Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’umurinzi mu mwaka wa 2017

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’umurinzi mu mwaka wa 2017

Rigaragaza itariki y’igazeti ingingo yasohotsemo

ABAHAMYA BA YEHOVA

  • Babwirije babikunze kandi bashishikaye (ikoraniro ryabaye mu 1922), Gic.

  • Bitanze babikunze (bashiki bacu b’abaseribateri), Mut.

  • Bitanze babikunze muri Turukiya, Nya.

  • Boroheje ubuzima bagira ibyishimo, Gic.

  • Igikorwa kigaragaza ineza ya gikristo, Ukw.

  • “Nta muhanda ubabera muremure cyane cyangwa ngo ubabere mubi” (Ositaraliya), Gas.

  • “Tuzongera kugira ikoraniro ryari?” (Megizike), Kan.

  • Uko wamenyera itorero wimukiyemo, Ugu.

  • “Urebana impuhwe azabona imigisha” (impano), Ugu.

BIBILIYA

  • Elias Hutter na Bibiliya ye y’Igiheburayo, No. 4

  • Ibimenyetso bikomeje kwiyongera (Tatenayi yabayeho), No. 3

  • Kuki hariho Bibiliya z’amoko menshi? No. 6

  • Kumva Bibiliya uko bitari, No. 1

  • Sobanukirwa Bibiliya, No. 1

BIBILIYA IHINDURA IMIBEREHO Y’ABANTU

  • Nari naratwawe na siporo! (S. Hamilton), No. 3

  • Numvaga ko nta Mana ibaho (A. Golec), No. 5

  • Sinifuzaga gupfa! (Y. Quarrie), No. 1

IBIBAZO BY’ABASOMYI

  • Abakristo bashakanye babona bate agapira ko mu mura? Uku.

  • Ese byari ngombwa ko umuntu aba ari imfura kugira ngo abe mu gisekuru cya Mesiya? Uku.

  • Ese Umukristo yatunga imbunda yo kwirinda abagizi ba nabi? Nya.

  • Kuki inkuru ivuga iby’ubuzima bwa Yesu akiri muto yanditswe na Matayo itandukanye n’iyanditswe na Luka? Kan.

  • Yehova ‘ntazabareka ngo mugeragezwe ibirenze ibyo mushobora kwihanganira’ (1Ko 10:13), Gas.

IBICE BYO KWIGWA

  • “Amahoro y’Imana asumba cyane ibitekerezo byose,” Kan.

  • Amagare n’ikamba bizakurinda, Ukw.

  • Babyeyi, mufashe abana banyu kugira ‘ubwenge bwo kubahesha agakiza,’ Uku.

  • Dufashe “abimukira” ‘gukorera Yehova bishimye,’ Gic.

  • “Dukundane mu bikorwa no mu kuri,” Ukw.

  • Dushake ubutunzi bw’ukuri, Nya.

  • Erekeza umutima wawe ku butunzi bwo mu buryo bw’umwuka, Kam.

  • Ese ubona ubutabera nk’uko Yehova abubona? Mata

  • Ese uhungira kuri Yehova? Ugu.

  • Ese ukomeza gutegereza wihanganye? Kan.

  • Ese uzemera ko umutima wawe uyoborwa n’Ibyanditswe? Wer.

  • ‘Gira ubutwari, maze ukore,’ Nze.

  • Gira ukwizera, ufate imyanzuro myiza! Wer.

  • Ibyo Zekariya yeretswe birakureba, Ukw.

  • ‘Ijambo ry’Imana rifite imbaraga,’ Nze.

  • ‘Ijambo ry’Imana yacu rizahoraho iteka ryose,’ Nze.

  • Incungu ni ‘impano itunganye’ ituruka kuri Data, Gas.

  • Ishimire impano yo kwihitiramo ibikunogeye, Mut.

  • Iyo witanze bituma Yehova asingizwa, Mata

  • Jya ufasha abana b’“abimukira,” Gic.

  • Jya wigana ubutabera bwa Yehova n’imbabazi ze, Ugu.

  • “Jya wiringira Yehova kandi ukore ibyiza,” Mut.

  • Komeza kwibanda ku kibazo cy’ingenzi, Kam.

  • Komeza kwiyoroshya no mu gihe bitoroshye, Mut.

  • Korera Yehova n’umutima wuzuye! Wer.

  • Kuki ukwiriye ‘gusingiza Yah’? Nya.

  • “Mfite ibyiringiro ku Mana,” Uku.

  • Mugire umuco wo kumenya kwifata, Nze.

  • Mujye mwubaha abakwiriye kubahwa, Wer.

  • “Murirane n’abarira,” Nya.

  • Mwigane umuco wa Yehova wo kugira impuhwe, Nze.

  • Mwirinde imitekerereze y’isi, Ugu.

