Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

IKIBAZO CYA 17

Bibiliya yafasha ite umuryango wawe?

Bibiliya yafasha ite umuryango wawe?

ABAGABO/ABABYEYI B’ABAGABO

“Muri ubwo buryo, abagabo bakwiriye gukunda abagore babo nk’imibiri yabo bwite. Ukunda umugore we aba yikunda, kuko nta muntu wigeze yanga umubiri we. . . . Umuntu wese muri mwe abe ari ko akunda umugore we nk’uko yikunda.”

Abefeso 5:28, 29, 33

“Namwe ba se, ntimukarakaze abana banyu, ahubwo mukomeze kubarera mubahana nk’uko Yehova ashaka.”

Abefeso 6:4

ABAGORE

“Umugore agomba kubaha cyane umugabo we.”

Abefeso 5:33

“Bagore, mujye mugandukira abagabo banyu nk’uko bikwiriye mu Mwami.”

Abakolosayi 3:18

ABANA

“Bana, mwumvire ababyeyi banyu mwunze ubumwe n’Umwami, kuko ibyo ari byo bikiranuka: ‘wubahe so na nyoko,’ kuko iryo ari ryo tegeko rya mbere riherekejwe n’isezerano, ‘kugira ngo ugubwe neza kandi uramire mu isi igihe kirekire.’”

Abefeso 6:1-3

“Bana, mujye mwumvira ababyeyi banyu muri byose, kuko ari byo bishimisha Umwami.”

Abakolosayi 3:20