4-10 Gashyantare
ABAROMA 1-3
Indirimbo ya 88 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Komeza gutoza umutimanama wawe”: (Imin. 10)
[Erekana videwo ivuga iby’Igitabo cy’Abaroma.]
Rm 2:14, 15—Buri muntu agira umutimanama (lvs 18 par. 6)
Rm 2:15—Tugomba gutoza umutimanama wacu kugira ngo utuyobore neza (lvs 19-20 par. 8-9)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Rm 3:4—Tugaragaza dute ko ‘Imana ari inyakuri’? (w08 15/6 30 par. 5)
Rm 3:24, 25—Ni mu buhe buryo ‘incungu yatanzwe na Kristo Yesu’ itwikira “ibyaha byakozwe mu gihe cya kera”? (w08 15/6 29 par. 6)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Rm 1:1-17 (th ingingo ya 10)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Itoze Gusoma no Kwigisha: (Imin. 10) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Imvugo yo mu biganiro bisanzwe,” hanyuma muganire ku ngingo ya 2 yo mu gatabo Gusoma no Kwigisha.
Disikuru: (Imin. 5 cg itagezeho) w06 1/6 12-13—Umutwe: Jya umenya aho ubushobozi bwawe n’ubw’abandi bigarukira. (th ingingo ya 7)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Ese ubona imico y’Imana itaboneka?”: (Imin. 15) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Ibyaremwe bihesha Imana icyubahiro: Urumuri n’amabara.”
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 53
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 142 n’isengesho