UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA Ukuboza 2017

Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 29 Mutarama kugeza ku ya 25 Gashyantare 2018.

“Nzi ko azazuka”

Twakwizera dute ko hazabaho umuzuko?

“Mfite ibyiringiro ku Mana”

Kuki umuzuko ari inyigisho y’ibanze y’ukwemera kw’Abakristo?

Ese uribuka?

Mbese wasomye amagazeti y’Umunara w’Umurinzi aherutse gusohoka? Ngaho reba niba ushobora gusubiza ibibazo bikurikira.

Ibibazo by’abasomyi

Ese muri Isirayeli ya kera, byari ngombwa ko umuntu aba imfura kugira ngo abe mu gisekuru cya Mesiya?

Ibibazo by’abasomyi

Ese Abakristo bashakanye bashobora kubona ko agapira ko mu mura ari uburyo bwiza bwo kuboneza urubyaro buhuje n’Ibyanditswe?

Babyeyi, mufashe abana banyu kugira ‘ubwenge bwo kubahesha agakiza’

Ababyeyi benshi b’Abakristo bagira impungenge iyo abana babo bashatse kwiyegurira Imana no kubatizwa. Bafasha bate abana babo kuzabona agakiza?

Rubyiruko, “mukomeze gusohoza agakiza kanyu”

Kubatizwa ni intambwe ikomeye ariko abakiri bato ntibagombye kubitinya.

INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Nasize byose nkurikira Umwami

Felix Fajardo yari afite 16 igihe yiyemezaga kuba umwigishwa wa Kristo. Nyuma y’imyaka isaga 70, ntiyicuza ko yakurikiye Umwami aho yamuyoboraga hose.

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’umurinzi mu mwaka wa 2017

Uru rutonde ruzagufasha kubona ingingo zitandukanye zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2017.