UDUTABO TURIMO AMAKURU YO HIRYA NO HINO KU ISI
Abahamya ba Yehova n’imirimo ya gisivili isimbura iya gisirikare
Amategeko mpuzamahanga amaze igihe avuga ku burenganzira bw’ibanze bw’abantu umutimanama wabo utemerera kujya mu gisirikare. Abahamya ba Yehova barishima iyo guverinoma zikurikiza ayo mahame mpuzamahanga kandi zigatanga imirimo ya gisivili isimbura iya gisirikare, ntitangwe nk’igihano ahubwo ikaba ifitiye abaturage akamaro.