Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

18-B

Amafaranga n’uburemere

Amafaranga n’uburemere

Amafaranga avugwa mu Byanditswe by’igiheburayo, hakurikijwe uburemere bwayo

Gera (1⁄20 cya shekeli)

g 0,57

gera 10 = beka 1

Beka

g 5,7

beka 2 = shekeli 1

Pimu

g 7,8

pimu 1 = 2⁄3 bya shekeli

Uburemere bwa shekeli

Shekeli

g 11,4

Shekeli 50 = mina 1

Mina

g 570

mina 60 = italanto 1

Italanto

kg 34,2

Idariki (y’Abaperesi, muri zahabu)

g 8,4

Ezira 8:27

Amafaranga avugwa mu Byanditswe by’ikigiriki, hakurikijwe uburemere bwayo

Leputoni (y’Abayahudi, mu muringa cyangwa buronze)

1⁄2 cya kwadara

Luka 21:2

Kwadara (y’Abaroma, mu muringa cyangwa buronze)

Leputa 2

Matayo 5:26

Asariyoni (y’Abaroma no mu ntara, mu muringa cyangwa buronze)

Kwadara 4

Matayo 10:29

Idenariyo (y’Abaroma, mu ifeza)

Kwadara 64

g 3,85

Matayo 20:10

Umushahara w’umunsi 1 (amasaha 12)

Idarakama (y’Abagiriki, mu ifeza)

g 3,4

Luka 15:8

Umushahara w’umunsi 1 (amasaha 12)

Ididarakama (y’Abagiriki, mu ifeza)

idarakama 2

g 6,8

Matayo 17:24

Umushahara w’iminsi 2

Itetaradarakama yo muri Antiyokiya

Itetaradarakama y’i Tiro (shekeli y’ifeza y’i Tiro)

Itetaradarakama (y’Abagiriki, mu ifeza; nanone yitwa sitateri yo mu ifeza)

idarakama 4

g 13,6

Matayo 17:27

Umushahara w’iminsi 4

Mina

idarakama 100

g 340

Luka 19:13

= Umushahara w’iminsi igera ku 100

Italanto

mina 60

kg 20,4

Matayo 18:24

Ibyahishuwe 16:21

= Umushahara w’imyaka igera kuri 20

Igice cya L (y’Abaroma)

g 327

Yohana 12:3

“Igice cya litiro y’amavuta ahumura neza y’agati kitwa narada”