Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2006

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2006

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2006

Itariki igaragaza inomero ingingo yasohotsemo

ABAHAMYA BA YEHOVA

Abahawe impamyabumenyi i Galeedi, 1/1, 1/7

Abavandimwe bashya mu Nteko Nyobozi, 15/3

Arashaje ariko ntafunze (F. Rivarol), 15/8

Babanje kudutoteza nyuma baradukunda (Peru), 1/1

Baramusuye bituma ahindura imitekerereze, 1/7

‘Byatewe n’akana k’imyaka icyenda,’ 1/9

Daniel n’agakarita ke k’ikoraniro, 1/11

Dufatanyiriza hamwe kubaka, 1/11

Ese umucamanza ashobora kwigishwa? 1/12

Guinée, 15/10

Hayiti, 15/12

Ibiturage byo muri Boliviya, 15/2

Ikoraniro rifite umutwe uvuga ngo “Gucungurwa kwacu kuregereje,” 1/3

Ishuri Rihugura Abitangiye Gukora Umurimo, 15/11

“Komeza utubwire!” (umunyeshuri wo mu Burusiya), 1/3

“Kuva ubu nemeye ko Imana ibaho!” (Repubulika ya Tchèque), 15/7

Mpandeshatu y’isine, 15/2

Panama, 15/4

Toza abana bawe gutanga ibitekerezo, 15/11

‘Ubu ni bwo buryo bwiza cyane bwo gusoza amashuri’ (Hisipaniya), 1/7

Ubugande, 15/6

Ukwiyongera gushishikaje (Tayiwani), 15/8

Ukwizera kwe gukomeza abandi (Ibirwa bya Kanari), 1/7

BIBILIYA

Christophe Plantin yacapye Bibiliya, 15/11

Gusobanukirwa, 1/4

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Ezira, 15/1

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Nehemiya, 1/2

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Esiteri, 1/3

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Yobu, 15/3

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gice cya mbere cy’igitabo cya Zaburi, 15/5

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gice cya kabiri cy’igitabo cya Zaburi, 1/6

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gice cya gatatu n’icya kane by’igitabo cya zaburi, 15/7

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gice cya gatanu cy’igitabo cya Zaburi, 1/9

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Imigani, 15/9

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Umubwiriza, 1/11

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Indirimbo ya Salomo, 15/11

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Yesaya, igice cya I, 1/12

Inyandiko igaragaza ibitabo byemewe bya Bibiliya (Inyandiko ya Muratori), 15/2

“Inyandiko ya kera cyane,” 15/1

Ishyiriraho abantu imipaka ikabije? 1/10

“Mbega ukuntu nkunda amategeko yawe!” 15/9

“Tujye tugereranya imirongo y’Ibyanditswe,” 15/8

Yarahatanye kugira ngo abantu bayisome (Séraphim), 15/5

IBIBAZO BY’ABASOMYI

Ese Mose ntiyari ‘kwemererwa ukundi gusohoka’? (Guteg 31:2), 1/10

Ese nyuma y’ikigeragezo cya nyuma abantu bashobora kuzakora ibyaha kandi bagapfa? 15/8

Ese umuntu yacibwa mu itorero azira ibikorwa by’umwanda? 15/7

Ese Yesu yasuzuguraga nyina? (Yoh 2:4), 1/12

Ese Yozefu yararaguraga? (Itang 44:5), 1/2

Gukora impanuka y’imodoka igahitana abantu, 15/9

Ibintu bitatu byateza akaga ni ibihe? (Mat 5:22), 15/2

Ibintu byabaga mu Isanduku y’Isezerano, 15/1

Kuba abagore ‘bacecekera’ mu materaniro bivuga iki? (1 Kor 14:34), 1/3

Kuki mu Mategeko ya Mose imwe mu mikorere y’ibitsina isanzwe yatumaga umuntu abonwa ko ‘ahumanye’? 1/6

