Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2001

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2001

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2001

Itariki yagaragajwe, yerekeza ku nomero ingingo yasohotsemo

ABABWIRIZA B’UBWAMI BARABARA INKURU

1/2, 1/4, 1/5, 1/6, 1/8, 1/10, 1/12

ABAHAMYA BA YEHOVA

Abahawe Impamyabumenyi i Galeedi, 15/6, 15/12

Abantu Bitanaho (mu ntambara, mu buhungiro), 15/4

Amakoraniro Yari Afite Umutwe Uvuga ngo “Abashyira Ijambo ry’Imana mu Bikorwa,” 15/1

Amakoraniro Yari Afite Umutwe Uvuga ngo “Abigisha Ijambo ry’Imana,” 15/2

Amakoraniro​—Ni Ibihe Bishimishije Bigaragaza Ubuvandimwe Bwacu, 15/9

Amazi Atanga ubuzima Muri Andes, 15/10

Batsinze Ibitotezo by’Ishyaka rya Nazi, 15/3

Dipolome yo Guhebuza (Kongo [Kinshasa]), 15/8

Dukora Ibyo Dushoboye Byose! (Abamisiyonari), 15/10

Gufasha Abakiri Bato, 15/7

Inama ya Buri Mwaka yo mu wa 2000, 15/1

Inteko Nyobozi n’Umuryango Wemewe n’Amategeko, 1/15

Kenya, 15/2

Kera Twari Amasega​—None Ubu Turi Intama! 1/9

Mbese, Uwo Waba Ari Wo Mwuga Mwiza Cyane Kuri Wowe? (Umurimo wo kuri Beteli), 15/3

Muganga w’Amaso Abiba Imbuto (Ukraine, Isirayeli), 1/2

‘Mujye Mushimira Abahamya ku bw’Umudendezo Mufite mu by’Idini,’ 15/5

Ntitwatereranywe Igihe Ukwizera Kwacu Kwageragezwaga (amaraso), 15/4

“Tuzabonana mu Bwami bw’Imana” (F. Drozg), 15/11

Twatsinze Urubanza mu Rukiko rwa Leta Rushinzwe Kurinda Itegekonshinga (mu Budage), 15/8