  • Ni nde uyobora ubwoko bw’Imana muri iki gihe? Gas.

  • Ntihakagire ikibavutsa ingororano, Ugu.

  • Ntukemere ko urukundo rwawe rukonja, Gic.

  • “Nzi ko azazuka,” Uku.

  • Rubyiruko, “mukomeze gusohoza agakiza kanyu,” Uku.

  • Shyigikira ubutegetsi bw’ikirenga bwa Yehova! Kam.

  • Tugomba kwiyoroshya, Mut.

  • Turangurure amajwi y’ibyishimo! Ugu.

  • Ubwami bw’Imana nibuza, hazavaho iki? Mata

  • “Ujye ubishinga abantu bizerwa,” Mut.

  • “Ujye uhigura icyo wahize,” Mata

  • Uko twakwiyambura burundu kamere ya kera, Kan.

  • Uko twambara kamere nshya kandi tukayigumana, Kan.

  • Ukuri ‘ntikuzana amahoro, ahubwo kuzana inkota,’ Ukw.

  • “Umucamanza w’isi yose” buri gihe akora ibikwiriye, Mata

  • Umugambi wa Yehova uzasohora! Gas.

  • “Urankunda kurusha aya?” Gic.

  • “Yashimishije Imana rwose” (Henoki), No. 1

  • Yehova aduhumuriza mu makuba yacu yose, Kam.

  • Yehova “asohoze imigambi yawe yose,” Nya.

  • Yehova ayobora ubwoko bwe, Gas.

IBINDI

  • Abantu ba kera batwaraga umuriro bate? Mut.

  • Abicaye ku mafarashi, No. 3

  • Akanyuguti gato k’Igiheburayo, No. 4

  • Bigobotoye ubucakara, No. 2

  • Ese abagurishirizaga amatungo mu rusengero bari “abambuzi”? Kam.

  • Ese abamarayika babaho? No. 5

  • Ese isi izigera igira amahoro? No. 5

  • Ese koko isi izaba paradizo? No. 4

  • Ese ku isi hazigera haba ubutabera nyakuri? No. 3

  • Ese turi mu “minsi y’imperuka”? No. 2

  • Ese ureba ibirenze ibigaragarira amaso? Kam.

  • Harimagedoni ni iki? No. 6

  • Icyo Bibiliya ivuga ku buzima n’urupfu, No. 4

  • Imana yamwise “Umwamikazi” (Sara), No. 5

  • Imibabaro, No. 1

  • Imihangayiko, No. 4

  • Inama ya Pawulo yo gusubika urugendo (Ibyk 27), No. 5

  • Izina ryo muri Bibiliya ryanditse ku kibindi cya kera, Wer.

  • Mu gihe uwo urwaje ari hafi gupfa, No. 4

  • Ni iyihe mpano iruta izindi? No. 6

  • Ni uwuhe mugenzo w’Abayahudi watumye Yesu yamagana ibyo kurahira? Ukw.

  • “Ubwenge bwawe bushimwe!” (Abigayili), Kam.

  • Uko Gayo yafashije abavandimwe be, Gic.

  • “Uri umugore ufite uburanga” (Sara), No. 3

  • Yozefu wo muri Arimataya, Ukw.

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

  • Ese Abakristo bakwiriye kwizihiza Noheli? No. 6

  • Ese abihayimana bagomba kuba abaseribateri? No. 2

  • Gutanga bihesha imigisha, No. 2

  • Hosha amakimbirane wimakaze amahoro, Kam.

  • Mu gihe ubucuti bujemo agatotsi, Wer.

  • Uko dukwiriye kubona amakosa, No. 6

  • Uko watsinda igitero kigabwa ku bwenge bwawe, Nya.

  • Urukundo ni umuco w’agaciro kenshi, Kan.

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

  • Gukora ibyo Yehova asaba bihesha imigisha (O. Matthews), Ukw.

  • Gukorana n’abantu bakuze mu buryo bw’umwuka byampesheje imigisha (D. Sinclair), Nze.

  • Kugendana n’abanyabwenge byangiriye akamaro (W. Samuelson), Wer.

  • Nasize byose nkurikira Umwami (F. Fajardo), Uku.

  • Nihanganiye ibigeragezo mbona imigisha (P. Sivulsky), Kan.

  • Niyemeje kuba umusirikare wa Kristo (D. Psarras), Mata

  • Twiboneye ubuntu butagereranywa bw’Imana (D. Guest), Gas.

  • Ubumuga bwo kutumva ntibwambujije kwigisha abandi (W. Markin), Gic.

YEHOVA

  • Ha agaciro impano ihebuje twahawe n’Imana, No. 2

  • Kuki hariho imibabaro? No. 1

YESU KRISTO

  • Ese kugereranya abantu n’“ibibwana by’imbwa” ni ukubatuka? No. 5

  • Yesu yasaga ate? No. 6