Soma ibirimo

ICYICIRO CYA 1

Umucyo nyakuri w’isi

Umucyo nyakuri w’isi

Mu ntangiriro Jambo yari kumwe n’Imana kandi yari ameze nk’Imana (gnj 1 00:00–00:43)

Yoh 1:1, 2

Imana yakoresheje Jambo mu kurema ibintu byose (gnj 1 00:44–01:00)

Yoh 1:3a

Ubuzima n’umucyo byabayeho binyuze kuri Jambo (gnj 1 01:01–02:11)

Yoh 1:3b, 4

Umwijima ntiwigeze uganza umucyo (gnj 1 02:12–03:59)

Yoh 1:5

Luka asobanura uko byari byifashe igihe yandikaga inkuru ye n’impamvu yandikiye Tewofili (gnj 1 04:13–06:02)

Gaburiyeli avuga ko Yohana Umubatiza yari kuvuka (gnj 1 06:04–13:53)

Gaburiyeli avuga ko Yesu yari kuvuka (gnj 1 13:52–18:26)

Mariya asura mwene wabo witwaga Elizabeti (gnj 1 18:27–21:15)

Mariya asingiza Yehova (gnj 1 21:14–24:00)

Yohana avuka bakamwita izina (gnj 1 24:01–27:17)

Umuhanuzi bwa Zekariya (gnj 1 27:15–30:56)

Mariya asama binyuze ku mwuka wera; uko Yozefu yabyakiriye (gnj 1 30:58–35:29)

Yozefu na Mariya bajya i Betelehemu; Yesu avuka (gnj 1 35:30–39:53)

Abamarayika babonekera abashumba bari barinze amatungo yabo (gnj 1 39:54–41:40)

Abashumba bajya aho amatungo arira (gnj 1 41:41–43:53)

Yesu ajyanwa imbere ya Yehova mu rusengero (gnj 1 43:56–45:02)

Simeyoni agira umugisha wo kubona Kristo (gnj 1 45:04–48:50)

Ana avuga iby’uwo mwana (gnj 1 48:52–50:21)

Abantu baragura bakoresheje inyenyeri basura uwo mwana maze Herode agapanga kumwica (gnj 1 50:25–55:52)

Yozefu, Mariya na Yesu bahungira muri Egiputa (gnj 1 55:53–57:34)

Herode yica abana bato b’abahungu b’i Betelehemu no mu turere twaho twose (gnj 1 57:35–59:32)

Umuryango wa Yesu utura i Nazareti (gnj 1 59:34–1:03:55)

Yesu ajya mu rusengero afite imyaka cumi n’ibiri (gnj 1 1:04:00–1:09:40)

Yesu asubira i Nazareti ari kumwe n’ababyeyi be (gnj 1 1:09:41–1:10:27)

Umucyo nyakuri wari ugiye kuza mu isi (gnj 1 1:10:28–1:10:55)

Yoh 1:9