UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA Kamena 2018

Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 6 Kanama kugeza ku ya 2 Nzeri 2018.

“Ubwami bwanjye si ubw’iyi si”

Uko Yesu yitwaye mu macakubiri yariho mu gihe ke byagombye gutuma twitwara dute mu bibazo bya poritiki?

Twunge ubumwe nk’uko Yehova na Yesu bunze ubumwe

Wakora iki ngo ubungabunge ubumwe bw’abagize ubwoko bw’Imana?

Yari kugira icyo akora akemerwa n’Imana

Urugero rwa Rehobowamu umwami w’u Buyuda rudufasha kubona icyo Yehova ashingiraho yemera umuntu.

Jya wemera ko Amategeko y’Imana n’amahame yayo atoza umutimanama wawe

Imana yaduhaye busole, ariko tugomba kugenzura niba ikora neza.

‘Mujye mureka umucyo wanyu umurike’ biheshe Yehova ikuzo

Hari ibintu byinshi twakora bitari ukubwiriza ubutumwa bwiza.

INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Narahumurijwe mu mihangayiko yange yose

Edward yagize ibibazo by’umuryango, aratotezwa, acika intege kuko atageze ku byo yifuzaga, araniheba.

Akamaro ko gusuhuzanya

Gusuhuza umuntu, n’iyo byaba ari indamukanyo yoroheje, bigira akamaro cyane.

Ese uribuka?

Ese ushobora gusubiza ibi bibazo bishingiye ku byavuzwe mu magazeti y’Umunara w’Umurinzi aherutse gusohoka?