Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2016
Rigaragaza itariki y’igazeti ingingo yasohotsemo
ABAHAMYA BA YEHOVA
“Abashinzwe gukora umurimo” (ikoraniro ry’i Cedar Point, Ohiyo, muri Amerika), Gic.
‘Babwiriza b’Ubwami, nimukanguke!!’ (1937), Ugu.
Bayoborwa na Yehova, Nze.
Bitanze babikunze muri Gana, Nya.
Bitanze babikunze muri Oseyaniya, Mut.
“Imbuto nsarura zituma Yehova asingizwa” (u Budage, Intambara ya 1 y’Isi Yose), Kan.
Imodoka yariho indangururamajwi (Burezili), Gas.
“Umurimo urakomeye” (impano), Ugu.
BIBILIYA
BIBILIYA IHINDURA IMIBEREHO Y’ABANTU
IBIBAZO BY’ABASOMYI
IBICE BYO KWIGWA
“Amaboko yawe ntatentebuke,” Nze.
Babyeyi, mufashe abana banyu kugira ukwizera gukomeye, Nze.
Bavuye mu bubata bw’idini ry’ikinyoma, Ugu.
Bwiriza ubutumwa bwiza bw’ubuntu butagereranywa, Nya.
Dushake Ubwami aho gushaka ibintu, Nya.
Dushimira Imana ko yatugiriye ubuntu butagereranywa, Nya.
Ese Bibiliya iracyahindura imibereho yawe? Gic.
Ese imyambarire yawe ihesha Imana ikuzo? Nze.
Ese ubona impamvu wagombye gutoza abandi? Kan.
Ese ubona impamvu wagombye kugira amajyambere? Kan.
Ese wemera ko Umubumbyi Mukuru akubumba? Kam.
Ese wubaha cyane Igitabo cyaturutse kuri Yehova? Ugu.
Garagaza ko uri indahemuka kuri Yehova, Gas.
‘Guhoza ubwenge ku bintu by’umwuka bizana ubuzima n’amahoro,’ Uku.
Gukorana n’Imana bitera ibyishimo, Mut.
Icyo wakora kugira ngo ubumwe bwacu bwa gikristo burusheho gukomera, Wer.
Ikoreze Yehova imihangayiko yawe yose, Uku.
Imikorere y’umuryango wacu ishingiye ku Ijambo ry’Imana, Ugu.
‘Impano itagereranywa’ y’Imana iraduhata, Mut.
Ishyingiranwa—Uko ryatangiye n’icyo rigamije, Kan.
Izere amasezerano ya Yehova, Ukw.
Jya ukemura ibibazo mu rukundo, Gic.
Jya wishimira ko Yehova ari umubumbyi wacu, Kam.
Komeza gukirana kugira ngo ubone imigisha ya Yehova, Nze.
Komeza kuba incuti y’Imana mu gihe ukorera mu ifasi ikoresha ururimi rw’amahanga, Ukw.
Komeza kwizera ibyo wiringiye, Ukw.
Kuba indahemuka bituma umuntu yemerwa n’Imana, Mata
Kuki tugomba ‘gukomeza kuba maso’? Nya.
Kuki twagombye kujya mu materaniro? Mata
“Mukomeze guterana inkunga buri munsi” Ugu.
Mukomeze kutagira aho mubogamira muri iyi si yiciyemo ibice, Mata
“Mureke ukwihangana kurangize umurimo wako,” Mata
Mwabatuwe binyuze ku buntu butagereranywa, Uku.
Mwiyemeze ‘gukomeza gukundana urukundo rwa kivandimwe,’ Mut.
“Nimugende muhindure abigishwa mu bantu bo mu mahanga yose,” Gic.
Ntimukibagirwe kugirira neza abanyamahanga, Ukw.
Ntukemere ko amakosa y’abandi aguca intege, Kam.
Reka ibyo Yehova aduha bikugirire akamaro, Gic.
Rubyiruko, ese mwiteguye kubatizwa? Wer.
Rubyiruko, mugire ukwizera gukomeye, Nze.
Rubyiruko, mwakwitegura mute kubatizwa? Wer.
“Turajyana namwe,” Mut.
Tuvane amasomo ku bagaragu ba Yehova b’indahemuka, Gas.
Twigane incuti za Yehova, Gas.
Ufata imyanzuro ute? Gic.
Uko Abakristo bagira ishyingiranwa ryiza, Kan.
Umwuka w’Imana ufatanya n’umwuka wacu guhamya, Mut.
Yarabahamagaye abakura mu mwijima, Ugu.
Yehova agororera abamushakana umwete, Uku.
Yehova ayobora ubwoko bwe, Wer.
“Yehova ni we Mana yacu, kandi hariho Yehova umwe gusa,” Kam.
Yehova yamwise ‘incuti ye,’ Gas.
IBINDI
Abakuru b’abatambyi, No. 1
Amasomo twavana ku nyoni, No. 6
Dawidi na Goliyati, No. 5
Ese amadini yazanywe n’abantu? No. 4
Ese Imana isubiza amasengesho yose? No. 6
Ese ni ngombwa kugira idini? No. 4
Ese urugomo ruzashira? No. 4
Ibiremwa byo mu ijuru, No. 6
Icyo Abayahudi bashingiragaho bemera ubutane, No. 4
Ijambo ryasobanuraga byinshi! (“mukobwa”), Ugu.
Imizingo y’ibitabo, No. 1
Imyenda ya kera n’amabara, No. 3
‘Intambara ni iya Yehova’ (Dawidi), No. 5
Iyo umuntu apfuye bigenda bite? No. 1
Kubiba urumamfu mu murima, Ukw.
Kumvira umuburo, No. 2
Mu gihe upfushije uwawe, No. 3
“Ndajyana na we” (Rebeka), No. 3
Satani ni nde? No. 2
Twasenga twifashe dute? No. 6
Ubwami bw’Imana ni iki? No. 5
Ukwiriye kugereranya imyizerere na Bibiliya, No. 4
Umudendezo Roma yahaga Abayahudi, Ukw.
Wavana he ihumure? No. 5
IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO
Ese ‘urinda ubwenge bwawe’? Ukw.
Ese umurimo ukora umeze nk’ikime? Mata
Gusengera ahantu hatagatifu, No. 2
Ikintu kirusha agaciro zahabu, Kan.
Jya wigana abahanuzi, Wer.
Komeza gukorera Yehova wishimye, Gas.
Koresha neza ubushobozi bwo gutekereza, Mata
Kuba inyangamugayo bifite akamaro, No. 1
Mu gihe wumva udafite umutekano, No. 1
Ntimukomeze guhangayika, No. 1
Ubugwaneza ni umuco ugaragaza ubwenge, Uku.
Umuco urusha agaciro diyama, Kam.
Ushobora gufasha itorero ryawe, Wer.
Yavuganiye ubutumwa bwiza, Nze.
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Ababikira babaye bashiki bacu (F. na A. Fernández), Mata
Gutanga byampesheje ibyishimo (R. Parkin), Kan.
“Nabaye byose ku bantu b’ingeri zose” (D. Hopkinson), Uku.
Nihatiye gutanga urugero rwiza (T. McLain), Ukw.
Nkorera Imana ntagira amaboko (B. Merten), No. 6
Yehova yatumye ngira icyo ngeraho (C. Robison), Gas.