Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2023

Ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi na Nimukanguke! mu mwaka wa 2023

Aha hagaragaza igazeti ingingo yasohotsemo

UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA

ABAHAMYA BA YEHOVA

  • 1923—Hashize imyaka ijana, Ukw.

  • Hulda yageze ku cyo yifuzaga, Ugu.

  • Yiyemeje kugirira impuhwe abantu bose, Uku.

ESE WARI UBIZI?

  • Ni mu buhe buryo amatafari n’uburyo bwo kuyabumba byavumbuwe mu matongo y’ahahoze Babuloni bishyigikira ibyo Bibiliya ivuga? Nya.

IBIBAZO BY’ABASOMYI

  • Ese igihe Abisirayeli bari mu butayu hari ikindi kintu bariye uretse manu n’inturumbutsi? Ukw.

  • Kuki umugabo Bowazi yise “ncuti yanjye,” yavuze ko gushaka Rusi byari ‘kwangiza’ umurage we? (Rusi 4:1, 6), Wer.

  • Kuki Yesu amaze kuvuka, Yozefu na Mariya bagumye i Betelehemu aho guhita basubira i Nazareti? Kam.

  • Ni ibihe bisobanuro bishya ku birebana n’izina rya Yehova no kuba ari we ukwiriye kuba Umutegetsi w’Ikirenga? Kan.

IBICE BYO KWIGWA

  • Abasaza b’itorero bakwigana bate Gideyoni? Kam.

  • Bashiki bacu mukiri bato, mwishyirireho intego yo gukura mu buryo bw’umwuka, Uku.

  • Bavandimwe mukiri bato, mwishyirireho intego yo gukura mu buryo bw’umwuka, Uku.

  • Bibiliya ituma tumenya neza Umwanditsi wayo, Gas.

  • Ese ‘witeguye kumvira’? Ukw.

  • Ese ibyaremwe bituma urushaho kumenya Yehova?, Wer.

  • Ese witeguye umubabaro ukomeye? Nya.

  • Ese Yehova asubiza amasengesho yacu? Ugu.

  • Gutinya Imana bitugirira akamaro, Kam.

  • Ibitangaza Yesu yakoze bitwigisha iki? Mata

  • “Ibyo ni byo bose bazabamenyeraho ko muri abigishwa banjye,” Wer.

  • Ibyo twiringiye bizabaho rwose, Uku.

  • Icyo wakora kugira ngo gusoma Bibiliya bikugirire akamaro, Gas.

  • Izere ko Yehova azagufasha nuhura n’ibibazo, Ugu.

  • Izere udashidikanya ko isi nshya Yehova yadusezeranyije izabaho, Mata

  • Jya ucukumbura mu Ijambo ry’Imana, Ukw.

  • Jya ufasha abana bawe kumenya Yehova wifashishije ibyaremwe, Wer.

  • Jya wigana Yehova ushyire mu gaciro, Nya.

  • Jya wishimira gukorera Yehova uri mu rusengero rwe rwo mu buryo bw’umwuka, Ukw.

  • Jya wishimira impano y’ubuzima Imana yaguhaye, Gas.

  • Jya wishingikiriza kuri Yehova nka Samusoni? Nze.

  • Jya wizera ko Ijambo ry’Imana ‘ari ukuri,’ Mut.

  • Komeza kuba indahemuka nka Petero, Nze.

  • Komeza kugendera mu ‘Nzira yo Kwera,’ Gic.

  • Komeza kwitegura umunsi wa Yehova, Kam.

  • Kuki dukwiriye gutinya Yehova? Kam.

  • Kuki ukwiriye kubatizwa? Wer.

  • Kwitonda bitugirira akamaro, Nze.

  • Kwizera no gukora ibikorwa byiza bituma tuba abakiranutsi, Uku.

  • “Muhinduke, muhindure imitekerereze rwose,” Mut.

  • “Mukomeze kugira ubwenge kandi mube maso,” Gas.

  • Mukomeze kwihangana, Kan.

