Soma ibirimo

27 NZERI 2013
AMAKURU YO KU ISI HOSE

Ibyahinduwe ku rubuga rwa JW.ORG

Ibyahinduwe ku rubuga rwa JW.ORG

Mu ntangiriro z’ukwezi k’Ukwakira  2013, Ingingo zifite umutwe ngo Amakuru na ABO TURI BO zabonekaga ku rubuga rwacu zizahinduka. Ahari Amakuru izitwa Ahaboneka amakuru. Ingingo zizajya zishyirwa aho ni izizaba zateguwe n’itangazamakuru ry’umwuga, kandi zibe zikurikije amategeko. Inyinshi mu nkuru zashyirwaga ahanditse ngo Amakuru zizimurirwa ahanditse ngo ABO TURI BO munsi y’ahanditse ngo Ibikorwa. Ingingo zizajya zishyirwa aho zizashimisha abantu bashishikazwa n’umurimo ukorwa n’Abahamya ba Yehova. Inkuru na za videwo bizajya bishyirwa mu matsinda afite imitwe ikurikira: Umurimo dukora wo kubwiriza, Umurimo dukora wo kwandika ibitabo, Ibirori byihariye, Ubuzima bwo kuri Beteli, Imishinga y’ubwubatsi, Gufasha abandi n’uvuga ngo Gukurikiza amahame ya Bibiliya.