abantu benshi bakunda gutangira umwaka mushya bizeye ko ibintu bizagenda neza. Ubutumwa bwiza bwo muri Bibiliya bushobora gutuma ugira icyizere.

KOMEZA KUBA MASO

Umwaka wa 2022 waranzwe n’imivurungano—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya ni yo yonyine isobanura impamvu nyakuri y’ibirimo biba muri iki gihe.

KOMEZA KUBA MASO

Ese mu by’ukuri igikombe cy’isi gishobora gutuma abantu bunga ubumwe?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Byaragaragaye ko igikombe cy’isi kiba kitezweho ibirenze kuba ari umupira w’amaguru.

KOMEZA KUBA MASO

Ese ibihugu bishobora kwishyira hamwe bikarwanya ibiza?—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya yari yarahanuye neza ibituma abantu batagira icyo bageraho.

KOMEZA KUBA MASO

Ni nde muyobozi uzahitamo? Bibiliya ibivugaho iki?

Abayobozi beza na bo ubushobozi bwabo buba bufite aho bugarukira. Icyakora hari umuyobozi umwe wagaragaje ko ashoboye.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku kuba abanyapolitike baravuze ko Harimagedoni iri hafi kuba?

Ese iyi si n’abayituye bizarimburwa n’intwaro za kirimbuzi?

KOMEZA KUBA MASO

Bibiliya ivuga iki ku mapfa?

Ese iki kibazo cyugarije isi kizakemuka? Ese haba hari ibyiringiro by’ejo hazaza?

KOMEZA KUBA MASO

Ese Bibiliya yemera ko Abakristo bivanga mu ntambara?

Ese Abakritso bivanga mu ntambara baba bakurikiza amategeko ya Yesu?

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku bushyuhe bwinshi bwugarije isi?

Ese hari igihe gutura ku isi bizaba bitagishoboka?

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku rugomo rw’abantu bitwaje intwaro ruhangayikishije isi?

Ese hari ikizere cy’uko urugoma ruzashira?

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku kuba isi iri kwangirika

Hari umurongo umwe wo muri Bibiliya uvuga ibintu bitatu ku bijyanye n’ikibazo k’ibidukikije biri kwangirika kuri uyu mubumbe wacu.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku izamuka ry’ibiciro?

Kuki hariho ibibazo byinshi by’ubukungu? Bibiliya yadufasha ite?

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku birebana no kurasana gukorerwa mu mashuri?

Kuki ibintu nk’ibyo biteye ubwoba bibaho? Ese urugomo ruzashira?

KOMEZA KUBA MASO

Intambara yo muri Ukraine yateje ibura ry’ibiribwa ku isi

Bibiliya yari yarahanuye ko muri iki gihe, hari kubaho ibura ry’ibiribwa kandi inakubiyemo inama zadufasha kubyihanganira.

KOMEZA KUBA MASO

Abagera kuri miliyoni 6 bahitanywe na COVID: Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya yari yarahanuye ko hari kubaho indwara z’ibyorezo. Ariko iraduhumuriza ikanatubwira ko bizavaho burundu.

KOMEZA KUBA MASO

Ni iki Bibiliya ivuga ku birebana no gusenga amashusho?

Ese Imana yaba yita ku kuba dukoresha amashusho cyangwa ibishushanyo mu gihe dusenga?

KOMEZA KUBA MASO.

Amadini n’intambara yo muri Ukraine—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Abayobozi b’amadini bo mu bihugu byombi, bakoresha ububasha bafite, bagakora ibitandukanye n’ibyo Yesu yigishije bashishikariza abayoboke babo kujya mu ntambara.

KOMEZA KUBA MASO

Ababarirwa muri za miriyoni bamaze guhunga bava muri Ukraine

Bibiliya igaragaza impamvu itera ubuhunzi ariko nanone inagaragaza umuti w’icyo kibazo.

Uburusiya bwateye Ukraine

Niba ari byo se, Bibiliya yaba yarahanuye uko bizarangira?

IPAJI IBANZA

Uko Bibiliya ibona ibirebana n’umutekano w’abagore

Umutekano w’abagore ni ikintu Imana iha agaciro cyane. Menya impamvu ibitaho n’icyo izakora kugira ngo ikureho akarengane bahura na ko.

Gufasha abandi byatuma urwanya irungu—Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Reba ibintu bibiri bishobora gutuma ufasha abandi.

GUTUMIRA ABANTU MU RWIBUTSO

Yesu azavanaho ubugizi bwa nabi

Twagaragaza dute ko dushimira kubera ibintu byose Yesu yadukoreye n’ibyo azadukorera mu gihe kizaza?

