Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

A7-C

Ibintu by’ingenzi byaranze Yesu igihe yari ku isi—Umurimo ukomeye Yesu yakoreye muri Galilaya (Igice cya 1)

IGIHE

AHANTU

IBYABAYE

MATAYO

MARIKO

LUKA

YOHANA

Mu mwaka wa 30

Galilaya

Yesu abwiriza avuga ati: “Ubwami bw’Imana buri hafi kuza”

4:17

1:14, 15

4:14, 15

4:44, 45

Kana; Nazareti; Kaperinawumu

Akiza umwana w’umukozi w’ibwami; asoma ubuhanuzi bwa Yesaya; ajya i Kaperinawumu

4:13-16

 

4:16-31

4:46-54

Inyanja ya Galilaya, hafi y’i Kaperinawumu

Ahamagara abigishwa bane: Simoni na Andereya, Yakobo na Yohana

4:18-22

1:16-20

5:1-11

 

Kaperinawumu

Akiza mama w’umugore wa Petero n’abandi

8:14-17

1:21-34

4:31-41

 

Galilaya

Ajya i Galilaya bwa mbere ari kumwe n’abigishwa bane

4:23-25

1:35-39

4:42, 43

 

Akiza umuntu wari urwaye ibibembe; abantu benshi bamukurikira

8:1-4

1:40-45

5:12-16

 

Kaperinawumu

Akiza umuntu wamugaye

9:1-8

2:1-12

5:17-26

 

Ahamagara Matayo; asangira n’abasoresha; bamubaza ibirebana no kwigomwa kurya

9:9-17

2:13-22

5:27-39

 

Yudaya

Abwiriza mu masinagogi

   

4:44

 

Mu mwaka wa 31, Pasika

Yerusalemu

Akiza umuntu i Betesida; Abayahudi bashaka kumwica

     

5:1-47

Agaruka avuye i Yerusalemu (?)

Abigishwa baca amahundo ku Isabato; Yesu ni “Umwami w’Isabato”

12:1-8

2:23-28

6:1-5

 

Galilaya, Inyanja ya Galilaya

Akiza ukuboko k’umuntu ku Isabato; abantu bamukurikira; akiza abandi bantu benshi

12:9-21

3:1-12

6:6-11

 

Umusozi wo hafi y’i Kaperinawumu

Atoranya intumwa 12

 

3:13-19

6:12-16

 

Hafi y’i Kaperinawumu

Atanga Ikibwiriza cyo ku Musozi

5:1–7:29

 

6:17-49

 

Kaperinawumu

Akiza umugaragu w’umukuru w’abasirikare

8:5-13

 

7:1-10

 

Nayini

Azura umwana w’umupfakazi

   

7:11-17

 

Tiberiyo; Galilaya (Nayini cyangwa hafi yaho)

Yohana atuma abigishwa be kuri Yesu; ukuri guhishurirwa abameze nk’abana bato; kuba umwigishwa wa Yesu ntibiruhije

11:2-30

 

7:18-35

 

Galilaya (Nayini cyangwa hafi yaho)

Umugore w’umunyabyaha asuka amavuta ku birenge bye; umugani w’abantu bari bafite ideni

   

7:36-50

 

Galilaya

Urugendo rwa kabiri rwo kubwiriza ari kumwe n’intumwa 12

   

8:1-3

 

Yirukana abadayimoni; icyaha kitababarirwa

12:22-37

3:19-30

   

Abima ikimenyetso, akabaha icy’umuhanuzi Yona

12:38-45

     

Mama we na barumuna be baza; avuga ko abigishwa be ari bo bavandimwe be

12:46-50

3:31-35

8:19-21