U Bufaransa, 15/8, 1/9

“Umunsi w’Ubworoherane bw’Amadini” (mu ishuri ryo muri Polonye), 1/11

“Umushinga Uhebuje” (Photo-Drame), 15/1

BIBILIYA

Bibiliya mu Mubumbe Umwe, 1/5

Cyrille na Méthode Bari Abahinduzi, 1/3

Gusobanukirwa Bibiliya, 1/7

Imizingo yo ku Nyanja y’Umunyu, 15/2

Kuki Ugomba Kwiga Bibiliya?, 1/7

Ubuhinduzi bwitwa New World Translation Bwarishimiwe, 15/11

IBIBAZO BY’ABASOMYI

“Amajuru” (2Pt 3:13, NW ) n’ “ijuru” (Ibh 21:1), 15/6

Daniyeli yari he mu gihe cy’ikigeragezo cy’igishushanyo cya zahabu? (Dn 3), 1/8

Gukora kopi ya porogaramu ya orudinateri, 15/2

“Gusenga ibishushanyo mu buryo butemewe n’amategeko” (1Pt 4:3, NW ), 15/7

Icyo ‘gusenga [Imana] mu mwuka’ bisobanura (Yh 4:24), 15/9

Imijisho y’isanduku y’isezerano (1Abm 8:8), 15/10

Isezerano rya Aburahamu​—Ryatangiwe Muri Uri Cyangwa i Harani? 1/11

Kuki ari ngombwa kwaturira ibyaha abasaza? 1/6

Kwinjira mu buruhukiro bwa Yehova (Hb 4:9-​11), 1/10

Mbese, tugomba gusabira umuntu waciwe? (Yr 7:16), 1/12

Ni mu buhe buryo inzoka yavuze? 15/11

Ni mu buryo ki ibintu byose ‘byaremewe’ Yesu? (Kl 1:16) 1/9

Ni ryari “Ahera Cyane” hasizwe? (Dn 9:24), 15/5

Umugore w’Umukristokazi n’ibikorwa bijyanye n’iminsi mikuru, 15/12

Yobu yamaze igihe kingana iki ababazwa? 15/8

IBICE BYO KWIGWA

Abagendera mu Mucyo Bagira Ibyishimo, 1/3

Abagenzuzi n’Abakozi b’Imirimo Bashyirwaho mu Buryo bwa Gitewokarasi, 15/1

Aburahamu​—Yabaye Intangarugero mu Byo Kwizera, 15/8

Agakiza ku Bantu Bahitamo Umucyo, 1/3

Arakataje Kugira ngo Aneshe Ubwa Nyuma! 1/6

Gira Umutima Uhuje n’Uko Yehova Ashaka, 15/10

Gira Umutima w’Umwuka Maze Ubeho! 15/3

Ifatanye mu Byishimo Bibonerwa mu Gutanga! 1/7

Ihingemo Umutima Utuma Utinya Yehova, 1/12

‘Ijambo ry’Imana Ryaragwiriye,’ 1/4

Ishimire Ubumenyi Ufite ku Byerekeye Yehova, 1/7

Itondere Imirimo Itangaje y’Imana, 15/4

Jya Utinya Yehova Kandi Ukomeze Amategeko Ye, 1/12

Komeza Gukora Umurimo wo Gusarura nta Kudohoka! 15/7

Komeza Kugendana n’Umuteguro wa Yehova, 15/1

Komeza Kugira Ibyishimo mu Murimo wa Yehova, 1/5

Mbese, Ubaho mu Buryo Buhuje no Kwitanga Kwawe? 1/2

Mbese, Ukuri Wakugize Ukwawe? 1/2

Mbese Umugisha wa Yehova Uzakugeraho? 15/9

Mbese, Ushobora “Gutandukanya Icyiza n’Ikibi”? 1/8

Mube Abasaruzi Barangwa n’Ibyishimo! 15/7

Mugire Ukwizera nk’Ukwa Aburahamu! 15/8

Mujye Mwigana Yehova mu Gihe Murera Abana Banyu, 1/10

Mukomeze Gushikama nk’Abareba Itaboneka! 15/6

“Munyigireho,” 15/12

Mushake Yehova Mbere y’Uko Umunsi w’Uburakari Bwe Ugera, 15/2

‘Mwambare Umutima wo Kwihangana,’ 1/11

Mwishimane n’Imana Igira Ibyishimo, 1/5

Mwubakwe n’Urukundo, 1/1

Ni Gute Amahoro ya Kristo Yatwarira mu Mitima Yacu? 1/9

Ni Gute Wafasha Umwana w’ “Ikirara”? 1/10

Nimusingize Yehova ku bw’Ibikorwa bye Bikomeye! 15/5

Ni Nde Uzadutandukanya n’Urukundo rw’Imana? 15/10

Ntimube Abumva Bakibagirwa, 15/6

Ntimugacogorere Gukora Neza, 15/8

Reba Ukora Ibintu Bitangaje! 15/4

Reka Amajyambere Yawe Agaragare, 1/8

Rinda Umutima Wawe, 15/10

‘Shaka Amahoro Uyakurikire,’ 1/9

Tuneshe Intege nke za Kimuntu, 15/3

Twubake Umuryango Ukomeye mu Buryo bw’Umwuka, 15/5

Ubukristo bw’Ukuri Bukomeje Kuganza! 1/4

Ubuyobozi Buturuka ku Mana mu Birebana no Guhitamo uwo Muzashyingiranwa, 15/5

“Ubwo Imana Iri mu Ruhande Rwacu, Umubisha Wacu Ni Nde?” 1/6

Ubwoko bwa Yehova Bwongeye Gushyirwa mu Mimerere Myiza Buramusingiza ku Isi Hose, 15/2

Umugisha Yehova Aduha Utuma Tuba Abakire, 15/9

Umunsi w’Urubanza wa Yehova Uregereje! 15/2

Umuti Ufatika wo Kwigobotora Imihangayiko, 15/12

Urukundo Rwawe Rwagutse mu Rugero Rungana Iki? 1/1

Yehova Atwigisha Kubara Iminsi Yacu, 15/11

Yehova Ni Imana Ifite Umuco wo Kwihangana, 1/11

Yehova Ni Ubuhungiro Bwacu, 15/11

IBINDI

Ababyeyi ba Kiliziya​—Mbese, Baharaniraga Ukuri kwa Bibiliya?

Abahasimonayo, 15/6

Abasikuti, 15/11

“Bizatera Umubiri [“Umukondo,” NW ] Wawe Kuba Mutaraga,” 1/2

‘Dore Imbaga y’Abantu Benshi!’ 15/5

Diyabule, 1/9

Gukoresha Neza Ubusore, 15/8

Henoki Yagendanaga n’Imana, 15/9

Ibikomere by’Intambara, 1/1

“Ibintu Bififitse Bishobora Guteza Ubuzima Akaga” (porunogarafiya kuri Internet), 15/4

