Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Imihangayiko

Imihangayiko

Ese wumva uhangayikishijwe n’ibibazo bitandukanye urugero nk’ubukene, inzara no kubura aho uba?

Img 10:15; 19:7; 30:8

  • Ingero zo muri Bibiliya:

    • Amg 3:19​—Igihe Yerusalemu yari imaze kurimburwa, umuhanuzi Yeremiya n’abandi Bisirayeli benshi basigaye nta ho kuba bafite

    • 2Kor 8:1, 2; 11:27​—Abakristo b’i Makedoniya bigeze guhura n’ikibazo cy’ubukene bukabije; intumwa Pawulo na we akenshi yajyaga abura ibyokurya, imyambaro n’aho kuba

  • Imirongo ihumuriza:

Ese wumva uhangayikishijwe n’irungu, kutagira incuti cyangwa kumva udakunzwe?

Yobu 19:19; Umb 4:10, 12

  • Ingero zo muri Bibiliya:

    • 1Bm 18:22; 19:9, 10​—Umuhanuzi Eliya yumvaga ko ari we mugaragu wa Yehova w’indahemuka wari usigaye

    • Yer 15:16-21​—Umuhanuzi Yeremiya yumvaga ari wenyine kubera ko abantu bo mu gihe cye biberaga mu binezeza aho kumva ubutumwa bwe

  • Imirongo yo muri Bibiliya ihumuriza:

  • Ingero zo muri Bibiliya:

    • 1Bm 19:1-19​—Yehova yafashije Eliya amuha ibyo yari akeneye, amutega amatwi yitonze igihe yamubwiraga ibyari bimuhangayikishije kandi amutera inkunga, amwereka ko yari afite imbaraga zo kumufasha

    • Yoh 16:32, 33​—Yesu yari azi ko yari kuzatereranwa, ariko nanone yumvaga ko atari kuzaba ari wenyine