Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ibaruwa yandikiwe Abaroma

Ibice

1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16

Ibivugwamo

  • 1

    • Intashyo (1-7)

    • Pawulo avuga ko yifuza kujya i Roma (8-15)

    • Umukiranutsi azabeshwaho no kwizera (16, 17)

    • Abakora ibibi nta cyo bafite cyo kwireguza (18-32)

      • Imico y’Imana igaragarira mu byaremwe (20)

  • 2

    • Imana izacira urubanza Abayahudi n’Abagiriki (1-16)

      • Uko umutimanama ukora (14, 15)

    • Abayahudi n’Amategeko (17-24)

    • Gukebwa ko mu mutima (25-29)

  • 3

    • ‘Imana izakomeza kurangwa n’ukuri’ (1-8)

    • Abayahudi n’Abagiriki, bose bakora ibyaha (9-20)

    • Ukwizera ni ko gutuma umuntu aba umukiranutsi (21-31)

      • Abantu bose bananiwe guhesha Imana icyubahiro (23)

  • 4

    • Aburahamu yiswe umukiranutsi bitewe n’ukwizera yari afite  (1-12)

      • Aburahamu yakomotsweho n’abantu bafite ukwizera (11)

    • Ukwizera ni ko kwatumye ahabwa isezerano (13-25)

  • 5

    • Twabaye incuti zʼImana binyuze kuri Kristo (1-11)

    • Adamu yatumye abantu bapfa ariko Kristo yatumye abantu babona ubuzima (12-21)

      • Icyaha n’urupfu bigera ku bantu bose (12)

      • Igikorwa kimwe cyo gukiranuka (18)

  • 6

    • Umubatizo nk’uwa Kristo utuma umuntu agira imibereho mishya (1-11)

    • Ntimukemere ko icyaha kibategeka (12-14)

    • Mwahoze muyoborwa nʼicyaha, ariko ubu muri abagaragu b’Imana (15-23)

      • Ibihembo by’ibyaha ni urupfu. Impano y’Imana ni ubuzima (23)

  • 7

    • Urugero rugaragaza uko bigenda iyo umuntu atakiyoborwa n’Amategeko (1-6)

    • Amategeko ni yo atuma icyaha kimenyekana (7-12)

    • Intambara turwana n’icyaha (13-25)

  • 8

    • Umwuka wera utanga ubuzima n’umudendezo (1-11)

    • Umwuka wera ni wo utwemeza ko turi abana b’Imana (12-17)

    • Ibyaremwe bizahabwa umudendezo w’abana b’Imana (18-25)

    • “Umwuka wera winginga ku bwacu” (26, 27)

    • Ibyo Imana yateganyije mbere y’igihe (28-30)

    • Urukundo Imana idukunda ni rwo rutuma dutsinda (31-39)

  • 9

    • Agahinda Pawulo yari afite bitewe n’Abisirayeli (1-5)

    • Abana nyakuri ba Aburahamu (6-13)

    • Nta muntu ukwiriye kunenga ibyo Imana yakoze (14-26)

      • Abantu bakwiriye kurimburwa n’abakwiriye kugirirwa imbabazi (22, 23)

    • Abantu bake gusa basigaye ni bo bazakizwa (27-29)

    • Abisirayeli barasitaye (30-33)

  • 10

    • Uko umuntu yaba umukiranutsi (1-15)

      • Gutangaza ibyo wizera (10)

      • Gutabaza Yehova ukoresheje izina rye bihesha agakiza (13)

      • Kubona abantu babwiriza birashimisha (15)

    • Banze ubutumwa bwiza (16-21)

  • 11

    • Abisirayeli ntibaguye burundu (1-16)

    • Urugero rw’igiti cy’umwelayo (17-32)

    • Ubwenge bw’Imana ni bwinshi cyane (33-36)

  • 12

    • Mutange imibiri yanyu ibe nk’igitambo kizima (1, 2)

    • Dufite impano nyinshi ariko twese tugize umubiri umwe (3-8)

    • Inama zirebana n’uko Abakristo b’ukuri bakwiriye kubaho (9-21)

  • 13

    • Kubaha abategetsi (1-7)

      • Kwishyura imisoro (6, 7)

    • Umuntu ufite urukundo aba akoze ibyo Amategeko asaba (8-10)

    • Mumere nk’abagenda ku manywa (11-14)

  • 14

    • Ntimugacire abandi imanza (1-12)

    • Ntimugatume abandi babura ukwizera (13-18)

    • Muharanire kunga ubumwe n’amahoro (19-23)

  • 15

    • Mujye mwakira abandi nk’uko Kristo yatwakiriye (1-13)

    • Pawulo ni umukozi ukorera abantu bo mu bindi bihugu (14-21)

    • Ingendo Pawulo yateganyaga gukora (22-33)

  • 16

    • Pawulo asaba ko Foyibe yakirwa neza nk’umubwiriza (1, 2)

    • Asuhuza Abakristo b’i Roma (3-16)

    • Atanga umuburo wo kwirinda amacakubiri (17-20)

    • Intashyo ziturutse kuri bagenzi ba Pawulo (21-24)

    • Ibanga ryera ryaramenyekanye (25-27)