GUTUMIRA ABANTU MU RWIBUTSO

Yesu azakuraho ubukene

Twagaragaza dute ko dushimira kubera ibyo Yesu yadukoreye n’ibyo azadukorera mu gihe kizaza?

GUTUMIRA ABANTU MU RWIBUTSO

Yesu azakuraho intambara

Twagaragaza dute ko dushimira Yesu kubera ibintu byose yadukoreye ndetse n’ibyo azadukorera mu gihe kizaza?

Uko Bibiliya yagufasha kurwanya ikibazo cy’irungu—Gushaka incuti

Menya amahame abiri yo muri Bibiliya yagufasha kurwanya ikibazo cy’irungu.

Uko Imana yita ku bafite ubumuga bwo kutumva

Abantu bafite ubumuga bwo kutumva bo hirya no hino ku isi, gahunda Imana yashyizeho yo kwigisha abantu yabagiriye akamaro. Reka uko ikorwa.

Ni iki Bibiliya ivuga ku kibazo cy’irungu kigenda kirushaho kwiyongera?

Menya icyafasha abantu bafite irungu kugira ibyishimo.

Ni iki cyagufasha kurwanya ikibazo cy’irungu?

Reba amahame abiri yo muri Bibiliya yagufasha guhangana n’ikibazo cy’irungu.

Ni iki Bibiliya ivuga ku ibura ry’amazi riri hirya no hino ku isi?

Ubwami bw’Imana buzakora ibintu byose ubutegetsi bw’abantu bwananiwe gukora, ni ukuvuga ko buzanakemura ikibazo cy’amazi.

Ese koko ukuri kuracyafite agaciro?

Bibiliya ishobora kugufasha kumenya ukuri n’ikinyoma n’ubwo muri iki gihe kubitandukanya bigora abantu.

GAHUNDA YIHARIYE

Ibibazo by’ubukungu—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Ese wari uzi ko Bibiliya ivuga ko hari ubutegetsi buzakemura ikibazo cy’ubukungu cyugarije isi, hakubiyemo n’ikibazo cy’ubusumbane mu by’ubukungu?

Abategetsi bamunzwe na ruswa—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Menya uko Ubwami bw’Imana buzashyiraho umuyobozi mwiza, wiringirwa kandi utarya ruswa.

GAHUNDA YIHARIYE

Ibibazo byugarije ibidukikije—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Menya icyo Ubwami bw’Imana buzakora ngo bukemure ikibazo cy’ibidukikije cyugarije isi.

Kwita ku buzima—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Menya icyo Ubwami bw’Imana buzakora ngo tuzagire ubuzima bwiza.

GAHUNDA YIHARIYE

Intambara—Ni iki Ubwami bw’Imana buzakora?

Reba uburyo Ubwami bw’imana buzazana amahoro nyakuri n’umutekano ku isi.

Ni iki Bibiliya ivuga ku nzara iriho muri iki gihe?

Imana ntabwo ari yo iteza inzara mu isi ahubwo yaratuburiye ivuga ko hazabaho inzara.

Ni iki Bibiliya ivuga ku bantu birinda gukoresha ibikomoka ku nyamaswa?

Menya niba kwirinda gukoresha ibikomoka ku nyamaswa ari bwo buryo bwiza bwo kurinda uyu mubumbe wacu.

Ese Bibiliya ishobora kudufasha kwihanganirana?

Iyi mirongo bitwereka uko Bibiliya idushishikariza kuba abantu baharanira amahoro kandi bakubaha abantu bose.

Ni iki Bibiliya yavuze ku birebana n’imitingito ikomeye?

Genzura imwe mu mitingito iherutse kuba mu myaka ya vuba kandi unamenye umuburo Bibiliya itanga ku bintu byenda kuba vuba aha.

Ubutegetsi bwamunzwe na ruswa buri hafi kuvaho

Reba impamvu eshatu zituma twiringira ko hazabaho ubutegetsi butazigera na rimwe burya ruswa.

Ese Bibiliya ishobora kugufasha ugacika ku biyobyabwenge byakubase?

Inama enye zo muri Bibiliya zagufasha gucika ku biyobyabwenge.

Bibiliya ivuga iki ku ihindagurika ry’ibihe n’ejo hazaza?

Ese Imana yita kuri uyu mubumbe n’abawutuye?

Ese ibintu bizongera bisubire uko byahoze? Inama zo muri Bibiliya zagufasha zite nyuma y’iki cyorezo?

Amahame atandatu yo muri Bibiliya yadufasha gushyira mu gaciro no guhangana n’ibibazo bitandukanye nyuma y’icyorezo.

Ese amadini akwiriye kwivanga muri poritike?

Hirya no hino ku isi, hari abantu benshi bavuga ko ari abigishwa ba Kristo nyamara bivanga muri poritike. Ese birakwiriye?

