Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2007

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2007

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2007

Itariki igaragaza inomero ingingo yasohotsemo

ABAHAMYA BA YEHOVA

Abahawe impamyabumenyi i Galeedi, 1/1, 1/7

Afite imyaka isaga ijana ariko aracyafite intego, 15/1

Batsinze urubanza (u Burusiya), 15/5

“Dukurikire Kristo!” Ikoraniro ry’Intara, 1/3

Dutsinda inzitizi mu gihe dukwirakwiza ubutumwa bwiza (Afurika), 15/10

Ese ujya ugeza ku bandi ibyo wizera uko uburyo bubonetse? (abanyeshuri), 1/11

“Ibitangaza” bibiri mu Ikoraniro ry’Intara ryabereye muri Géorgie, 1/8

Icyifuzo cya Adryana, 15/4

“Ifeza ni izanjye, n’izahabu na zo ni izanjye” (impano), 1/11

“Impano yanyu ni iy’agaciro kenshi” (u Bubiligi), 15/12

Intangarugero mu kuba inyangamugayo, 15/2

“Inzu y’amabuye” (Zimbabwe), 15 /2

“Mwakire impano mboherereje” (u Burusiya), 11/15

“Natangajwe no kwiyemeza kwe kudasanzwe” (u Budage), 15/10

Ukwizera k’umubyeyi kwaratsinze, 1/8

Umurima ‘umaze kwera ngo usarurwe’ (umwigimbakirwa wa Guajira), 15/4

“Urukundo rutuma bunga ubumwe” (Amakoraniro y’Intara yo mu mwaka wa 2006), 1/7

Yaramugaye ariko afite ubushake bwo gukora, 15/4

BIBILIYA

Abanditsi ba kera, 15/3

Akamaro k’“Isezerano rya Kera,” 1/9

Bibiliya mu ndimi zo muri Afurika, 15/1

Bibiliya ya mbere y’Igiporutugali, 1/7

Bibiliya yakugirira akamaro, 1/4

Ese Yesu yagiraga Bibiliya? 1/12

Ibibumbano byemeza ibyo Bibiliya ivuga, 15/11

“Impano” yahawe Polonye, 15/8

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Hoseya, 15/9

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Malaki, 15/12

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Amaganya, 1/6

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Daniyeli, 1/9

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Ezekiyeli, 1/7, 1/8

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Hagayi n’icya Zekariya, 1/12

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Nahumu, icya Habakuki n’icya Zefaniya, 15/11

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Obadiya, icya Yona n’icya Mika, 1/11

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Yeremiya, 15/3

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Yesaya—II, 15/1

Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Yoweli n’icya Amosi, 1/10

Ni koko iroroshye, ariko se ihuje n’ukuri? (Bibiliya isomwa mu minota 100), 1/2

Umurimo utoroshye Glück yakoze (guhindura Bibiliya mu Kiletoniya), 15/6

Umuzingo uhinduka kodegisi, 1/6

IBIBAZO BY’ABASOMYI

Abana batojwe neza ntibazava mu nzira ya Yehova (Imig 22:6), 1/6

Ese inzoka yavuganye na Eva yari ifite amaguru? (Itang 3:14), 15/6

Ese kuba Yakobo yariyoberanyije akigira Esawu byari ikosa? (Itang 27:18, 19), 1/10

Ese Umukristo yakwirinda ibinyobwa n’ibiribwa birimo cafeine? 15/4

Guhiga no kuroba, 1/12

Gusarura sayiri y’umuganura yajyanwaga mu buturo bwera, 15/7

Gushyirwaho ikimenyetso (Ibyah 7:3), 1/1

Gutoranya Abakristo bafite ibyiringiro byo kujya mu ijuru, 5/1

Harimagedoni ni iki? (Ibyah 16:14, 16), 1/2

Inyamaswa zitazira zinjijwe mu nkuge ni zingahe? 15/3

Kuki mu gihe Yesu yatangizaga urwibutso rw’urupfu rwe yakoresheje vino ihiye? 15/9

