Ibirimo
Ibirimo
15 Ukuboza 2008
Igazeti yo kwigwa
IBICE BYO KWIGWA BYO MU CYUMWERU CYA:
2-8 Gashyantare 2009
Kuki wagombye gukomeza kuba indahemuka?
IPAJI YA 3
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 10, 160
9-15 Gashyantare 2009
Ese uzakomeza kuba indahemuka?
IPAJI YA 7
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 26, 29
16-22 Gashyantare 2009
Duhe agaciro umwanya wihariye Yesu afite mu mugambi w’Imana
IPAJI YA 12
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 205, 105
23 Gashyantare 2009–1 Werurwe 2009
Twiyemeje kubwiriza mu buryo bunonosoye
IPAJI YA 16
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 6, 193
Intego y’ibice byo kwigwa
Igice cyo kwigwa cya 1 n’icya 2 IPAJI YA 3-11
Ubudahemuka ni iki? Kuki ari ubw’ingenzi cyane? Ni gute twagira uwo muco kandi tugakomeza kuwugira? Ese birashoboka ko umuntu wigeze kureka kuba indahemuka yakongera kuba yo? Uzabona ibisubizo by’ibibazo nk’ibyo muri ibi bice byombi.
Igice cyo kwigwa cya 3 IPAJI YA 12-16
Yesu afite umwanya wihariye mu isohozwa ry’umugambi w’Imana. Iki gice kirasuzuma amazina atandatu y’icyubahiro ahabwa Yesu. Ayo mazina agaragaza ko Yesu yihariye. Nanone kandi, turi burebe ukuntu dushobora kumwigana ku bihereranye n’uko yagiye asohoza inshingano zijyanye n’uwo mwanya we wihariye.
Igice cyo kwigwa cya 4 IPAJI YA 16-20
Gusuzuma ibyo intumwa Pawulo yabwiye abasaza bo muri Efeso nk’uko bivugwa mu gice cya 20 cy’Ibyakozwe n’Intumwa, bishobora kudufasha kubona uko yashoboye gutanga ubuhamya mu buryo bunonosoye. Tuzabona kandi amasomo y’ingirakamaro y’ukuntu twabwiriza ubutumwa bwiza mu buryo bunonosoye, n’impamvu twabikora.
IBINDI:
Bibiliya n’Inyandiko za kera zikoresha ibimenyetso bimeze nk’udusumari
IPAJI YA 21
Niboneye ukuntu umukumbi w’Imana wagiye wiyongera muri Koreya
IPAJI YA 23
Ijambo rya Yehova ni rizima: ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu nzandiko za Yohana n’urwa Yuda
IPAJI YA 27
IPAJI YA 30
Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2008
IPAJI YA 31
IPAJI YA 32