Ese ubusumbane mu by’ubukungu buzashira?

Hari ubutegetsi bushobora gutegeka isi mu buryo butunganye kandi buzavanaho burundu ubukene n’ibibazo by’ubukungu.

Ese Bibiliya yagufasha guhangana n’ihindagurika ry’ibihe?

Inama zo muri Bibiliya zagufasha kwihangana mbere y’ibiza, mu gihe k’ibiza na nyuma ya byo.

Ese iterabwoba rizashira?

Mu gihe dutegereje ko ubwoba n’urugomo bivanwaho, hari ibintu bibiri Bibiliya idusaba gukora byafasha abantu guhangana n’ibibazo duterwa n’ibikorwa by’iterabwoba.

Ese isi iri hafi kurimbuka? Apocalypse ni iki?

Nubwo Bibiliya ivuga ko isi dutuyeho izahoraho iteka, hari isi ivugwaho ko izarimbuka.

Irinde amakuru y’ibinyoma

Amakuru ayobya, inkuru z’impimbano n’amakuru y’ibihuha birogeye kandi bishobora kuguteza akaga.

Ese amahame yo muri Bibiliya agenga ikiza n’ikibi aracyafite agaciro?

Dore impamvu ebyiri zigaragaza ko amahame y’Imana agenga imyitwarire ari ay’ingenzi.

Uko wakwirinda guhangayika bikabije

Ni izihe nama n’imirongo yo muri Bibiliya byagufasha kugabanya imihangayiko?

Ibyiza biri imbere

Kuki amasezerano yo muri Bibiliya atandukanye n’ay’abantu?

Ese idini ryabaye uburyo bwo gushaka amafaranga?

Mu nsengero zimwe na zimwe, abenshi mu bayoboke ni abakene, ariko abayobozi bazo ni abakire cyane.

Ni nde uzatuma isi yongera kuba nziza?

Hari abahanga mu bumenyi bw’ibidukikije bavuga ko ibikorwa by’abantu bituma amoko y’ibinyabuzima bimwe bicika hano ku isi, kandi bikangiza urusobe rw’ibinyabuzima kurusha mbere hose.

Uko Bibiliya yafasha abagabo bahangayitse

Guhangayika biri kugenda byiyongera muri ibi ‘bihe biruhije bigoye kwihanganira.’ None se niba uhangayitse Bibiliya ishobora kugufasha?

Icyo wakora ngo uhangane n’umunaniro uterwa n’icyorezo

Iyo tutawurwanyije dushobora kugenda ducika intege buhorobuhoro, tukagera nubwo twumva tudakeneye kwirinda icyorezo cya COVID-19.

Ese akarengane kazashira?

Bibiliya igaragaza ko ubutabera nyakuri buturuka ku Mana kubera ibona ko nta muntu uruta undi.

Icyo wakora mu gihe urwaye

Ni izihe nama Bibiliya itanga zagufasha mu gihe urwaye?

Uko wahangana n’ubukene

Amafaranga umuntu yabonaga iyo agabanutse bishobora kumuhangayikisha, ariko inama ziboneka muri Bibiliya zishobora kumufasha.

Ni iki cyagufasha kwirinda kunywa inzoga nyinshi?

Dore inama eshanu zagufasha kwirinda kunywa inzoga nyinshi niba byarakunaniye.

Inama zafasha abahohoterwa n’abo bashakanye

Jya wibuka ko atari ikosa ryawe kandi ko utari wenyine.

Icyo wakora mu gihe wumva ufite irungu

Iyo ufite irungu, kugira ikizere k’ejo hazaza n’ibyishimo bisa n’ibidashoboka. Ariko si byo.

UTUNTU N’UTUNDI

Uko Huldrych Zwingli yashakishije ukuri ko muri Bibiliya

Mu kinyejana cya 16, Zwingli yasobanukiwe inyigisho nyinshi z’ukuri ko muri Bibiliya kandi yafashije abandi gukora nk’ibyo yakoze. Ibyamubayeho n’ibyo yizeraga bitwigisha iki?

Hasohotse Ivanjiri ya Matayo n’iya Yohana mu rurimi rw’amarenga rwo mu Budage

Ku itariki ya 18 Ukuboza 2021, hasohotse Ivanjiri ya Matayo n’iya Yohana mu rurimi rw’amarenga rwo mu Budage. Bwari ubwa mbere hahinduwe ibitabo byuzuye bya Bibiliya muri urwo rurimi.

Ubuhinduzi bwa Bibiliya bwongeye kuboneka

Reba inkuru ishishikaje y’ukuntu hari ubuhinduzi bwa Bibiliya bwari bwarabuze n’ukuntu bwongeye kuboneka nyuma y’imyaka irenga 200.

