Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

12-18 Gashyantare

MATAYO 14-15

12-18 Gashyantare
  • Indirimbo ya 93 n’isengesho

  • Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

  • Agaburira abantu benshi binyuze kuri bake”: (Imin. 10)

  • Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana (Imin. 8)

    • Mt 15:7-9—Kuki twagombye kwirinda uburyarya? (“indyarya” ibisobanuro Mt 15:7, nwtsty)

    • Mt 15:26—Yesu yashakaga kuvuga iki igihe yavugaga ngo: “ibibwana by’imbwa”? (“abana . . . ibibwana by’imbwa” ibisobanuro Mt 15:26, nwtsty)

    • Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?

    • Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?

  • Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Mt 15:1-20

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

  • Kuganira n’umuntu ku nshuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Ifashishe Uburyo bwo gutangiza ibiganiro.

  • Videwo y’uko wasubira gusura bwa mbere: (Imin. 5) Erekana iyo videwo hanyuma muyiganireho.

  • Disikuru: (Imin. 6 cg itagezeho) w15 15/9 16-17 par. 14-17—Umutwe: Tumbira Yesu kugira ngo ukwizera kwawe kurusheho gukomera.

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO