Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ibaruwa yandikiwe Abaheburayo

Ibice

1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13

Ibivugwamo

  • 1

    • Imana ivuga binyuze ku Mwana wayo (1-4)

    • Umwana w’Imana aruta abamarayika (5-14)

  • 2

    • Tujye twitondera ibyo twumvise kurusha uko twari dusanzwe tubikora (1-4)

    • Ibintu byose byahawe Yesu ngo abiyobore (5-9)

    • Yesu n’abavandimwe be (10-18)

      • Umuyobozi Mukuru utanga agakiza (10)

      • Umutambyi mukuru w’umunyambabazi (17)

  • 3

    • Yesu akwiriye icyubahiro kiruta icya Mose (1-6)

      • Imana ni yo yaremye ibintu byose (4)

    • Umuburo wo kwirinda kubura ukwizera (7-19)

      • “Uyu munsi nimwumva ijwi ryayo” (7, 15)

  • 4

    • Ingaruka ziterwa no kutaruhuka nk’uko Imana na yo yaruhutse (1-10)

    • Inama yo kuruhuka nk’uko Imana na yo yaruhutse (11-13)

      • Ijambo ry’Imana ni rizima (12)

    • Yesu ni umutambyi mukuru uruta abandi (14-16)

  • 5

    • Yesu arenze abatambyi bakuru b’abantu (1-10)

      • Ni umutambyi umeze nka Melikisedeki (6, 10)

      • Imibabaro yahuye na yo yamutoje kumvira (8)

      • Azageza abamwumvira bose ku gakiza k’iteka (9)

    • Twirinde kugira ukwizera kudakomeye (11-14)

  • 6

    • Duhatanire kugira ukwizera gukomeye (1-3)

    • Abaretse inyigisho z’ukuri ni nkaho baba bongeye kumanika Umwana w’Imana (4-8)

    • Mukomeze kwizera mudashidikanya ibyo mwiringiye (9-12)

    • Isezerano ry’Imana ntirihinduka (13-20)

      • Isezerano ry’Imana n’indahiro yayo idahinduka (17, 18)

  • 7

    • Melikisedeki yari umwami wihariye akaba n’umutambyi udasanzwe (1-10)

    • Kristo ni umutambyi mukuru uruta abandi (11-28)

      • Kristo ni we ushobora gukiza abantu mu buryo bwuzuye (25)

  • 8

    • Ihema ryo guhuriramo n’Imana ryagereranyaga ibikorerwa mu ijuru (1-6)

    • Aho isezerano rya kera ritandukaniye n’isezerano rishya (7-13)

  • 9

    • Umurimo wera wakorerwaga ahera ho ku isi (1-10)

    • Kristo yinjiye mu ijuru afite amaraso ye (11-28)

      • Ni umuhuza w’isezerano rishya (15)

  • 10

    • Ibitambo by’amatungo ntibyari bihagije (1-4)

      • Amategeko agereranya ibintu byiza bizaza (1)

    • Kristo yatanze igitambo kimwe gihoraho (5-18)

    • Uburyo bushya bwo kwinjira ahera (19-25)

      • Ntitukirengagize guteranira hamwe (24, 25)

    • Tujye twirinda gukora ibyaha ku bushake (26-31)

    • Ubutwari no kwizera bidufasha kwihangana (32-39)

  • 11

    • Icyo ukwizera ari cyo (1, 2)

    • Ingero z’abantu bagaragaje ukwizera (3-40)

      • Umuntu udafite ukwizera ntashobora gushimisha Imana (6)

  • 12

    • Yesu ni we utunganya ukwizera kwacu (1-3)

      • Abahamya benshi bameze nk’igicu kinini cyane (1)

    • Ntugasuzugure igihano cya Yehova (4-11)

    • Mukomeze kwitunganyiriza inzira igororotse (12-17)

    • Mwegereye Yerusalemu yo mu ijuru (18-29)

  • 13

    • Inama za nyuma n’intashyo (1-25)

      • Ntimukibagirwe kwakira abashyitsi (2)

      • Ishyingiranwa ryubahwe n’abantu bose  (4)

      • Mujye mwumvira ababayobora (7, 17)

      • Tujye dutambira Imana igitambo cy’ishimwe (15, 16)