12-18 Gashyantare
MATAYO 14-15
Indirimbo ya 93 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Agaburira abantu benshi binyuze kuri bake”: (Imin. 10)
Mt 14:16, 17—Abigishwa ba Yesu bari bafite imigati itanu n’amafi abiri (w13 15/7 15 par. 2)
Mt 14:18, 19—Yesu yagaburiye abantu benshi binyuze ku bigishwa be (w13 15/7 15 par. 3)
Mt 14:20, 21—Igitangaza Yesu yakoze cyagiriye abantu benshi akamaro (“abagore n’abana” ibisobanuro Mt 14:21, nwtsty; w13 15/7 15 par. 1)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana (Imin. 8)
Mt 15:7-9—Kuki twagombye kwirinda uburyarya? (“indyarya” ibisobanuro Mt 15:7, nwtsty)
Mt 15:26—Yesu yashakaga kuvuga iki igihe yavugaga ngo: “ibibwana by’imbwa”? (“abana . . . ibibwana by’imbwa” ibisobanuro Mt 15:26, nwtsty)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Mt 15:1-20
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu ku nshuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Ifashishe Uburyo bwo gutangiza ibiganiro.
Videwo y’uko wasubira gusura bwa mbere: (Imin. 5) Erekana iyo videwo hanyuma muyiganireho.
Disikuru: (Imin. 6 cg itagezeho) w15 15/9 16-17 par. 14-17—Umutwe: Tumbira Yesu kugira ngo ukwizera kwawe kurusheho gukomera.
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ba incuti ya Yehova—Gushaka incuti: (Imin. 7) Erekana iyo videwo. Saba abana watoranyije kuza imbere, maze ubabaze ibibazo bikurikira: Kuki wagombye gushakira inshuti mu bantu bakunda Yehova? Ni iki wabigiraho?
“Jya wubaha so na nyoko”: (Imin. 8) Ikiganiro. Erekana videwo ishushanyije ivuga ngo Naganira nte n’ababyeyi banjye?
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 8
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 148 n’isengesho