Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

IKIBAZO CYA 19

Ni ubuhe butumwa buri mu bitabo bitandukanye bigize Bibiliya?

Ni ubuhe butumwa buri mu bitabo bitandukanye bigize Bibiliya?

IBYANDITSWE BY’IGIHEBURAYO (“ISEZERANO RYA KERA”)

PANTATEKI (IBITABO 5):

Intangiriro, Kuva, Abalewi, Kubara no Gutegeka kwa Kabiri

Havugwamo ibyabaye kuva ku irema kugeza igihe ishyanga rya Isirayeli ya kera ryavukaga

IBITABO BY’AMATEKA (IBITABO 12):

Yosuwa, Abacamanza na Rusi

Uko Abisirayeli binjiye mu Gihugu cy’Isezerano n’ibyabaye nyuma yaho

1 Samweli, 2 Samweli, 1 Abami, 2 Abami, 1 Ibyo ku Ngoma na 2 Ibyo ku Ngoma

Amateka y’ishyanga rya Isirayeli kugeza ku irimbuka rya Yerusalemu

Ezira, Nehemiya na Esiteri

Amateka y’Abayahudi nyuma y’aho baviriye mu bunyage i Babuloni

IBITABO BY’UBUSIZI (IBITABO 5):

Yobu, Zaburi, Imigani, Umubwiriza n’Indirimbo ya Salomo

Amagambo y’ubwenge n’indirimbo byakusanyirijwe hamwe

IBITABO BY’UBUHANUZI (IBITABO 17):

Yesaya, Yeremiya, Amaganya ya Yeremiya, Ezekiyeli, Daniyeli, Hoseya, Yoweli, Amosi, Obadiya, Yona, Mika, Nahumu, Habakuki, Zefaniya, Hagayi, Zekariya na Malaki

Ubuhanuzi bwahanuriwe ubwoko bw’Imana

IBYANDITSWE BY’IKIGIRIKI BYA GIKRISTO (“ISEZERANO RISHYA”)

AMAVANJIRI ANE (IBITABO 4):

Matayo, Mariko, Luka na Yohana

Inkuru zivuga imibereho ya Yesu n’umurimo we

IBYAKOZWE N’INTUMWA (IGITABO 1):

Amateka y’uko itorero rya gikristo ryatangiye n’umurimo w’ubumisiyonari

INZANDIKO (IBITABO 21):

Abaroma, 1 Abakorinto, 2 Abakorinto, Abagalatiya, Abefeso, Abafilipi, Abakolosayi, 1 Abatesalonike na 2 Abatesalonike

Inzandiko zandikiwe amatorero ya gikristo atandukanye

1 Timoteyo, 2 Timoteyo, Tito na Filemoni

Inzandiko zandikiwe Abakristo ku giti cyabo

Abaheburayo, Yakobo, 1 Petero, 2 Petero, 1 Yohana, 2 Yohana, 3 Yohana na Yuda

Inzandiko zandikiwe Abakristo muri rusange

IBYAHISHUWE (IGITABO 1):

Uruherekane rw’ibyo intumwa Yohana yeretswe bifitanye isano n’ubuhanuzi