Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ubutumwa bwiza bwanditswe na Yohana

Ibice

1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21

Ibivugwamo

  • 1

    • Jambo aba umuntu (1-18)

    • Ubutumwa bwa Yohana Umubatiza (19-28)

    • Yesu ni Umwana w’Intama w’Imana (29-34)

    • Abigishwa ba mbere ba Yesu (35-42)

    • Filipo na Natanayeli (43-51)

  • 2

    • Ubukwe bw’i Kana. Amazi ahinduka divayi (1-12)

    • Yesu yeza urusengero (13-22)

    • Yesu aba azi ibiri mu mutima w’umuntu (23-25)

  • 3

    • Yesu na Nikodemu (1-21)

      • Kongera kubyarwa (3-8)

      • Imana yakunze abantu cyane (16)

    • Ubutumwa bwa nyuma Yohana yabwirije buvuga ibya Yesu (22-30)

    • Uwaturutse mu ijuru (31-36)

  • 4

    • Yesu n’Umusamariyakazi (1-38)

      • Gusenga Imana “mu mwuka no mu kuri” (23, 24)

    • Abasamariya benshi bizera Yesu (39-42)

    • Yesu akiza umwana w’umukozi w’ibwami (43-54)

  • 5

    • Akiza umugabo wari ku kidendezi cya Betesida (1-18)

    • Yesu yahabwaga ububasha na Papa we (19-24)

    • Abantu bapfuye bazumva ijwi rya Yesu (25-30)

    • Ubuhamya bwerekeye Yesu (31-47)

  • 6

    • Yesu agaburira abantu 5.000 (1-15)

    • Yesu agendera hejuru y’amazi (16-21)

    • Yesu ni ‘umugati utanga ubuzima’ (22-59)

    • Abantu benshi bacika intege bitewe n’ibyo Yesu yari yavuze (60-71)

  • 7

    • Yesu mu Minsi Mikuru y’Ingando (1-13)

    • Yesu yigisha mu gihe cy’iminsi mikuru (14-24)

    • Ibintu bitandukanye abantu bavugaga kuri Kristo (25-52)

  • 8

    • Papa wa Yesu ni we uhamya ibyerekeye Yesu (12-30)

      • Yesu ni “umucyo w’isi” (12)

    • Abana ba Aburahamu (31-41)

      • ‘Ukuri kuzatuma mubona umudendezo’ (32)

    • Abana ba Satani (42-47)

    • Yesu na Aburahamu (48-59)

  • 9

    • Yesu akiza umuntu wavutse atabona (1-12)

    • Yesu akiza umuntu, maze Abafarisayo bakabaza uwo muntu ibibazo byinshi (13-34)

    • Ukuntu Abafarisayo bari impumyi (35-41)

  • 10

    • Umwungeri n’urugo rw’intama (1-21)

      • Yesu ni we mwungeri mwiza (11-15)

      • “Mfite n’izindi ntama” (16)

    • Abayahudi bavugana na Yesu ku Munsi Mukuru wo Gutaha Urusengero (22-39)

      • Abayahudi benshi banga kumwizera (24-26)

      • “Intama zanjye zumva ijwi ryanjye” (27)

      • Umwana yunze ubumwe na Papa we (30, 38)

    • Abantu benshi bo hakurya ya Yorodani bizera Yesu (40-42)

  • 11

    • Lazaro apfa (1-16)

    • Yesu ahumuriza Mariya na Marita (17-37)

    • Yesu azura Lazaro (38-44)

    • Bajya inama yo kwica Yesu (45-57)

  • 12

    • Mariya asuka amavuta ku birenge bya Yesu (1-11)

    • Yesu yinjirana ishema muri Yerusalemu (12-19)

    • Yesu avuga ko azapfa (20-37)

    • Kuba Abayahudi barabuze ukwizera byatumye ibyavuzwe mu buhanuzi biba (38-43)

    • Yesu yaje gukiza abari mu isi (44-50)

  • 13

    • Yesu yoza abigishwa be ibirenge (1-20)

    • Yesu avuga ko Yuda yari kumugambanira (21-30)

    • Itegeko rishya (31-35)

      • “Nimukundana” (35)

    • Yesu avuga ko Petero yari kumwihakana (36-38)

  • 14

    • Yesu ni we wenyine wadufasha kwegera Papa wo mu ijuru (1-14)

      • ‘Ni njye nzira, ukuri n’ubuzima’ (6)

    • Yesu asezeranya abigishwa be kuboherereza umwuka wera (15-31)

      • ‘Papa wo mu ijuru aranduta’ (28)

  • 15

    • Umugani w’umuzabibu mwiza (1-10)

    • Itegeko ryo kugaragaza urukundo nk’urwa Kristo (11-17)

      • “Nta wufite urukundo ruruta” urwa Yesu (13)

    • Ab’isi banga abigishwa ba Yesu (18-27)

  • 16

    • Bamwe mu bigishwa ba Yesu bari kuzicwa (1-4a)

    • Icyo umwuka wera wari kuzakora (4b-16)

    • Agahinda k’abigishwa kari kuzahinduka ibyishimo (17-24)

    • Yesu yatsinze isi (25-33)

  • 17

    • Yesu asenga bwa nyuma ari kumwe n’abigishwa be (1-26)

      • Kumenya Imana bihesha ubuzima bw’iteka (3)

      • Abakristo si ab’isi (14-16)

      • “Ijambo ryawe ni ukuri” (17)

      • “Nabamenyesheje izina ryawe” (26)

  • 18

    • Yuda agambanira Yesu (1-9)

    • Petero akubita umuntu inkota (10, 11)

    • Yesu ajyanwa kwa Ana (12-14)

    • Petero yihakana Yesu ku nshuro ya mbere (15-18)

    • Yesu yiregurira imbere ya Ana (19-24)

    • Petero yihakana Yesu ku nshuro ya kabiri n’iya gatatu (25-27)

    • Yesu yiregurira imbere ya Pilato (28-40)

      • “Ubwami bwanjye si ubw’iyi si” (36)

  • 19

    • Yesu akubitwa kandi bakamuseka (1-7)

    • Pilato yongera kubaza Yesu ibibazo (8-16a)

    • Yesu bamumanika ku giti i Gologota (16b-24)

    • Yesu asaba umwigishwa we kuzita kuri mama we (25-27)

    • Yesu apfa (28-37)

    • Yesu ashyingurwa (38-42)

  • 20

    • Basanga imva irimo ubusa (1-10)

    • Yesu abonekera Mariya Magadalena (11-18)

    • Yesu abonekera abigishwa be (19-23)

    • Tomasi ashidikanya ariko nyuma yaho akizera (24-29)

    • Impamvu iki gitabo cyanditswe (30, 31)

  • 21

    • Yesu abonekera abigishwa be (1-14)

    • Petero yemeza ko akunda Yesu (15-19)

      • “Gaburira abana b’intama zanjye” (17)

    • Uko byari kuzagendekera umwigishwa Yesu yakundaga (20-23)

    • Umusozo (24, 25)