Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ibaruwa ya mbere yandikiwe Timoteyo

Ibice

1 2 3 4 5 6

Ibivugwamo

  • 1

    • Intashyo (1, 2)

    • Inama yo kwirinda abigisha b’ibinyoma (3-11)

    • Pawulo yagaragarijwe ineza ihebuje (12-16)

    • Umwami uhoraho iteka ryose (17)

    • “Uzabe nk’umusirikare uzi kurwana neza” (18-20)

  • 2

    • Mujye musenga musabira abantu bose (1-7)

      • Imana imwe n’umuhuza umwe (5)

      • Incungu ya bose (6)

    • Inama zireba abagabo n’abagore (8-15)

      • Kwambara mu buryo bwiyubashye (9, 10)

  • 3

    • Ibyo umuntu asabwa kugira ngo abe umusaza w’itorero (1-7)

    • Ibyo umuntu asabwa kugira ngo abe umukozi w’itorero (8-13)

    • Ibanga ryera ryo kwiyegurira Imana (14-16)

  • 4

    • Inama yo kwirinda inyigisho z’abadayimoni (1-5)

    • Uko umuntu yaba umukozi mwiza wa Kristo (6-10)

      • Imyitozo ngororamubiri no kwiyegurira Imana (8)

    • Ujye uba umwigisha mwiza (11-16)

  • 5

    • Uko wakwitwara ku bakiri bato n’abakuru (1, 2)

    • Gufasha abapfakazi (3-16)

      • Guha abagize umuryango ibyo bakeneye (8)

    • Jya wubaha abasaza bakorana umwete (17-25)

      • “Ujye unywa ka divayi gake” bitewe n’uko urwara igifu (23)

  • 6

    • Abagaragu bagomba kubaha ba shebuja (1, 2)

    • Abigisha b’ibinyoma no gukunda amafaranga (3-10)

    • Amabwiriza agenewe umuntu w’Imana (11-16)

    • Mujye mukora ibikorwa byiza (17-19)

    • Ujye urinda icyo wahawe (20, 21)