Mbese isi izarimburwa? (Zab 102:27), 1/1

Mu gihe umuntu afatwa n’abadayimoni, 15/4

Ni iki gituma “ibyifuzwa” biza? (Hag 2:7), 15/5

Ni iki kigaragaza ko “bwenge” ari Yesu mbere y’uko aba umuntu? (Imig 8), 1/8

‘Ntawazamutse ngo ajye mu ijuru keretse uwamanutse akaza hasi’ (Yoh 3:13), 15/6

“Ntugatekeshe umwana w’ihene amahenehene ya nyina” (Kuva 23:19), 1/4

IBICE BYO KWIGWA

Abungeri ni “ibyitegererezo by’umukumbi,” 1/5

Amaboko yanyu nakomere, 15/4

Bavukiraga mu ishyanga Imana yari yaratoranyije, 1/7

Dukorere Kristo Umwami mu budahemuka, 1/5

Ese ubona ibintu byera nk’uko Yehova abibona? 1/11

Ese witeguye kurokoka? 15/5

Garagaza ukwizera mu mibereho yawe, 15/10

Gira ubwenge kandi utinye Imana, 1/8

Gushaka gukiranuka bizaturinda, 1/1

Guteraniriza muri Kristo ibiri mu ijuru n’ibiri mu isi, 15/2

Gutinya Yehova bihesha ibyishimo, 1/8

‘Hitamo ubuzima ubeho,’ 1/6

Ibyishimo biterwa no kuba indahemuka, 15/5

“Ibyo mushaka byose bimenywe n’Imana,” 1/9

Icyo gukunda bagenzi bacu bisobanura, 1/12

Imyidagaduro myiza igarurira abantu ubuyanja, 1/3

Irinde ugusenga kw’ikinyoma, 15/3

Iringire Yehova kandi ugire ubutwari, 1/10

Jya ugaragaza urukundo n’icyubahiro urinda ururimi rwawe, 15/9

Jya wemera igihano cya Yehova igihe cyose, 15/11

Komeza kugira ubushishozi muri byose, 1/3

Kunda Imana kuko igukunda, 1/12

Kwizera no gutinya Imana bituma tugira ubutwari, 1/10

“Mbega ukuntu nkunda amategeko yawe!” 15/6

‘Mugende muhindure abantu abigishwa, mubabatiza,’ 1/4

Murwanye Satani na we azabahunga, 15/1

Mwikomereze mu rukundo rw’Imana, 15/11

Mwirinde ‘kwitotomba,’ 15/7

“Mwumvise ibyo kwihangana kwa Yobu,” 15/8

“Ndi kumwe namwe,” 15/4

Nimwigane umuco wa Yehova wo kwihangana, 1/2

“Nishimira ibyo wahamije [“utwibutsa,” NW ] ,” 15/6

Ntimugahe Satani urwaho, 15/1

Rubyiruko, nimuhitemo gukorera Yehova, 1/7

Tugendere mu nzira y’umucyo ugenda urushaho kwiyongera, 15/2

Tujye twubaha amateraniro yacu yera, 1/11

Twite ku byiza by’umuteguro wa Yehova, 15/7

“Ubuhamya bwo guhamiriza amahanga yose,” 1/2

Ubukwe bwubahwa mu maso y’Imana n’abantu, 15/10

Uburyo Imana iyobora kugira ngo isohoze umugambi wayo, 15/2

Uko twakwegera ‘uwumva ibyo asabwa,’ 1/9

Uko umuntu yakuzuza ibisabwa kugira ngo abatizwe, 1/4

“Umunsi ukomeye w’Uwiteka uri bugufi,” 15/12

‘Umuntu wese aziyikorerera uwe mutwaro,’ 15/3

Urukundo rutuma turushaho kugira ubutwari, 1/10

Wiringira Imana mu rugero rungana iki? 1/1

“Wishimire umugore w’ubusore bwawe,” 15/9

Yehova ‘ahera mu itangiriro akavuga iherezo,’ 1/6

Yehova aha “umwuka wera abawumusabye,” 15/12

Yehova akiza umunyamubabaro, 15/7

Yehova atoza abungeri baragira umukumbi we, 1/5

Yehova azatuma abantu ‘barenganurwa,’ 15/12

Yobu yarihanganaga kandi agakiranuka, 15/8

IBINDI

Abamarayika, 15/1

Agaciro k’ikiremwamuntu, 1/8

Ahandi hatari muri Bibiliya hari izina Abisirayeli, 15/7

Antikristo, 1/12

“Bahamagara abanyarukiko,” 15/9

Baruki, umwanditsi wa Yeremiya, 15/8

Ebla yari yaribagiranye yaravumbuwe, 15/12

Ese amahoro ku isi ni inzozi? 15/12

Ese koko turi mu “minsi y’imperuka”? 15/9

Ese u Buyuda bwakomeje kuba amatongo? 15/11

Ese wifuza kugira incuti nziza? 1/3

Ibyishimo, 15/6

Icyiza kizatsinda ikibi? 1/1