Kuki Sawuli yabajije ngo Dawidi yari mwene nde? (1 Sam 17:58), 1/8

Kuzamurira rimwe ibirahuri by’inzoga, 15/2

“Mu bagabo igihumbi” umubwiriza yabonye “umwe” (Umubw 7:28), 15/1

Ubukwe bw’umuntu utizera, 15/11

Umugaragu ukiranuka w’‘umunyabwenge,’ ni iki? (Mat 24:45), 1/9

“Yarashyingiwe umugabo umwe gusa” (1 Tim 5:9), 1/4

IBICE BYO KWIGWA

Abageze mu za bukuru babera abato umugisha, 1/6

Babyeyi, mutoze abana banyu mubigiranye urukundo, 1/9

Babyeyi, mwigishe abana banyu gukunda Yehova, 1/9

Bagabo, mumenye ubutware bwa Kristo kandi mubwigane, 15/2

Bagore, mwubahe cyane abagabo banyu, 15/2

Bakomeza kujya mbere mu buryo bw’umwuka n’iyo bashaje, 1/6

“Bana, mujye mwumvira ababyeyi banyu,” 15/2

Dushobora kungukirwa no kwihanganira imibabaro, 15/8

Ese ushyigikiye ubutegetsi bw’ikirenga bwa Yehova? 1/12

Ese uzakomeza kugenda ‘uyobowe n’umwuka’? 15/7

Ese wacumuye ku mwuka wera? 15/7

Ese wemera ko umuzuko uzabaho koko? 15/5

mEse witeguye umunsi wa Yehova? 15/12

Fasha abandi kumvira ibyo Bibiliya yigisha, 15/1

Icyo Imana yateranyije hamwe umuntu ntakagitandukanye, 1/5

Ijambo rya Yehova ntirihera, 1/11

Impamvu imibabaro yose iri hafi kurangira, 15/5

Ishimire ubuzima ukomeza gutinya Yehova, 1/3

Itorero nirikomezwe, 15/4

Itorero nirisingize Yehova, 15/4

Itoze kugira imico yagufasha guhindura abantu abigishwa, 15/11

Jya ugenzura “ibintu byimbitse by’Imana,” 1/11

Jya wigana Umuntu Ukomeye mu guhindura abantu abigishwa, 15/11

Jya wigisha ibyo mu by’ukuri Bibiliya yigisha, 15/1

Komeza ‘kuneshesha ikibi icyiza,’ 1/7

Kuba wumvira, Yehova abiha agaciro, 15/6

Kurikirana intego ikwiriye mu buzima 1/10

Kurikirana intego zihuje n’umugambi w’Imana 1/10

Mbese uri “umutunzi mu by’Imana”? 1/8

Murusheho kugaragaza ko mushimira, 1/2

“Mwirinde kurarikira k’uburyo bwose,” 1/8

“Mwitinya mwihagararire gusa, murebe agakiza Uwiteka ari bubazanire,” 15/12

Ni gute twagirira abandi imbabazi? 15/9

Ni gute twarwanya abadayimoni? 15/3

Nimucyo twese hamwe duheshe ikuzo izina rya Yehova, 1/3

Nta ntwaro bacuriye kukurwanya izagira icyo igutwara,15/12

“Ntimukiture umuntu inabi yabagiriye,” 1/7

Reka Ijambo ry’Imana riyobore intambwe zawe, 1/5

Rubyiruko, mukurikirane intego zihesha Imana icyubahiro, 1/5

‘So agira imbabazi,’ 15/9

Tegereza umunsi wa Yehova wihanganye, 15/7

Tubere indahemuka Kristo n’umugaragu we ukiranuka, 1/4

Tugandukire abungeri buje urukundo twicishije bugufi, 1/4

‘Twaremwe mu buryo butangaje,’ 15/6

Ubutegetsi bw’ikirenga bwa Yehova n’Ubwami bw’Imana, 1/12

Uko twakizwa imitego y’umutezi w’inyoni, 1/10

‘Umuzuko wa mbere’ urimo uraba, 1/1

Umvira ijwi rikubamo, 15/10

Umvira umutimanama wawe 15/10

Uruhare rw’abamarayika mu mibereho y’abantu, 15/3

“Uzagira umunezero musa,” 1/1

Yehova akunda ubutabera, 15/8

Yehova ni Imana ishimira, 1/ 2

IBINDI

Abadahuje ubwoko, 1/7

Amosi yari umuhinzi cyangwa yakoraga akazi ko gusharura imitini? 1/2

Bari bahangayitse ariko ‘bashinze inzu ya Isirayeli,’ (Leya na Rasheli), 1/10

Barizilayi, 15/7

Beroya, 15/4

Ese guhitamo idini ryose ubonye nta cyo bitwaye? 1/3

Ese isi yose ishobora kunga ubumwe? 1/12

Ese umwuka wawe uzakomeza kubaho?, 15/7

