UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA Nzeri 2024

Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 11 Ugushyingo–8 Ukuboza 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 36

“Mujye mushyira iryo jambo ry’Imana mu bikorwa”

Iki gice kizigwa ku itariki ya 11-17 Ugushyingo 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 37

Ibaruwa yadufasha kwihangana kugeza ku mperuka

Iki gice kizigwa ku itariki ya 18-24 Ugushyingo 2024.

INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Gukorera Yehova byatumye mbona ibyishimo

André Ramseyer yamaze imyaka 70 akora umurimo w’igihe cyose, kandi yagiye ahabwa inshingano nyinshi mu muryango wa Yehova. Ni ibihe bibazo yahuye na byo, kandi se ni iki cyagaragaje ko yashyize Yehova mu mwanya wa mbere?

Ibibazo by’abasomyi

Ese igihe Yesu yatangizaga Ifunguro ry’Umwami rya Nimugoroba, abandi bigishwa 70 yari yaratumye mbere yaho mu murimo wo kubwiriza bari bari he? Ese bari bamutereranye?

IGICE CYO KWIGWA CYA 38

Jya wumvira umuburo

Iki gice kizigwa ku itariki ya 25 Ugushyingo–1 Ukuboza 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 39

Gutanga bizaguhesha ibyishimo

Iki gice kizigwa ku itariki ya 2-8 Ukuboza 2024.

Mu gihe wiyigisha jya ushakisha ibintu bishya

Twakora iki kugira ngo tumenye neza icyo Yehova ashaka mu gihe twiyigisha?