Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2007
Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2007
Itariki igaragaza inomero ingingo yasohotsemo
ABAHAMYA BA YEHOVA
Abahawe impamyabumenyi i Galeedi, 1/1, 1/7
Afite imyaka isaga ijana ariko aracyafite intego, 15/1
Batsinze urubanza (u Burusiya), 15/5
“Dukurikire Kristo!” Ikoraniro ry’Intara, 1/3
Dutsinda inzitizi mu gihe dukwirakwiza ubutumwa bwiza (Afurika), 15/10
Ese ujya ugeza ku bandi ibyo wizera uko uburyo bubonetse? (abanyeshuri), 1/11
“Ibitangaza” bibiri mu Ikoraniro ry’Intara ryabereye muri Géorgie, 1/8
Icyifuzo cya Adryana, 15/4
“Ifeza ni izanjye, n’izahabu na zo ni izanjye” (impano), 1/11
“Impano yanyu ni iy’agaciro kenshi” (u Bubiligi), 15/12
Intangarugero mu kuba inyangamugayo, 15/2
“Inzu y’amabuye” (Zimbabwe), 15 /2
“Mwakire impano mboherereje” (u Burusiya), 11/15
“Natangajwe no kwiyemeza kwe kudasanzwe” (u Budage), 15/10
Ukwizera k’umubyeyi kwaratsinze, 1/8
Umurima ‘umaze kwera ngo usarurwe’ (umwigimbakirwa wa Guajira), 15/4
“Urukundo rutuma bunga ubumwe” (Amakoraniro y’Intara yo mu mwaka wa 2006), 1/7
Yaramugaye ariko afite ubushake bwo gukora, 15/4
BIBILIYA
Abanditsi ba kera, 15/3
Akamaro k’“Isezerano rya Kera,” 1/9
Bibiliya mu ndimi zo muri Afurika, 15/1
Bibiliya ya mbere y’Igiporutugali, 1/7
Bibiliya yakugirira akamaro, 1/4
Ese Yesu yagiraga Bibiliya? 1/12
Ibibumbano byemeza ibyo Bibiliya ivuga, 15/11
“Impano” yahawe Polonye, 15/8
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Hoseya, 15/9
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Malaki, 15/12
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Amaganya, 1/6
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Daniyeli, 1/9
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Ezekiyeli, 1/7, 1/8
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Hagayi n’icya Zekariya, 1/12
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Nahumu, icya Habakuki n’icya Zefaniya, 15/11
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Obadiya, icya Yona n’icya Mika, 1/11
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Yeremiya, 15/3
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Yesaya—II, 15/1
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Yoweli n’icya Amosi, 1/10
Ni koko iroroshye, ariko se ihuje n’ukuri? (Bibiliya isomwa mu minota 100), 1/2
Umurimo utoroshye Glück yakoze (guhindura Bibiliya mu Kiletoniya), 15/6
Umuzingo uhinduka kodegisi, 1/6
IBIBAZO BY’ABASOMYI
Abana batojwe neza ntibazava mu nzira ya Yehova (Imig 22:6), 1/6
Ese inzoka yavuganye na Eva yari ifite amaguru? (Itang 3:14), 15/6
Ese kuba Yakobo yariyoberanyije akigira Esawu byari ikosa? (Itang 27:18, 19), 1/10
Ese Umukristo yakwirinda ibinyobwa n’ibiribwa birimo cafeine? 15/4
Guhiga no kuroba, 1/12
Gusarura sayiri y’umuganura yajyanwaga mu buturo bwera, 15/7
Gushyirwaho ikimenyetso (Ibyah 7:3), 1/1
Gutoranya Abakristo bafite ibyiringiro byo kujya mu ijuru, 5/1
Harimagedoni ni iki? (Ibyah 16:14, 16), 1/2
Inyamaswa zitazira zinjijwe mu nkuge ni zingahe? 15/3
Kuki mu gihe Yesu yatangizaga urwibutso rw’urupfu rwe yakoresheje vino ihiye? 15/9
