Ku wa Gatanu
“Urukundo rurihangana”—1 Abakorinto 13:4
Mbere ya saa Sita
-
8:20 Videwo y’umuzika wihariye
-
8:30 Indirimbo ya 66 n’isengesho
-
8:40 DISIKURU ITANGWA N’UHAGARARIYE IKORANIRO: Kuki dukwiriye ‘gukomeza kwihangana?’ (Yakobo 5:7, 8; Abakolosayi 1:9-11; 3:12)
-
9:10 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: “Ikintu cyose gifite igihe cyagenewe”
-
• Jya utekereza ku buryo Yehova abona igihe (Umubwiriza 3:1-8, 11)
-
• Gushaka incuti bisaba igihe (Imigani 17:17)
-
• Gukura mu buryo bw’umwuka bisaba igihe (Mariko 4:26-29)
-
• Kugera ku ntego wishyiriyeho bisaba igihe (Umubwiriza 11:4, 6)
-
-
10:05 Indirimbo ya 143 n’Amatangazo
-
10:15 INKURU YO MURI BIBILIYA YASOMWE: Dawidi yategereje Yehova (1 Samweli 24:2-15; 25:1-35; 26:2-12; Zaburi 37:1-7)
-
10:45 Jya ubona ko kuba Imana yihangana bigufitiye akamaro (Abaroma 2:4, 6, 7; 2 Petero 3:8, 9; Ibyahishuwe 11:18)
-
11:15 Indirimbo ya 147 n’ikiruhuko
Nyuma ya saa Sita
-
12:35 Videwo y’umuzika wihariye
-
12:45 Indirimbo ya 17
-
12:50 Jya wigana umuco wa Yesu wo kwihangana (Abaheburayo 12:2, 3)
-
1:10 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Jya wigana abazaragwa amasezerano binyuze ku kwihangana
-
• Aburahamu na Sara (Abaheburayo 6:12)
-
• Yozefu (Intangiriro 39:7-9)
-
• Yobu (Yakobo 5:11)
-
• Moridekayi na Esiteri (Esiteri 4:11-16)
-
• Zekariya na Elizabeti (Luka 1:6, 7)
-
• Pawulo (Ibyakozwe 14:21, 22)
-
-
2:10 Indirimbo ya 11 n’amatangazo
-
2:20 DISIKURU Z’URUHEREREKANE: Ibyaremwe bikwigisha iki ku bijyanye n’uko Yehova abara igihe?
-
• Ibiti (Matayo 24:32, 33)
-
• Ibinyabuzima byo mu nyanja (2 Abakorinto 6:2)
-
• Inyoni (Yeremiya 8:7)
-
• Udukoko (Imigani 6:6-8; 1 Abakorinto 9:26)
-
• Inyamabere zo ku butaka (Umubwiriza 4:6; Abafilipi 1:9, 10)
-
-
3:20 “Uwo munsi n’icyo gihe, nta muntu ubizi” (Matayo 24:36; 25:13, 46)
-
3:55 Indirimbo ya 27 n’isengesho