Abahinduzi ba Bibiliya babiri bashubije Izina ry’Imana mu Isezerano Rishya

Kuki izina ry’Imana rigomba gusubizwa mu mwanya ryahozemo? Ese koko birakwiye?

Ihumure ku bapfushije

Iyo twapfushije, hari igihe twumva ko nta muntu wakwiyumvisha uko tumerewe. Icyakora Imana irabizi kandi ishobora kugufasha.

Akamaro k’igitambo cya Yesu

Ni ibihe bintu bibiri by’ingenzi, Yesu yavuze byadufasha kugira ngo urupfu rwe rutugirire akamaro?

Igihe uwo wakundaga apfuye

Menya ibintu wakora bikagufasha guhangana n’agahinda.

Ibintu birindwi byagufasha gutegura amafunguro afite isuku n’intungamubiri

Ubuzima ni impano. Tugaragaza ko dushimira uwabuduhaye, twita ku buzima bwacu n’ubw’abagize imiryango yacu. Dore ibyagufasha kubigeraho.

Icyo wakora ngo wirinde icyorezo

Muri iki gihe k’icyorezo wakora iki ngo udacika intege, ukomeze gutuza kandi ukomeze gukorera Yehova?

Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’isi nshya ivuguruye yasohotse mu Cyesipanyoli

Bishoboka bite ko abahinduzi bahindura Bibiliya mu rurimi rw’Icyesipanyoli gikoreshwa ku isi hose kandi n’ijambo rimwe ubwaryo rishobora kugira ibisobanuro byinshi?

Ese Yohana Umubatiza yabayeho koko?

Umuhanga mu by’amateka witwa Josèphe yemeraga ko Yohana Umubatiza yabayeho. Ubwo rero natwe ntitwabishidikanyaho.

Ibimenyetso bifatanya bya kera byabaga bimeze bite?

Kuki ibimenyetso bifatanya bya kera byari iby’ingenzi cyane kandi se abami n’abategetsi babikoreshaga bate?

Ese ibyo Bibiliya ivuga ku Bayahudi bajyanywe mu bunyage i Babuloni ni ukuri?

Ese ubushakashatsi butari ubwo muri Bibiliya bwemeza ko ibyo Imana yari yaravuze ku Bayahudi bajyanywe mu bunyage ari ukuri?

Igishushanyo cyo muri Egiputa ya kera kerekana ko inkuru yo muri Bibiliya ari ukuri

Menya ukuntu igishushanyo cyo muri egiputa ya kera kerekana ko inkuru yo muri Bibiliya ari ukuri.

Imana yahaye Abisirayeli Amategeko ajyanye n’isuku mbere yuko abandi bayamenya

Abisirayeli bakomeje kugira ubuzima bwiza kuko bumviye amategeko bahawe n’Imana ku bijyanye n’isuku.

Ibitera indwara yo kugira amaraso make, ibimenyetso byayo n’uko ivurwa

Ibitera indwara yo kugira amaraso make iteye ite? Ese ishobora kuvurwa igakira?

Ibyataburuwe mu matongo bigaragaza ko Umwami Dawidi yabayeho

Hari abavuga ko umwami wa Isirayeli witwaga Dawidi atabayeho ko inkuru ivuga ibye ari inkuru y’impimbano. Ariko se uretse kuba avugwa muri Bibiliya, ni iki abahanga mu byataburuwe mu matongo bavumbuye?

Inyandiko za kera zandikishijwe intoki ziriho izina ry’Imana

Reba ibihamya bigaragaza ko izina ry’Imana biboneka mu “Isezerano Rishya.”

Gahunda yagufasha gusoma Bibiliya

Iyi gahunda yo gusoma Bibiliya izagufasha waba ushaka kuyisoma buri munsi, cyangwa ushaka kuyisoma mu mwaka umwe cyangwa niba ugitangira kuyisoma.

Ubuzima bwabayeho bute?

Kuki abazi ibya siyansi benshi batemera ko ubuzima bwabayeho biturutse ku bwihindurize?

Uko wabona imirongo muri Bibiliya

Ibitabo 66 ni byo biri muri Bibiliya nyinshi. Izina ry’igitabo rikurikiwe n’igice hanyuma umurongo.

Bahaga agaciro Bibiliya: Umusogongero (William Tyndale)

Ibyo yakoze bigaragaza ko yakundaga Bibiliya kandi no muri iki gihe biradufasha.

Bahaga agaciro Bibiliya

William Tyndale na Michael Servetus bashyize ubuzima bwabo mu kaga kugira ngo barwanirire ukuri ko muri Bibiliya.

Ihangane, ibyo wahisemo ntibishobora kuboneka