Ese uterwa ubwoba n’igihe kizaza? 15/5

Hana, 15/3

Ihumure ku babyeyi bafite intimba, 1/5

Ikidendezi cy’i Silowamu, 15/7

Inkomoko y’ububi 1/6

“Inkuge z’i Kitimu,” 15/10

Isi, 15/2

John Milton, 15/9

Kwandika byari bifite akamaro muri Isirayeli ya kera, 15/8

Luka: umukozi ukundwa dufatanyije umurimo, 15/11

“Mu ijuru hari ubihamya wo kwizerwa,”15/7

Ni iki kikugaragariza ko umuntu yagize icyo ageraho? 1/1

“Nyagasani, kuki wicecekeye?” (Papa avugira i Auschwitz), 15/5

Samweli, 15/1

Sawuli abonana n’incuti ze za kera n’abahoze ari abanzi be, 15/6

Surakusa aho Pawulo yaruhukiye, 15/10

Ubugome buzashira, 15/4

Ubukristo bugera muri Aziya Ntoya, 15/8

Ufite umujyanama mu byo kuyoboka Imana? 15/12

Uko wamenya idini ry’ukuri, 1/3

“Ukuri ni iki?” 1/10

Umunsi mukuru wa gipagani wahinduwe uwa gikristo, 15/12

Umwaka wo mu ‘gihugu cyiza,’ 15/6

Wessel Gansfort “yabimburiye abandi mu guharanira ko habaho Ivugurura”, 1/3

Yefuta, 15/5

Yonatani, 15/9

IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO

Amahame, 15/6

Amahitamo ahesha ibyishimo, 1/10

Amasomo twakura ku bana, 1/2

“Araduhata,” 15/3

Ese gukebwa bigaragaza ko umuntu abaye umugabo? 1/6

Ese ushishikazwa n’ubuzima bw’uyu munsi gusa? 15/10

Gucengeza mu mutima w’umwana gukunda Imana, 15/9

Gutegereza Yehova bihesha ibyishimo, 1/3

Ibitambo bishimisha Imana, 1/4

Igihe ibyo wari witeze bidashobotse, 15/4

Igihe umwana yigometse, 15/1

Imbaraga z’ururimi, 1/6

“Imigambi yawe izakomezwa” (Imig 16), 15/5

Impamvu tujya mu materaniro, 15/5

Impuhwe, 15/12

Inshingano ziyubashye z’umugabo n’umugore, 15/1

Kuba abantu b’umwuka, 1/8

Kubera abandi isoko y’ihumure, 15/11

Kuvugisha ukuri, 1/2

Kwaguka mu rukundo, 1/1

m“Kwera no mu busaza,” 15/9

Kwicisha bugufi, 1/11

Kwihanganira akarengane, 15/8

Kwirinda kurengera, 15/2

Kwita ku bandi? 15/6

Kwizera ubuhanuzi, 1/4

Mwigishe abana kuba abanyamahoro, 1/12

mNi gute naha abana banjye uburere nyakuri? 15/5

Ntukirengagize gushimira, 1/9

Rubyiruko, mukora ababyeyi banyu ku mutima, 1/5

Twerekeze ahari urumuri, 15/10

Ubuzima bufite intego, 15/11

‘Ubwenge ni ubwugamo,’ 15/7

Umucyo uhebuje, 15/3

‘Uwiteka ungerageze,’ 15/8

INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO

Guhitamo neza byampesheje imigisha mu buzima bwanjye bwose (P. Kushnir), 1/1

Gukorera Yehova bihesha ishema kandi ni igikundiro kitagereranywa (Z. Stigers), 1/8

Gushakisha ubutunzi byatuzaniye imigisha irambye (D. Smith na D. Ward), 1/5

mImpamvu nishimira guhindura abantu abigishwa (P. Moseley), 1/2

Nitoje kwiringira Yehova byimazeyo (A. Baxter), 1/11

Nkomeje urugendo rugana mu isi nshya (J. Pramberg), 1/12

Twategereje Ubwami butari “ubw’iyi si” (N. Gutsulyak), 1/3

Twiyemeje gusohoza umurimo wacu (L. Davison), 1/6

Umugabo wakundaga ubuzima n’abantu (D. Sydlik), 1/1

Umurimo wo guhindura abantu abigishwa wahinduye ubuzima bwanjye (L. Peters), 1/4

Yehova yadukijije ubutegetsi bw’igitugu (H. Dornik), 1/9

Yishimira “gutsinda ari kumwe n’umwana w’intama” (C. Barber), 15/10

YEHOVA

Amaso y’Imana arakureba, 1/8

Impamvu ibibi bikomeza kubaho, 15/9

Izina ry’Imana mu ndirimbo z’Ikirusiya, 1/9

Uwahanze ibintu, 15/8

YESU KRISTO

Kuza kwa Kristo, 15/3