Kuki Sawuli yabajije ngo Dawidi yari mwene nde? (1 Sam 17:58), 1/8
Kuzamurira rimwe ibirahuri by’inzoga, 15/2
“Mu bagabo igihumbi” umubwiriza yabonye “umwe” (Umubw 7:28), 15/1
Ubukwe bw’umuntu utizera, 15/11
Umugaragu ukiranuka w’‘umunyabwenge,’ ni iki? (Mat 24:45), 1/9
“Yarashyingiwe umugabo umwe gusa” (1 Tim 5:9), 1/4
IBICE BYO KWIGWA
Abageze mu za bukuru babera abato umugisha, 1/6
Babyeyi, mutoze abana banyu mubigiranye urukundo, 1/9
Babyeyi, mwigishe abana banyu gukunda Yehova, 1/9
Bagabo, mumenye ubutware bwa Kristo kandi mubwigane, 15/2
Bagore, mwubahe cyane abagabo banyu, 15/2
Bakomeza kujya mbere mu buryo bw’umwuka n’iyo bashaje, 1/6
“Bana, mujye mwumvira ababyeyi banyu,” 15/2
Dushobora kungukirwa no kwihanganira imibabaro, 15/8
Ese ushyigikiye ubutegetsi bw’ikirenga bwa Yehova? 1/12
Ese uzakomeza kugenda ‘uyobowe n’umwuka’? 15/7
Ese wacumuye ku mwuka wera? 15/7
Ese wemera ko umuzuko uzabaho koko? 15/5
mEse witeguye umunsi wa Yehova? 15/12
Fasha abandi kumvira ibyo Bibiliya yigisha, 15/1
Icyo Imana yateranyije hamwe umuntu ntakagitandukanye, 1/5
Ijambo rya Yehova ntirihera, 1/11
Impamvu imibabaro yose iri hafi kurangira, 15/5
Ishimire ubuzima ukomeza gutinya Yehova, 1/3
Itorero nirikomezwe, 15/4
Itorero nirisingize Yehova, 15/4
Itoze kugira imico yagufasha guhindura abantu abigishwa, 15/11
Jya ugenzura “ibintu byimbitse by’Imana,” 1/11
Jya wigana Umuntu Ukomeye mu guhindura abantu abigishwa, 15/11
Jya wigisha ibyo mu by’ukuri Bibiliya yigisha, 15/1
Komeza ‘kuneshesha ikibi icyiza,’ 1/7
Kuba wumvira, Yehova abiha agaciro, 15/6
Kurikirana intego ikwiriye mu buzima 1/10
Kurikirana intego zihuje n’umugambi w’Imana 1/10
Mbese uri “umutunzi mu by’Imana”? 1/8
Murusheho kugaragaza ko mushimira, 1/2
“Mwirinde kurarikira k’uburyo bwose,” 1/8
“Mwitinya mwihagararire gusa, murebe agakiza Uwiteka ari bubazanire,” 15/12
Ni gute twagirira abandi imbabazi? 15/9
Ni gute twarwanya abadayimoni? 15/3
Nimucyo twese hamwe duheshe ikuzo izina rya Yehova, 1/3
Nta ntwaro bacuriye kukurwanya izagira icyo igutwara,15/12
“Ntimukiture umuntu inabi yabagiriye,” 1/7
Reka Ijambo ry’Imana riyobore intambwe zawe, 1/5
Rubyiruko, mukurikirane intego zihesha Imana icyubahiro, 1/5
‘So agira imbabazi,’ 15/9
Tegereza umunsi wa Yehova wihanganye, 15/7
Tubere indahemuka Kristo n’umugaragu we ukiranuka, 1/4
Tugandukire abungeri buje urukundo twicishije bugufi, 1/4
‘Twaremwe mu buryo butangaje,’ 15/6
Ubutegetsi bw’ikirenga bwa Yehova n’Ubwami bw’Imana, 1/12
Uko twakizwa imitego y’umutezi w’inyoni, 1/10
‘Umuzuko wa mbere’ urimo uraba, 1/1
Umvira ijwi rikubamo, 15/10
Umvira umutimanama wawe 15/10
Uruhare rw’abamarayika mu mibereho y’abantu, 15/3
“Uzagira umunezero musa,” 1/1
Yehova akunda ubutabera, 15/8
Yehova ni Imana ishimira, 1/ 2
IBINDI
Abadahuje ubwoko, 1/7
Amosi yari umuhinzi cyangwa yakoraga akazi ko gusharura imitini? 1/2
Bari bahangayitse ariko ‘bashinze inzu ya Isirayeli,’ (Leya na Rasheli), 1/10
Barizilayi, 15/7
Beroya, 15/4
Ese guhitamo idini ryose ubonye nta cyo bitwaye? 1/3
Ese isi yose ishobora kunga ubumwe? 1/12
Ese umwuka wawe uzakomeza kubaho?, 15/7
