4-E
Ibintu by’ingenzi byaranze imibereho ya Yesu ku isi—Umurimo ukomeye Yesu yakoreye muri Galilaya (Igice cya 3) n’i Yudaya
IGIHE |
AHANTU |
IBYABAYE |
MATAYO |
MARIKO |
LUKA |
YOHANA |
---|---|---|---|---|---|---|
32, nyuma ya Pasika |
Inyanja ya Galilaya; Betsayida |
Ari mu bwato bwajyaga i Betsayida, ababwira kwirinda umusemburo w’Abafarisayo; ahumura impumyi |
||||
Kayisariya ya Filipo |
Imfunguzo z’Ubwami; ahanura ko azapfa, akazuka |
|||||
Wenda ku Msz. Herumoni |
Ahindura isura; Yehova avuga |
|||||
Kayisariya ya Filipo |
Akiza umwana wafashwe n’amadayimoni |
|||||
Galilaya |
Yongera guhanura iby’urupfu rwe |
|||||
Kaperinawumu |
Yishyura igiceri akuye mu munwa w’ifi |
|||||
Umukuru kuruta abandi mu Bwami; umugani w’intama yazimiye n’umugaragu utababarira |
||||||
Galilaya na Samariya |
Ajya i Yerusalemu, asaba abigishwa gusiga byose ku bw’inyungu z’Ubwami |
7:2-10 |
Umurimo Yesu yakoreye muri Yudaya nyuma yaho
IGIHE |
AHANTU |
IBYABAYE |
MATAYO |
MARIKO |
LUKA |
YOHANA |
---|---|---|---|---|---|---|
32, Iminsi Mikuru y’Ingando |
Yerusalemu |
Yigishiza mu minsi mikuru; bohereza abantu bo kumufata |
7:11-52 |
|||
Avuga ati “ndi umucyo w’isi;” ahumura impumyi |
8:12–9:41 |
|||||
Birashoboka ko ari i Yudaya |
Yohereza abigishwa 70; bagaruka bishimye |
|||||
Yudaya; Betaniya |
Umugani w’Umusamariya mwiza; ajya kwa Marita na Mariya |
|||||
Birashoboka ko ari i Yudaya |
Yongera kwigisha isengesho ntangarugero; gukomeza gusaba incuti |
|||||
Yirukana abadayimoni; yongera gutanga ikimenyetso cya Yona |
||||||
Asangira n’Umufarisayo; yamagana uburyarya bw’Abafarisayo |
||||||
Imigani: umukire w’umupfapfa n’igisonga cyizerwa |
||||||
Akiza ku Isabato umugore wahetamye; akabuto ka sinapi n’imigani y’umusemburo |
||||||
32, Umunsi Mukuru wo Gutaha Urusengero |
Yerusalemu |
Umwungeri mwiza n’urugo rw’intama; Abayahudi bashaka kumutera amabuye; ajya i Betaniya hakurya ya Yorodani |
10:1-39 |