Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

A7-D

Ibintu by’ingenzi byaranze Yesu igihe yari ku isi—Umurimo ukomeye Yesu yakoreye muri Galilaya (Igice cya 2)

IGIHE

AHANTU

IBYABAYE

MATAYO

MARIKO

LUKA

YOHANA

Mu mwaka wa 31 cg mu wa 32

Mu karere ka Kaperinawumu

Yesu akoresha imigani yerekeye Ubwami

13:1-53

4:1-34

8:4-18

 

Ku nyanja ya Galilaya

Ari mu bwato, agacyaha umuyaga ugatuza

8:18, 23-27

4:35-41

8:22-25

 

Mu karere ka Gadara

Yohereza abadayimoni mu ngurube

8:28-34

5:1-20

8:26-39

 

Birashoboka ko yari i Kaperinawumu

Akiza umugore wavaga amaraso; azura umukobwa wa Yayiro

9:18-26

5:21-43

8:40-56

 

Kaperinawumu (?)

Akiza umuntu wari ufite ubumuga bwo kutabona n’uwari ufite ubumuga bwo kutavuga

9:27-34

     

Nazareti

Mu mujyi w’iwabo bongera kwanga kumwemera

13:54-58

6:1-5

   

Galilaya

Urugendo rwa gatatu yakoreye i Galilaya; yagura umurimo, akohereza intumwa kubwiriza

9:35–11:1

6:6-13

9:1-6

 

Tiberiya

Herode aca umutwe Yohana Umubatiza; aterwa ubwoba na Yesu

14:1-12

6:14-29

9:7-9

 

Mu mwaka wa 32, Pasika yegereje (Yh 6:4)

Kaperinawumu (?); Mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’Inyanja ya Galilaya

Intumwa zigaruka zivuye kubwiriza; agaburira abagabo 5.000

14:13-21

6:30-44

9:10-17

6:1-13

Mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’Inyanja ya Galilaya; Genesareti

Bashaka gushyiraho Yesu ngo abe umwami; Yesu agenda hejuru y’inyanja; akiza abantu benshi

14:22-36

6:45-56

 

6:14-21

Kaperinawumu

Avuga ko ari “umugati utanga ubuzima”; abigishwa benshi bacika intege bakigendera

     

6:22-71

Mu mwaka wa 32, nyuma ya Pasika

Hashobora kuba ari i Kaperinawumu

Ashyira ahabona imigenzo y’abantu

15:1-20

7:1-23

 

7:1

Foyinike; Dekapoli

Akiza umwana w’umugore w’Umunyafoyinike; agaburira abagabo 4.000

15:21-38

7:24–8:9

   

Magadani

Abima ikimenyetso, akabaha icya Yona

15:39–16:4

8:10-12