Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

4-C

Ibintu by’ingenzi byaranze imibereho ya Yesu ku isi—Umurimo ukomeye Yesu yakoreye muri Galilaya (Igice cya 1)

Ibintu by’ingenzi byaranze imibereho ya Yesu ku isi—Umurimo ukomeye Yesu yakoreye muri Galilaya (Igice cya 1)

IGIHE

AHANTU

IBYABAYE

MATAYO

MARIKO

LUKA

YOHANA

30

Galilaya

Abanza gutangaza ati “ubwami bwo mu ijuru buri hafi”

4:17

1:14, 15

4:14, 15

4:44, 45

Kana; Nazareti; Kaperinawumu

Akiza umwana w’umutware; asoma mu muzingo wa Yesaya; ajya i Kaperinawumu

4:13-16

 

4:16-31

4:46-54

Inyanja ya Galilaya, hafi y’i Kaperinawumu

Ahamagara abigishwa bane: Simoni na Andereya, Yakobo na Yohana

4:18-22

1:16-20

5:1-11

 

Kaperinawumu

Akiza nyirabukwe wa Petero n’abandi

8:14-17

1:21-34

4:31-41

 

Galilaya

Ajya i Galilaya bwa 1 ari kumwe n’abigishwa

4:23-25

1:35-39

4:42, 43

 

Akiza umubembe; abantu bakamukurikira

8:1-4

1:40-45

5:12-16

 

Kaperinawumu

Akiza ikimuga

9:1-8

2:1-12

5:17-26

 

Ahamagara Matayo; asangira n’abakoresha b’ikoro; ikibazo cyo kwiyiriza ubusa

9:9-17

2:13-22

5:27-39

 

Yudaya

Abwiriza mu masinagogi

   

4:44

 

31, Pasika

Yerusalemu

Akiza umuntu i Betesida; Abayahudi bashaka kumwica

     

5:1-47

Agaruka avuye i Yerusalemu (?)

Abigishwa baca amahundo ku Isabato; Yesu “Umwami w’Isabato”

12:1-8

2:23-28

6:1-5

 

Galilaya; Inyanja ya Galilaya

Akiza ukuboko k’umuntu ku Isabato; abantu bamukurikira agakiza abandi benshi

12:9-21

3:1-12

6:6-11

 

Msz. hafi y’i Kaperinawumu

Atoranya intumwa 12

 

3:13-19

6:12-16

 

Hafi y’i Kaperinawumu

Ikibwiriza cyo ku Musozi

5:1–7:29

 

6:17-49

 

Kaperinawumu

Akiza umugaragu w’umutware w’abasirikare

8:5-13

 

7:1-10

 

Nayini

Azura umwana w’umupfakazi

   

7:11-17

 

Tiberiyo; Galilaya (Nayini cyangwa hafi yaho)

Yohana atuma abigishwa be kuri Yesu; ukuri guhishurirwa abana bato

11:2-30

 

7:18-35

 

Galilaya (Nayini cyangwa hafi yaho)

Umugore w’umunyabyaha asuka amavuta ku birenge bye; umugani w’abarimo umwenda

   

7:36-50

 

Galilaya

Urugendo rwa 2 rwo kubwiriza, we n’intumwa

   

8:1-3

 

Yirukana abadayimoni; icyaha kitababarirwa

12:22-37

3:19-30

   

Abima ikimenyetso, akabaha icya Yona

12:38-45

     

Nyina na barumuna be baza; avuga ko abigishwa be ari bo bavandimwe be

12:46-50

3:31-35

8:19-21