Idini rigufitiye akamaro, 1/9

Idini rimarira iki abantu? 1/9

Igiti cyitwa Lagani Auna, 1/2

“Ikirezi muri Galilaya yose” (Sepphoris), 1/6

Imihanda y’Abaroma, 15/10

“Inkuru ifite icyo ishushanya,” 15/3

Inyamaswa zihimbaza Yehova, 15/1

Ishati y’ubwoya, 1/8

Kashe ‘ya Yukali,’ 15/9

Kubaho iteka, 1/10

“Kuki turi ku isi?” 15/10

Mélito w’i Sarudi, 15/4

Ni bande bazaragwa isi? 15/8

Noheli, 15/12

Televiziyo ikwiriye kurera abana? 15/6

Ubukene, 1/5

Ubukire n’amahame ya Bibiliya, 1/2

Ubumenyi, 1/7

Ubwami bw’Imana, 15/7

Uko bamenyaga inzira mu nyanja, 1/10

Umuhango w’Abayahudi wo kwiyuhagira, 15/10

Umuti w’urupfu, 15/3

“Wite kuri uyu muzabibu!” 15/6

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

Agaciro k’ ‘urwabya rudakomeye,’ 15/5

Babyeyi, muhe abana urugero rwiza, 1/4

Bonera ibyishimo mu gushyira mu bikorwa amahame ya Bibiliya, 1/6

Gufata imyanzuro ihuje n’uko Imana ishaka, 15/4

Gukorana n’itorero rikoresha ururimi rw’amahanga, 15/3

Gushyikirana n’uwo mwashakanye, 15/4

Gutinya Imana “ni ko kwigisha ubwenge” (Imig 15), 1/8

Igihe mukoresha ubutware, mwigane Yesu, 1/4

Ihumure ku bageze mu za bukuru, 1/6

“Ijambo rivuzwe mu gihe gitunganye,” 1/1

Ikibazo kikureba nawe, 15/11

Imibereho myiza, 1/2

Isomo ku birebana n’ubwibone no kwicisha bugufi, 15/6

Kuba inyangamugayo bigira akamaro, 1/12

Kubera ko udashobora kukizigama, gikoreshe neza (igihe), 1/8

Kuki ukwiriye gukora ibyiza? 15/11

Kurera abana, 1/11

Mu gihe umwe mu bagize umuryango aretse Yehova, 1/9

Mwite ku bakene, 1/5

Ntugire ubwoba, 1/5

Tujye dushimishwa no gutekereza ku byo dusoma, 1/1

Uko wagera umwana ku mutima, 1/5

Umunsi w’ubukwe, 15/10

Mbese ‘ushira amanga’? 15/5

“Uwemera gucyahwa ni we ugira amakenga” (Img 15), 1/7

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Gusobanukirwa impamvu Imana ireka imibabaro ikabaho (H. Peloyan), 1/5

Kurera abana umunani (J. Valentine), 1/1

Kwihangana bihesha ibyishimo (M. Rocha de Souza), 1/7

Nafashijwe n’ubudahemuka bw’abagize umuryango wanjye (K. Cooke), 1/9

Namenye ibikwiriye kandi ndabikora (H. Sanderson), 1/3

Nkorera Yehova nishimye nubwo namugaye (V. Spetsiotis), 1/6

Twarwanye intambara kugira ngo dukomeze kuba abantu bakomeye mu buryo bw’umwuka (R. Brüggemeier), 1/12

Twiyemeje gukorera Yehova (R. Kuokkanen), 1/4

Umuryango wacu warashyize wunga ubumwe (S. Hirano), 1/8

Yehova yamfashije gutsinda ingorane nahuye na zo mu buzima (D. Irwin), 1/10

Yehova yamfashije kumubona (F. Clark), 1/2

Yehova yampaye imigisha myinshi mu murimo w’ubumisiyonari nari narifuje gukora (S. Winfield da Conceição), 1/11

Yishimiraga amategeko ya Yehova (A. Schroeder), 15/9

KALENDARI

‘Dukomere,’ dutange ubuhamya mu buryo bunonosoye, 15/11

‘Imana yacu ibasha kudukiza’ (Abaheburayo batatu), 15/7

‘Intambara ni iy’Uwiteka,’ 15/5

‘Ntitubasha kwiyumanganya ngo tureke kuvuga,’ 15/9

Twacungujwe “amaraso y’igiciro cyinshi,” 15/3

‘Uwiteka ampindukira agakiza,’ 15/1

YEHOVA

Ese koko dushobora kumenya Imana? 15/10

Uburenganzira bwo kugira izina, 15/4

Umugambi Imana ifitiye isi, 15/5

YESU KRISTO

Kuza kwa Mesiya, 15/2

Ni bande bagendera ku nyigisho za Kristo? 1/3

Umutambyi mukuru wakatiye Yesu urwo gupfa, 15/1