Ibintu Birimbura Ibiti, 1/11

Ibiti Bihangana n’Imimerere Igoranye Igihe Kirekire, 1/7

Ibyishimo, 1/3

Ikintu Kiramba Kurusha Zahabu, 1/8

Imibabaro, 15/5

Imyifatire Ishyize mu Gaciro ku Byerekeranye n’Amafaranga, 15/6

Ishingiro ry’Imyizerere, 1/8

Itegeko rya Zahabu Ni Ingirakamaro, 1/12

Kubaga Hadakoreshejwe Amaraso, 1/3

Mbese, Dushobora Gutuma Isi Irushaho Kuba Nziza? 15/10

Mbese, Hariho Ubuzima Nyuma yo Gupfa? 15/7

Mbese, Hari Ikintu Cyatuma Abantu Bunga Ubumwe? 15/9

Mbese, Ufite Umwuka Udapfa? 15/7

Mugire Umutima Ushima Maze Mwishime, 1/9

“Mu Mucyo Wawe Ni Ho Tuzabonera Umucyo,” 1/12

Ni Iki Gifite Agaciro Nyakuri? 15/9

“Njuririye Kuri Kayisari,” 15/12

Origène​—Uko Inyigisho Ze Zagize Ingaruka Kuri Kiliziya, 15/7

Paradizo yo mu Buryo bw’Umwuka, 1/3

Pawulo Akora Gahunda yo Gutanga Imfashanyo, 15/3

Tuvane Isomo ku Giti cy’Umukindo, 1/10

Ubupfumu, 1/5

Ubutumwa Bwiza bw’Ubwami, 1/4

Ukwizera kwa Nowa Gucira Isi Ho Iteka, 15/11

Umutekano mu Isi Yuzuye Akaga, 1/2

‘Umuti wo Gusiga ku Maso,’ 15/12

Ushobora Kugira Ukwizera Nyakuri, 1/10

Ushobora Kwiringira Amahame ya Nde? 1/6

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

Akamenyero, 1/8

Gendera mu ‘Nzira yo Gutungana’ (Img 10), 15/9

‘Gucungura Igihe Gikwiriye,’ 1/5

Gufasha Abapfakazi, 1/5

Gufata Imyanzuro Ihuje n’Ubwenge, 1/9

Guhangana n’Ibyiyumvo Bibi, 15/4

Guhangana n’Imimerere yo Gucika Intege 1/2

Guhangana n’Uburyarya, 15/11

Gushidikanya, 1/7

“Hahirwa Umuntu Ubonye Ubwenge” (Img 8), 15/3

Mbese, Hari Uwagufashe Uko Utari? 1/4

Irinde Indwara y’Umutima wo mu Buryo bw’Umwuka, 1/12

Kumvira​—Isomo ry’Ingenzi Ritangwa mu Bwana, 1/4

Kurinda Umutimanama, 1/11

Kwatura Icyaha, 1/6

Kwihingamo Kugira Ingeso Nziza, 15/1

Kwita ku Mfubyi n’Abapfakazi, 15/6

Mbese Koko, Uri Umuntu Worohera Abandi? 15/7

“Namwe Abe Ari ko Mwiruka,” 1/1

Mujye Muha Abana Banyu Ibyo Bakeneye! 15/12

Nesha Inzitizi Zituma Utagira Amajyambere!, 1/8

Rushaho Kwiringira Yehova mu Buryo Bukomeye, 1/6

Ubudahemuka, 1/10

‘[Ubwenge] Buzatugwiriza Iminsi’ (Img 9), 15/5

“Umugisha Uwiteka Atanga Uzana Ubukire,” 1/11

‘Umukiranutsi Ni We Uzahabwa Imigisha’ (Img 10), 15/7

Ushobora Kugira Icyo Ugeraho Uko Uburere Wahawe Bwaba Buri Kose, 15/4

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Gukomeza Kujya Mbere mu Nzira ya Yehova (L. Valentino), 1/5

Imibereho Ikungahaye mu Murimo wa Yehova (R. Kurzen), 1/11

Imibereho Yaranzwe n’Ibintu Bitunguranye (E. na H. Beveridge), 1/10

Kwemera Ibyo Yehova Adutumirira (M. Zanardi), 1/12

Nakoranye Ubugingo Bwanjye Bwose n’Ubwo Nahuye n’Ibigeragezo (R. Lozano), 1/1

Nakoreye Umurimo Aho Nabaga Nkenewe Hose (J. Berry), 1/2

Ndashimira ku bw’Ibintu by’Agaciro Byambayeho Ncyibuka! (D. Caine), 1/8

Nkomeza Kugira Ibyishimo n’Umutima Ushima n’Ubwo Napfushije (N. Porter), 1/6

Twagerageje Yehova (P. Scribner), 1/7

Twakoreraga Hamwe (M. Barry), 1/4

Umucyo Umurika mu Burasirazuba bwo Hagati (N. Salem), 1/9

‘Yarihanganye Kugeza Imperuka’ (L. Swingle), 1/7

“Yehova Yambereye Mwiza Pe!” (K. Klein), 1/5

Yehova Yarankomeje (F. Lee), 1/3

YEHOVA

Rushaho Kumwiringira mu Buryo Bukomeye, 1/6

YESU KRISTO

Umuzuko, 15/3

Yesu Arakiza​—Mu Buhe Buryo? 15/11

Yesu Nyawe, 15/12