Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2019

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2019

Rigaragaza igazeti ingingo yasohotsemo

UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA

ABAHAMYA BA YEHOVA

  • 1919—Hashize imyaka ijana, Ukw.

  • Umuvandimwe mushya mu Nteko Nyobozi (K. Cook, Jr.), Mut.

BIBILIYA

  • Umuzingo wa kera uramburwa, Kam.

IBIBAZO BY’ABASOMYI

  • Ese inyigisho ivuga ko ubugingo budapfa yatangiriye muri Edeni (It 3:4)? Uku.

  • Kuki umukobwa wafatwaga ku ngufu ari “mu gasozi” yagirwaga umwere bidahamijwe n’abantu babiri (Gut 22:25-27)? Uku.

IBICE BYO KWIGWA

  • “Abakumva” bazakizwa, Kan.

  • Amasomo twavana mu gitabo cy’Abalewi, Ugu.

  • Babyeyi, muge mutoza abana banyu gukunda Yehova, Uku.

  • Dukore tutizigamye kuko turi ku iherezo ry’‘iminsi ya nyuma,’ Ukw.

  • Emera ko Yehova agufasha kurwanya imyuka mibi, Mata

  • Ese ukorera Imana mu buryo bwuzuye? Mata

  • Ese uzi Yehova neza? Uku.

  • Ese wita ku ngabo yawe nini yo kwizera? Ugu.

  • Hariho igihe cyo gukora n’igihe cyo kuruhuka, Uku.

  • Icyo umuhango woroheje utwigisha ku Mwami wo mu ijuru, Mut.

  • Itegure ibitotezo uhereye ubu, Nya.

  • Jya urangiza icyo watangiye, Ugu.

  • Jya usingiza Yehova mu materaniro, Mut.

  • Jya wishingikiriza kuri Yehova mu gihe uhangayitse, Kam.

  • Jya wumvira ijwi rya Yehova, Wer.

  • Komeza gukorera Yehova mu gihe abategetsi bahagaritse umurimo wacu, Nya.

  • Komeza kuba indahemuka, Gas.

  • Korera Yehova nta kindi umubangikanyije na cyo, Ukw.

  • Kuki tugomba gushimira abandi? Gas.

  • Kuki tujya mu materaniro? Mut.

  • “Mwirinde kugira ngo hatagira umuntu ubagusha mu mutego,” Kam.

  • Ni ba nde bagize “imbaga y’abantu benshi”? Nze.

  • Ni iki kimbuza kubatizwa? Wer.

  • Ni iki wifuza ko Yehova agukoresha? Ukw.

  • ‘Nimugende muhindure abantu abigishwa,’ Nya.

  • ‘Nimuze munsange, nanjye nzabaruhura,’ Nze.

  • Nitwicisha bugufi, tuzashimisha Yehova, Gas.

  • Nitwigana Yesu tuzagira amahoro, Mata

  • “Ntiducogora,” Kan.

  • “Ntuhangayike kuko ndi Imana yawe,” Mut.

  • Ntukemere ko “ubwenge bw’iyi si” bukuyobya, Gic.

  • Si twe tuzarota Harimagedoni iba! Nze.

  • Tuge tugandukira Yehova twishimye, Nze.

  • Tuge twishyira mu mwanya w’abandi mu gihe tubwiriza, Wer.

  • Tuge twita ku bandi, Wer.

  • Turusheho gukundana uko umunsi w’imperuka ugenda wegereza, Ugu.

  • Uko twabwiriza abantu batagira idini, tukabagera ku mutima, Nya.

  • Uko twakwikuramo imitekerereze idahuje n’inyigisho ziva ku Mana, Kam.

  • Uko umwuka wera udufasha, Ugu.

  • Uko wafasha abandi guhangana n’imihangayiko, Kam.

  • Uko wakomeza kugira ibyishimo mu gihe inshingano zihindutse, Kan.

  • Uko warushaho kwiyigisha neza, Gic.

  • Uko Yehova agaragaza urukundo n’ubutabera mu itorero rya gikristo, Gic.

  • Uko Yehova ahumuriza abononwe, Gic.

  • Uko Yehova yagaragarije Abisirayeli urukundo n’ubutabera, Gas.

  • Ukuri ku birebana n’urupfu, Mata

  • Urukundo rwanyu nirugwire, Kan.

  • Uzakomeze kuba indahemuka mu gihe cy’“umubabaro ukomeye,” Ukw.

  • Warinda ute umutima wawe? Mut.

  • Yehova agaragaza urukundo n’ubutabera arinda abana kononwa, Gic.

  • Yehova aha agaciro abagaragu be bicisha bugufi, Nze.

  • Yehova atuma tugira umudendezo, Uku.

IBINDI

  • Amasinagogi yakomotse he? Gas.

  • Ibisonga byari bishinzwe iki? Ugu.

  • Ingendo zo mu mazi za kera, Mata

  • Uko twakwirinda umwe mu mitego ya Satani (Porunogarafiya), Kam.

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

  • Kugira neza twabyitoza dute? Wer.

  • “Mujye mushimira ku bw’ibintu byose,” Uku.

  • Uko twakomeza kurangwa n’ibyishimo (Yohana Umubatiza), Kan.

  • Ukwizera ni umuco udukomeza, Kan.

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

  • Twabonye ‘isaro ry’agaciro kenshi’ (W. na P. Payne), Mata

  • Umurage wa gikristo nahawe watumye nkorera Yehova (W. Mills), Gas.

  • Yehova yampaye imigisha irenze iyo nari niteze (M. Tonak), Nya.

YEHOVA

  • Aha agaciro “Amen,” Wer.

  • Ese Imana iburira abantu? Ukw.

YESU KRISTO

  • Ese nange yaramfiriye? Nya.

UMUNARA W’UMURINZI UGENEWE ABANTU BOSE

NIMUKANGUKE!

  • Ese Bibiliya ishobora gutuma ubaho neza? No. 3

  • Ese isi izigera igira amahoro n’umutekano? No. 1

  • Ibintu bitandatu wakwigisha abana bawe, No. 2