UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA Gashyantare 2018

Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 2 kugeza ku ya 29 Mata 2018.

Mwigane umuco wo kwizera no kumvira Nowa, Daniyeli na Yobu bari bafite

Abo bagabo b’indahemuka bahanganye n’ibibazo bisa n’ibyo duhura na byo. Ni iki cyabafashije gukomeza kuba indahemuka?

Ese uzi Yehova nk’uko Nowa, Daniyeli na Yobu bari bamuzi?

Abo bagabo bamenye Ishoborabyose bate? Ubumenyi bwabafashije bute? Twagira ukwizera nk’ukwabo dute?

INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Kuri Yehova byose birashoboka

Amagambo make ashishikaje yavugiwe muri bisi muri Kirigizisitani, yahinduye ubuzima bw’umugabo n’umugore we.

Kuba umuntu w’umwuka bisobanura iki?

Bibiliya igaragaza ibiranga “umuntu w’umwuka,” n’aho atandukaniye n’“umuntu wa kamere.”

Komeza kuba umuntu w’umwuka

Kumenya Bibiliya gusa ntibihagije ngo ube umuntu w’umwuka. Ni iki kindi gisabwa?

Ibyishimo ni umuco dukomora ku Mana

Niba ibibazo uhura na byo bituma ubura ibyishimo, ni iki cyagufasha kongera kugira ibyishimo?

UBUBIKO BWACU

Disikuru zatumye ubutumwa bukwirakwira muri Irilande

Ni iki kemeje C. T. Russell ko umurima ‘wari weze kugira ngo usarurwe’?