  • Murusheho gukunda Yehova na bagenzi banyu, Nya.

  • “Musaza wawe arazuka,” Mata

  • “Mushikame mutanyeganyega,” Nya.

  • Ni ayahe masomo twavana kuri Daniyeli? Kan.

  • Ni ayahe masomo twavana mu mabaruwa abiri Petero yanditse? Nze.

  • Niba ukiri muto, wifuza kuzakoresha ute ubuzima bwawe? Nze.

  • Ntukemere ko “umuriro waka cyane wa Yah” uzima, Gic.

  • Ntukikorere imitwaro utagomba kwikorera, Kan.

  • Tujye duterana inkunga igihe turi mu materaniro, Mata

  • Twakora iki ngo amasengesho yacu arusheho gushimisha Yehova?, Gic.

  • Twakora iki ngo turusheho gukundana?, Ugu.

  • Ubuhanuzi bwo muri Bibiliya butwigisha iki?, Kan.

  • Uko wakwitegura kubatizwa, Wer.

  • “Urukundo Kristo afite ruraduhata,” Mut.

  • Ushobora kugera ku ntego wishyiriyeho zagufasha kuba incuti ya Yehova, Gic.

  • Yehova ‘azatuma mukomera’? Ukw.

  • Yehova aduha umugisha iyo dukoze uko dushoboye ngo twizihize Urwibutso, Mut.

  • Yehova aragufasha mu gihe ufite ibibazo, Mut.

  • Yehova asubiza ate amasengesho yacu? Gic.

  • Yehova atwizeza ko Paradizo izabaho, Ugu.

  • Yehova azagufasha nuhura n’ibibazo utari witeze, Mata

IBINTU BYAGUFASHA KWIYIGISHA

  • Ese ujya ukoresha ibisobanuro by’imirongo y’Ibyanditswe biboneka mu Gitabo gifasha Abahamya ba Yehova gukora ubushakashatsi?, Mata

  • Ese ukunda gusoma inkuru z’ibyabaye mu mibereho y’abavandimwe na bashiki bacu? Mut.

  • Igitabo kidufasha gukora ubushakashatsi kiboneka mu ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower, Gic.

  • Imyitozo y’abana (jw.org), Nze.

  • Izindi ngingo zisohoka mu Munara w’Umurinzi (JW Library®), Kam.

  • Jya umenya ibintu waheraho, Nya.

  • Uko wabona ingingo ziri ahabanza (jw.org), Gas.

  • Uko wafata mu mutwe indirimbo zacu (jw.org), Ugu.

  • Uko wajya umenya ibintu byahindutse ku nyigisho zacu (Igitabo gifasha Abahamya ba Yehova gukora ubushakashatsi cyangwa Isomero ryo kuri interineti rya Watchtower), Ukw.

  • Uko wakoresha ahanditse ngo: “Agashya” (JW Library® na jw.org), Wer.

  • Uko warushaho kumenya imico ya Yehova (Igitabo gifasha Abahamya ba Yehova gukora ubushakashatsi cyangwa Isomero ryo kuri interineti rya Watchtower), Kan.

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

  • Biboneye urukundo, Gas.

  • Jya ukurikiza inama Bibiliya itugira ku birebana no kunywa inzoga, Uku.

  • Mu gihe uwo mwashakanye areba porunogarafiya, Kan.

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

  • Ibintu bishimishije naboneye mu murimo wa Yehova n’amasomo nigiyemo (R. Kesk), Kam.

  • Kwiringira Yehova byatumye ntahangayika (I. Itajobi), Ugu.

  • Kwita ku bandi bituma tubona imigisha (R. Reid), Nya.

  • Niboneye ukuntu Yehova aha umugisha abagaragu be b’indahemuka (R. Landis), Gas.

UMUNARA W’UMURINZI UGENEWE ABANTU BOSE

  • Uko Bibiliya yafasha abarwaye indwara y’agahinda gakabije, No. 1

NIMUKANGUKE!

  • Ese isi izahoraho? Impamvu zituma tugira icyizere, No. 1