Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ibirimo

Ibirimo

Ibirimo

15 Ukuboza 2008

Igazeti yo kwigwa

IBICE BYO KWIGWA BYO MU CYUMWERU CYA:

2-8 Gashyantare 2009

Kuki wagombye gukomeza kuba indahemuka?

IPAJI YA 3

INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 10, 160

9-15 Gashyantare 2009

Ese uzakomeza kuba indahemuka?

IPAJI YA 7

INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 26, 29

16-22 Gashyantare 2009

Duhe agaciro umwanya wihariye Yesu afite mu mugambi w’Imana

IPAJI YA 12

INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 205, 105

23 Gashyantare 2009–1 Werurwe 2009

Twiyemeje kubwiriza mu buryo bunonosoye

IPAJI YA 16

INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 6, 193

Intego y’ibice byo kwigwa

Igice cyo kwigwa cya 1 n’icya 2 IPAJI YA 3-11

Ubudahemuka ni iki? Kuki ari ubw’ingenzi cyane? Ni gute twagira uwo muco kandi tugakomeza kuwugira? Ese birashoboka ko umuntu wigeze kureka kuba indahemuka yakongera kuba yo? Uzabona ibisubizo by’ibibazo nk’ibyo muri ibi bice byombi.

Igice cyo kwigwa cya 3 IPAJI YA 12-16

Yesu afite umwanya wihariye mu isohozwa ry’umugambi w’Imana. Iki gice kirasuzuma amazina atandatu y’icyubahiro ahabwa Yesu. Ayo mazina agaragaza ko Yesu yihariye. Nanone kandi, turi burebe ukuntu dushobora kumwigana ku bihereranye n’uko yagiye asohoza inshingano zijyanye n’uwo mwanya we wihariye.

Igice cyo kwigwa cya 4 IPAJI YA 16-20

Gusuzuma ibyo intumwa Pawulo yabwiye abasaza bo muri Efeso nk’uko bivugwa mu gice cya 20 cy’Ibyakozwe n’Intumwa, bishobora kudufasha kubona uko yashoboye gutanga ubuhamya mu buryo bunonosoye. Tuzabona kandi amasomo y’ingirakamaro y’ukuntu twabwiriza ubutumwa bwiza mu buryo bunonosoye, n’impamvu twabikora.

IBINDI:

Bibiliya n’Inyandiko za kera zikoresha ibimenyetso bimeze nk’udusumari

IPAJI YA 21

Niboneye ukuntu umukumbi w’Imana wagiye wiyongera muri Koreya

IPAJI YA 23

Ijambo rya Yehova ni rizima: ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu nzandiko za Yohana n’urwa Yuda

IPAJI YA 27

Ese uribuka?

IPAJI YA 30

Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2008

IPAJI YA 31

Ibibazo by’abasomyi

IPAJI YA 32