UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA Mata 2016

Iyi gazeti irimo ibice bizigwa kuva ku itariki ya 30 Gicurasi kugeza ku ya 26 Kamena 2016.

Ese umurimo wo kubwiriza ukora umeze nk’ikime?

Ni mu buhe buryo umurimo dukora wamera nk’imvura y’urujojo, ukagarurira abandi ubuyanja kandi ugatuma ubuzima bukomeza kubaho?

Kuba indahemuka bituma umuntu yemerwa n’Imana

Inkuru yo muri Bibiliya ivuga ibya Yefuta n’umukobwa we yigisha iki Abakristo?

Ese ukoresha neza ubushobozi bwawe bwo gutekereza?

Bushobora kugukururira akaga cyangwa bugatuma urushaho kuba umuntu mwiza.

“Mureke ukwihangana kurangize umurimo wako”

Iyo duhanganye n’ikigeragezo, ni iki kiba kigambiriwe? Ni izihe ngero z’abantu bihanganye zagukomeza?

Kuki twagombye kujya mu materaniro?

Ese ubona ukuntu kujya mu materaniro bikugirira akamaro, bigatuma abandi bungukirwa kandi bigashimisha Yehova?

INKURU IVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Abakobwa bavukana bahoze ari ababikira babaye bashiki bacu

Ni iki cyatumye bava mu bigo by’ababikira babagamo maze bakareka kuba Abagatolika?

Mukomeze kutagira aho mubogamira muri iyi si yiciyemo ibice

Hari ibintu bine byagutegurira kuzahangana n’ibibazo bitunguranye bigusaba kumvira umutimanama wawe.

Ibibazo by’abasomyi

Gihamya buri Mukristo wasutsweho umwuka ahabwa n’Imana n’ikimenyetso imushyiraho, byerekeza ku ki?