UDUTABO TURIMO AMAKURU YO HIRYA NO HINO KU ISI
Abahamya ba Yehova n’umurimo wabo wo kubwiriza
Kimwe mu bintu by’ingenzi cyane Abahamya ba Yehova bakora ni ukugeza ubutumwa bwiza bw’ubwami ku baturanyi babo. Ni ubuhe buryo bakoresha, kandi se umurimo bakora ugira akahe kamaro muri sosiyete?