Ese uterwa ubwoba n’igihe kizaza? 15/5
Hana, 15/3
Ihumure ku babyeyi bafite intimba, 1/5
Ikidendezi cy’i Silowamu, 15/7
Inkomoko y’ububi 1/6
“Inkuge z’i Kitimu,” 15/10
Isi, 15/2
John Milton, 15/9
Kwandika byari bifite akamaro muri Isirayeli ya kera, 15/8
Luka: umukozi ukundwa dufatanyije umurimo, 15/11
“Mu ijuru hari ubihamya wo kwizerwa,”15/7
Ni iki kikugaragariza ko umuntu yagize icyo ageraho? 1/1
“Nyagasani, kuki wicecekeye?” (Papa avugira i Auschwitz), 15/5
Samweli, 15/1
Sawuli abonana n’incuti ze za kera n’abahoze ari abanzi be, 15/6
Surakusa aho Pawulo yaruhukiye, 15/10
Ubugome buzashira, 15/4
Ubukristo bugera muri Aziya Ntoya, 15/8
Ufite umujyanama mu byo kuyoboka Imana? 15/12
Uko wamenya idini ry’ukuri, 1/3
“Ukuri ni iki?” 1/10
Umunsi mukuru wa gipagani wahinduwe uwa gikristo, 15/12
Umwaka wo mu ‘gihugu cyiza,’ 15/6
Wessel Gansfort “yabimburiye abandi mu guharanira ko habaho Ivugurura”, 1/3
Yefuta, 15/5
Yonatani, 15/9
IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO
Amahame, 15/6
Amahitamo ahesha ibyishimo, 1/10
Amasomo twakura ku bana, 1/2
“Araduhata,” 15/3
Ese gukebwa bigaragaza ko umuntu abaye umugabo? 1/6
Ese ushishikazwa n’ubuzima bw’uyu munsi gusa? 15/10
Gucengeza mu mutima w’umwana gukunda Imana, 15/9
Gutegereza Yehova bihesha ibyishimo, 1/3
Ibitambo bishimisha Imana, 1/4
Igihe ibyo wari witeze bidashobotse, 15/4
Igihe umwana yigometse, 15/1
Imbaraga z’ururimi, 1/6
“Imigambi yawe izakomezwa” (Imig 16), 15/5
Impamvu tujya mu materaniro, 15/5
Impuhwe, 15/12
Inshingano ziyubashye z’umugabo n’umugore, 15/1
Kuba abantu b’umwuka, 1/8
Kubera abandi isoko y’ihumure, 15/11
Kuvugisha ukuri, 1/2
Kwaguka mu rukundo, 1/1
m“Kwera no mu busaza,” 15/9
Kwicisha bugufi, 1/11
Kwihanganira akarengane, 15/8
Kwirinda kurengera, 15/2
Kwita ku bandi? 15/6
Kwizera ubuhanuzi, 1/4
Mwigishe abana kuba abanyamahoro, 1/12
mNi gute naha abana banjye uburere nyakuri? 15/5
Ntukirengagize gushimira, 1/9
Rubyiruko, mukora ababyeyi banyu ku mutima, 1/5
Twerekeze ahari urumuri, 15/10
Ubuzima bufite intego, 15/11
‘Ubwenge ni ubwugamo,’ 15/7
Umucyo uhebuje, 15/3
‘Uwiteka ungerageze,’ 15/8
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Guhitamo neza byampesheje imigisha mu buzima bwanjye bwose (P. Kushnir), 1/1
Gukorera Yehova bihesha ishema kandi ni igikundiro kitagereranywa (Z. Stigers), 1/8
Gushakisha ubutunzi byatuzaniye imigisha irambye (D. Smith na D. Ward), 1/5
mImpamvu nishimira guhindura abantu abigishwa (P. Moseley), 1/2
Nitoje kwiringira Yehova byimazeyo (A. Baxter), 1/11
Nkomeje urugendo rugana mu isi nshya (J. Pramberg), 1/12
Twategereje Ubwami butari “ubw’iyi si” (N. Gutsulyak), 1/3
Twiyemeje gusohoza umurimo wacu (L. Davison), 1/6
Umugabo wakundaga ubuzima n’abantu (D. Sydlik), 1/1
Umurimo wo guhindura abantu abigishwa wahinduye ubuzima bwanjye (L. Peters), 1/4
Yehova yadukijije ubutegetsi bw’igitugu (H. Dornik), 1/9
Yishimira “gutsinda ari kumwe n’umwana w’intama” (C. Barber), 15/10
YEHOVA
Amaso y’Imana arakureba, 1/8
Impamvu ibibi bikomeza kubaho, 15/9
Izina ry’Imana mu ndirimbo z’Ikirusiya, 1/9
Uwahanze ibintu, 15/8
YESU KRISTO
Kuza kwa Kristo, 15/3