24-30 Gicurasi
KUBARA 34-36
Indirimbo ya 33 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Jya ushakira ubuhungiro kuri Yehova”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Kb 35:31—Kuki igitambo cya Yesu Kristo kitazagirira akamaro Adamu na Eva? (w91 15/2 13 par. 13)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) Kb 34:1-15 (th ingingo ya 10)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro kandi utsinde imbogamirabiganiro mukunze guhura na yo. (th ingingo ya 12)
Gusubira gusura: (Imin. 4) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro, hanyuma muganire kuri videwo ivuga ngo: “Kuki ukwiriye kwiga Bibiliya?” nk’aho mumaze kuyireba, ariko ntuyimwereke. (th ingingo ya 9)
Ikigisho cya Bibiliya: (Imin. 5) fg isomo rya 2 par. 9-10 (th ingingo ya 19)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ba incuti ya Yehova—Iyo baguhannye baba bagukunda: (Imin. 6) Ikiganiro. Erekana iyo videwo. Niba bishoboka baza abana watoranyije ibi bibazo: Kuki hari igihe ababyeyi baguhana? Iyo ababyeyi baguhannye bikumarira iki? Kuki Yehova aduhana?
“Igihano kigaragaza ko Yehova adukunda”: (Imin. 9) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Yehova ahana uwo akunda”
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) lvs, igice cya 11 par. 1-15
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 132 n’isengesho