Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ibaruwa yandikiwe Abefeso

Ibice

1 2 3 4 5 6

Ibivugwamo

  • 1

    • Intashyo (1, 2)

    • Imigisha dukesha umwuka wera (3-7)

    • Guhuriza hamwe ibintu byose kugira ngo byumvire Kristo (8-14)

      • “Ubuyobozi” bugomba kugira icyo bukora mu gihe cyagenwe (10)

      • Mwashyizweho ikimenyetso binyuze ku mwuka wera ari wo ‘sezerano ryatanzwe mbere y’igihe’ (13, 14)

    • Pawulo ashimira Imana bitewe n’ukwizera kw’Abefeso, kandi agasenga abasabira (15-23)

  • 2

    • Yabahinduye bazima binyuze kuri Kristo (1-10)

    • Urukuta rwatandukanyaga Abisirayeli n’abandi bantu rusenywa (11-22)

  • 3

    • Ibanga ryera rihabwa n’abatari Abayahudi (1-13)

      • Abatari Abayahudi na bo bari kuzahabwa umurage hamwe na Kristo (6)

      • Umugambi uhoraho w’Imana (11)

    • Pawulo asenga asaba ko Abefeso barushaho gusobanukirwa (14-21)

  • 4

    • Uko abagize umubiri wa Kristo bunze ubumwe (1-16)

      • Impano zigizwe n’abantu (8)

    • Imitekerereze ya kera nʼimitekerereze mishya (17-32)

  • 5

    • Kugira imyitwarire myiza no kuvuga amagambo atanduye (1-5)

    • Mukomeze kugenda nk’abagendera mu mucyo (6-14)

    • Muhorane umwuka wera (15-20)

      • Mujye mukoresha neza igihe cyanyu (16)

    • Inama zireba abagabo n’abagore (21-33)

  • 6

    • Inama zireba abana n’ababyeyi (1-4)

    • Inama zigenewe abagaragu na ba shebuja (5-9)

    • Intwaro zuzuye ziva ku Mana (10-20)

    • Intashyo za nyuma (21-24)