Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ibaruwa ya kabiri yandikiwe Abakorinto

Ibice

1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13

Ibivugwamo

  • 1

    • Intashyo (1, 2)

    • Imana iduhumuriza mu bibazo byacu byose (3-11)

    • Pawulo agira icyo ahindura ku ngendo yateganyaga gukora (12-24)

  • 2

    • Pawulo yifuzaga ko bagira ibyishimo (1-4)

    • Umuntu wakoze icyaha ababarirwa kandi akagarurwa mu itorero (5-11)

    • Pawulo ari i Tirowa no muri Makedoniya (12, 13)

    • Umurimo dukora. Urugendo rwo kwiyerekana (14-17)

      • Ntiducuruza ijambo ry’Imana (17)

  • 3

    • Amabaruwa yemeza ko dukwiriye (1-3)

    • Abakozi babwiriza iby’isezerano rishya (4-6)

    • Ubwiza burabagirana bw’isezerano rishya (7-18)

  • 4

    • Umucyo w’ubutumwa bwiza (1-6)

      • Ubwenge bw’abatizera bwarahumye (4)

    • Ubutunzi buri mu bikoresho bikozwe mu ibumba (7-18)

  • 5

    • Twifuza cyane guhabwa inzu yo mu ijuru (1-10)

    • Umurimo wo kwiyunga n’Imana (11-21)

      • Icyaremwe gishya (17)

      • Intumwa zihagarariye Kristo (20)

  • 6

    • Ntimugapfushe ubusa ineza ihebuje Imana ibagaragariza (1, 2)

    • Ibyaranze umurimo wa Pawulo (3-13)

    • Ntimukifatanye n’abatizera (14-18)

  • 7

    • Mwiyeze kandi mwirinde ikintu cyose cyabanduza (1)

    • Pawulo agaragaza uko yishimira cyane Abakorinto (2-4)

    • Tito atanga amakuru meza (5-7)

    • Kubabara mu buryo buhuje n’uko Imana ishaka hamwe no kwihana (8-16)

  • 8

    • Gukusanya imfashanyo zigenewe Abakristo b’i Yudaya (1-15)

    • Tito yoherezwa i Korinto (16-24)

  • 9

    • Igituma umuntu agira icyo atanga (1-15)

      • Imana ikunda umuntu utanga yishimye (7)

  • 10

    • Pawulo avuganira umurimo yakoze (1-18)

      • Intwaro zacu si iz’abantu (4, 5)

  • 11

    • Pawulo n’intumwa z’akataraboneka (1-15)

    • Ibibazo Pawulo yahuye na byo bitewe n’uko yari intumwa (16-33)

  • 12

    • Ibyo Pawulo yeretswe (1-7a)

    • “Ihwa ryo mu mubiri” rya Pawulo (7b-10)

    • Intumwa z’akataraboneka ntiziruta Pawulo (11-13)

    • Pawulo ahangayikira Abakorinto (14-21)

  • 13

    • Inama za nyuma n’amagambo yo kubatera inkunga (1-14)

      • “Mukomeze kwisuzuma murebe niba mugifite ukwizera gukomeye” (5)

      • Muhinduke mukore ibyiza, mugire imitekerereze imwe (11)