UMUNARA W’UMURINZI WO KWIGWA Kanama 2024

Iyi gazeti izigwa kuva ku itariki ya 7 Ukwakira–10 Ugushyingo 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 31

Ni iki Yehova yakoze ngo adukize icyaha n’urupfu?

Iki gice kizigwa ku itariki ya 7-13 Ukwakira 2024.

Ibibazo by’abasomyi

Mu 2 Abatesalonike 3:14 havuga ko hari abantu bashyirwaho ikimenyetso. Ese uwo ni umwanzuro ufatwa n’abasaza cyangwa ni ababwiriza bo mu itorero?

IGICE CYO KWIGWA CYA 32

Yehova yifuza ko bose bihana

Iki gice kizigwa ku itariki ya 14-20 Ukwakira 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 33

Uko Yehova ashaka ko abagize itorero bafata umuntu wakoze icyaha gikomeye

Iki gice kizigwa ku itariki ya 21-27 Ukwakira 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 34

Uko abasaza bagaragariza urukundo n’imbabazi abantu bakoze ibyaha

Iki gice kizigwa ku itariki ya 28 Ukwakira–3 Ugushyingo 2024.

IGICE CYO KWIGWA CYA 35

Uko abasaza bafasha abavanywe mu itorero

Iki gice kizigwa ku itariki ya 4-10 Ugushyingo 2024.

Musomyi dukunda

Iyi gazeti irimo ibice byo kwigwa bigaragaza ukuntu Yehova afata abantu bakoze ibyaha n’uko twamwigana tukagaragaza impuhwe, urukundo n’imbabazi.